Abarimo Nzayisenga Jean D’Amour(Meya) basinyishijwe na Gicumbi fc

Ikipe ya gicumbi fc yasinyishije abarimo Umutoza Amrani Hatungimana ,Nzayisenga Jean D’Amour(Meya) , Nshimiyimana Olivier(Bonjour) na Rubuguza Jean Pierre mu rwego rwo kwitegura umwaka w’imikino mushya muri shampiyona y’ikiciro cya kabiri . Nyuma yuko Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, Ferwafa, ryatangaje ko shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri izakinwa guhera mu kwezi kwa Cumi uyu mwaka.ikipe ya Gicumbi…

Read More

Perezida Kagame yacyeje Donald Trump watorewe kongera kuyobora Amerika

Perezida Paul Kagame amaze gushimira Donald Trump kubwo kongera gutorerwa kuba perezida wa 47 wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika ahigitse uwo bari bahanganye Kamala Harris muri aya matora . Donald Trump wo mu ishyaka ry’Aba-Républicains yegukanye uyu mwanya w’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ahigitse Kamala Harris w’ishyaka ry’Aba-Démocrates nyuma yo kubona amajwi…

Read More

Paper Talk : Arsenal ,Chelsea na Liverpool ziracungira hafi Huijsen wa Bournemouth – Haramutse handikwa iki ?

1. Amakipe arimo Arsenal , Chelsea na Liverpool biravugwa ko zifuza gusinyisha myugariro w’umunye -Espanye ukinira ikipe ya AFC Bournemouth w’imyaka 19 witwa Dean Huijsen gusa Bournemouth yo yatangaje mbere ko uwifuza kugura uyu musore agomba gutanga miliyoni 55 z’amayero . [ TBR FOOTBALL ] 2. Ikipe ya Liverpool yatangaje ko iri gushaka umusore w’umufaransa…

Read More

Tombola ya UEFA nations league: Portugal ya Ronaldo n’Ubufaransa bwa Mbappe bamenye aho bazanyura

Tombola y’imikino ya UEFA nations league abenshi bari bategereje yashyize iraba ndetse isiga ibyamamare bitandukanye bimenye inzira bizanyuramo. N’igikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu cyasize habonetse imikino imwe n’imwe ikomeye harimo n’ifatwa nk’iyi ibihe byose bitewe n’amateka atandukanye. Iyi tombola ya 1/4 yasize imikino 4 y’umuriro, aho hagomba gukinwa imikino ibiri (ubanza n’uwo kwishyura) igakinwa…

Read More

Amerika; Ukuriye ikipe irinda aba Perezida n’ababayebo Kimberly Cheatle Yeguye mu nshingano.

Kimberly Cheatle yatangaje ibaruwa ye y’ubwegure mu nshingano zo kuyobora aka gatsinda karinda abakuru b’iki gihugu cy’igihangage nyuma y’iminsi mike hageragejwe iyicwa rya Donald Trump ubwo yiyamamazaga muri Leta ya Pennsylvania. Iki gitutu yagitewe nk’abakuru ba guverinoma ndetse na banyamategeko bakomeje kwerekana uburangare bukomeye kukurinda Trump bibaza ukuntu umwicanyi yarinze kugera aho aregera amasasu menshi…

Read More

Gisozi : Habaye impanuka ikomeye yatewe gucika feri kw’imodoka itwara ibishingwe

Mu Gakiriro ka Gisozi, habaye impanuka ikomeye yatewe no gucika feri kw’imodoka itwara ibishingwe yavaga i Nduba , iyi Impanuka yabaye ubwo iyo modoka yacikaga feri ikagonga ibinyabiziga byari biparitse mu muhanda, aho abakomeretse bari umunani mu buryo bworoshye n’abandi babiri bakomeretse bikomeye. Ubuyobozi bw’Akagari ka Musezero, aho iyi mpanuka yabereye, bwatangaje ko nta muntu…

Read More

Tariki ya 19 /ukwakira mu mateka : Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yahawe igihembo cya Africa Peace personality of the year” nk’impirimbanyi y’amahoro

Uyu munsi Tariki ya 19 Ukwakira ni umunsi wa 293 w’umwaka ubura iminsi 73 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka 2012: Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yahawe igihembo cya Africa Peace personality of the year” yagihawe ku rwego rwa Afurika kubera ibikorwa by’indashyikirwa amaze kugeza ku Banyarwanda ku…

Read More

Umukinnyi w’ingenzi wa Barcelona wari waravunitse yatangiye imyitozo

Umunya-Esipanye ukinira ikipe ya Barcelona hagati mu kibuga Marc Casado wari umaze iminsi afite ibibazo by’imvune yamaze gutangira imyitozo yitegura kugaruka mu kibuga. Uyu musore yatunguranye , cyane ko byari biteganyijwe ko azamara amezi arenga abiri hanze y’ikibuga , yagize imvune ku mukino wa Shampiyona Barcelona yatsinzemo Atletico Madrid ibitego bine kuri bibiri (2-4), ava…

Read More

DR.Congo igiye gukurikirana Kabila ku byaha birimo iby’intambara

Kuri uyu wa 30 Mata, minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba yatangaje ko yasabye Sena gukuraho ubudahangarwa bwa Kabila, kugirango akurikiranweho ibyaha by’intambara no guhungabanya umutekano w’icyo gihugu. Uyu Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagarutse muri iki gihugu mu mwaka 2023 aho yari amaze imyaka…

Read More