Somalia : abantu barindwi bapfiriye mu iturika ry’igisasu cy’umwiyahuzi muri Mogadishu

Abantu barindwi bapfuye , abandi batandatu barakomereka nyuma y’uko umwiyahuzi yiturikirijeho igisasu kuri cafe hanze y’ishuri ryigisha abapolisi mu murwa mukuru wa Somaliya, Mogadishu. Nk’uko abapolisi babitangaza, kuri wa kane abarimo abapolisi ndetse n’abasivili bari mu bahitanywe n’iki gisasu, ubwo barimo banywa icyayi hanze y’ishuri rikuru rya polisi rya Kaahiye. Polisi yagize ati: “Igisasu cyaturikiye…

Read More

Today In History : Leopold II we ubwe yitangarije yo Kongo [Zaire] ari umutungo we bwite

Tariki ya 5 Gashyantare ni umunsi wa 36 mu igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 329 tukagana ku musoza w’uyu mwaka ; dore iby’ingenzi twagerageje kubegeranyiriza byawuranze mu mateka . 789 : Ubwami bwa Maroc bwaravutse ndetse uwitwa Idris aba umwami wa mbere w’ubu bwami . 1778 : Leta ya Carolina y’amajyepfo yabaye leta ya kabiri…

Read More

Igihe kirageze ngo umugabane wa afurika ugire uruhare mu micungire y’umutekano w’isi : António Guterres

António Guterres ,Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye asanga Afrika ikwiye guhabwa intebe ihoraraho mu kanama gashinzwe umutekano kw’isi nk’imwe mu mpinduka zo gukosora akarengane kagiye kibasira uyu mugabane. Umuyobozi w’umuryango w’abibumbye yasabye akanama gashinzwe umutekano ku isi (UNSC) kuvugurura imiterere avuga ko yataye igihe no guha Afurika icyicaro gihoraho ku meza, ashimangira ko uyu mugabane udahagarariwe….

Read More

Umunya-Rwanda yafatiwe mu Budage akekwaho icyorezo cya Murburg

Mu gihugu cy’Ubudage hikanzwe Umunya-Rwanda waba ufite icyorezo cya Marburg kibasiye u Rwanda ndetse kikaba kimaze kugira nabo gihitana byanatumye ingendo za gariyamoshi zihagarikwa. Mugihe icyorezo cya Marburg gikomeje kwigaragaza cyane mu Rwanda hatangiye no kugira impungenge cyane ku bagenzi baturuka mu Rwanda ibi byabaye mu igihugu cy’Ubudage ubwo Gariyamoshi yahagarikwaga igitaraganya ivuye mu mugi…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Rayon Sports yegukanye igikombe cya ‘ Agaciro’ itsinze mukeba wayo APR FC

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo : 1953 Umukinnyi wamagare witwa Arie Van Vliet yatwaye shampiyona y’isi muri uyu mukino . 1977- umunya-Luxembourg Gilbert Dresch yabaye umukinnyi wa kabiri uherewe ikarita itukura kuri sitade Wembley, mu mikino mpuzamahanga ubwo u Bwongereza bwanyagiraga Luxembourg 5-0. 1984 Brazil yahawe igikombe cy’isi gusimbura icy’umwimerere…

Read More

Allison wa Liverpool yasabye bagenzi be kwandika amateka

Umunyezamu  w’ikipe ya Liverpool witwa Alisson Becker yahamagariye  bagenzi be gukora  amateka yabo mu gihe bayoboye izindi kipe mu guhatanira igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’ubwongereza . Umukinnyi mpuzamahanga ukomoka muri Berezile Allison yari mu ikipe ya Liverpool yegukanye igikombe cya Premier League iyobowe nuwahoze ari umutoza wayo ukomoka mu budage witwa…

Read More

Uganda : Habonetse umurwayi wa mbere w’ubushita bw’inkende

Uyu munsi kuwa kabiri, umuvugizi wa gereza muri Uganda, yavuze ko habonetse umurwayi umwe w’ubushita bw’inkende muri gereza ya Nakasongola iherereye mu gihugu rwagati. Yanavuze ko uwo murwayi yashyizwe mu kato kandi ko arimo kwitabwaho n’abaganga. Icyorezo cy’ubushita bw’inkende, muri imwe muri gereza zicukikiranyemo abantu muri Uganda, gishobora kuba ikibazo gikomeye gihangayikishije abayobozi mu rwego…

Read More