Abarimo Nzayisenga Jean D’Amour(Meya) basinyishijwe na Gicumbi fc
Ikipe ya gicumbi fc yasinyishije abarimo Umutoza Amrani Hatungimana ,Nzayisenga Jean D’Amour(Meya) , Nshimiyimana Olivier(Bonjour) na Rubuguza Jean Pierre mu rwego rwo kwitegura umwaka w’imikino mushya muri shampiyona y’ikiciro cya kabiri . Nyuma yuko Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, Ferwafa, ryatangaje ko shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri izakinwa guhera mu kwezi kwa Cumi uyu mwaka.ikipe ya Gicumbi…