Harabura Iminsi 4 ngo amatora atangire: Uko umunsi wa 19 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Bugesera i Mayange.Uyu mukandida kandi nk’uko…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Robertinho yavuze kurwego rwa rutahizamu mushya wa Rayon , dore abanyacyubahiro baza kwitabira umuhango wo gushyingura Issa Hayatou

Umunya-Cameroon Issa Hayatou wayoboye impuzamashyirahamwe y’aruhago muri Africa “CAF”   Issa Hayatou uherutse kwitaba Imana arashyingurwa none, akaba ari umuhango uzakwitabirwa n’abanyacyubahiro batandukanye mu mupira w’isi harimo umuyobozi wa CAF Dr Patrice Motsepe , Ahmad Ahmad wayoboye nawe CAFA  ndetse n’umuyobozi w’impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi Giovanni Vincenzo Infantino.(#CAF) Umunya-Cameroon Leonel Ateba  w’imyaka 25 yamaza gusinyira…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mangwende ntashaka kuza muri APR FC, Marocco yemeye kwishingira Congo Brazzaville yari yanze kuza gukina!

Buri mukinnyi wa South Sudan biteganyijwe ko  azahabwa  ???????????? $????????????  n‘ibaramuka batsinze umukino bafitanye na Sudan mumikino yo gushaka tike y’igikombe cy’isi cya 2026 kuri uy’uwakaniri, bakazongerwa n’anone agera , ???????????? $???????????????? kuri buri mukinnyi azatangwa n’umunya poliki ukomeye muri ikigihugu w’itwa Tut Gatulak. ( Micky Jnr) Mumukino  wahuje ekipe  ya  ???????????????????? ???????????????????????????? na ????????????????????????????…

Read More

USA : Imfungwa ya mbere yari ifungiwe muri gereza ya Guantanamo yasubijwe mu gihugu cyayo

Minisiteri y’ingabo y’Amerika yatangaje ko  umugabo witwa Ridah Bin Saleh al-Yazidi wari ufungiwe muri gereza ya Guantanamo  yasubijwe mu gihugu cye . Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yatangaje ko Bwana Yazidi yari umwe mu bari barafunzwe mbere muri Mutarama 2002. Nk’uko ikinyamakuru New York Times kibitangaza ngo  Yazidi ntabwo yigeze aregwa icyaha na kimwe ndetse…

Read More

Brian Kagame yasoje amasomo ye ya gisirikare

Umwana wa  Perezida Paul Kagame witwa Brian Kagame yateye ikirenge mu cya mukuru we Ian Kagame nyuma yo gushyira iherezo ku masomo ye ya gisirikare yarimo akurikiranira mu mu ishuri ryo mu Bwongereza rya Royal Military Academy Sandhurst . Brian Kagame usanzwe ari bucura bwa Perezida Kagame yasoreje aya masomo muri kaminuza yigisha  amasomo ya…

Read More

Uganda : Rebecca Cheptegei yasezeweho bwa nyuma n’umuryango we

Abantu babarirwa mu bihumbi bateraniye mu burasirazuba bwa Uganda gushyingura Rebecca Cheptegei wasiganwaga mu kwiruka ‘marathon’, watwitswe n’umugabo wahoze ari umukunzi we, na we waje gupfa. Gahunda yo kumushyingura kuri uyu wa gatandatu yatangiranye n’igikorwa cyo kumwibuka cy’abategetsi bo mu karere ka Bukwo, aho Cheptegei avuka. Cyabereye ku kibuga cy’ishuri. Cheptegei yahawe ibyubahiro byuzuye bya…

Read More