Hashyizweho umugaba mushya w’Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique 

i Mocimboa Dá Praia mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, habereye ihererekanyabubasha hagati ya Gen. Maj. Alex Kagame wari ukuriye ibikorwa by’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda muri Mozambique na Gen. Maj. Emmy Ruvusha,  uzayobora izi ngabo mu gihe cy’umwaka nk’Umuhuzabikorwa w’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda muri iki gihugu. Ubwo habaga uyu muhango wo guhererekanya ububasha hagati…

Read More

Nyuma y’Imyaka 10  APR FC yongeye kugera kumukino wanyuma wa CECAFA Kagame Cup itanga ubutumwa kuri  Azam bafitanye urubanza!

Ikipe y’Ingabo z’igihugu APR FC imaze kugera kumukino wanyuma wa CECAFA nyuma yogutsinda kuri za penaliti  Al- Hilal Omdurman 5-4  umukino wabereye kuri KMC Stadium. Kuri uyu wa gatanu n’ibwo ikipe y’ingabo z’igihugu  APR FC  yagombaga kwisobanura n’ikipe ya Al- Hilal Omdurman yo muri Sudani  y’umutoza  Florent Ibengé akaba ari n’umukino wagombaga gutanga itike y’umukino w’anyuma…

Read More

Ni abaperezida bangahe bamaze kuyobora u Rwanda nyuma y\’ingoma ya cyami ?

Nyuma y’uko u Rwanda rurekuranye n’ubutegetsi bwa cyami rukagana inzira ya Repubulika yiswe iya Demokarasi, imyaka ibaye 63, ruyobowe n’abaperezida 6 guhera 1960 kugera taliki 5 ukwakira 2016-…? Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda rubimburirwa na: Dominique Mbonyumutwa: Yabaye perezida umwaka umwe gusa (28/01/1961 – 26/10/1961) Perezida Dominique Mbunyumutwa, niwe wabaye Perezida wa mbere wayoboye u Rwanda…

Read More

DRC : Uburayi bwatanze impuruza ku bikorwa bibi bya M23 mu duce yafashe

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi watangaje ko utejwe inkeke n’ikibazo cy’iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo byumwihariko uduce twamaze kwigarurirwa n’inyeshyamba z’umutwe wa M23 . Ibi byatangajwe n’Uhagaririye inyungu z’uyu muryango muri iki gihugu aho afite icyicaro gihoraho mu mujyi wa Beni uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ku munsi wejo…

Read More

Nyamasheke : umusore yaguwe gitumo arimo asambanya inka

Umusore witwa Enock yasanzwe n’abaturage ari gusambanya inka y’abaturage abanza kwanga kuyivaho bakimubona, aho afatiwe, ntiyaruhanya yemera icyaha, avuga ko yumvaga ashaka imibonano mpuzabitsina kandi atabona umukobwa wamwemerera ku buntu kandi nta mafaranga yari afite ,ibi bikaba byabereye Mu murenge wa Gihombo mu Karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba . Ndikumana Enock yasanze yakuyemo ipantalo,…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko ibiganiro bya Leta ya Congo na AFC/M23 byari kubera Qatar byasubitswe

Nyuma y’amakuru yavuzwe ko ibiganiro hagati ya AFC/M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo bigamije kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu byasubitswe, amakuru mashya aremeza ko ibi biganiro byabaye ndetse bikaba ku nshuro ya Kabiri . Igihe cyari kibaye kirekire Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaranze kuganira n’umutwe wa M23 mu buryo…

Read More

SUDAN : Umutwe wa RSF wasabwe n’umuryango w’abibumbye guhagarika Ibitero ku mujyi wa al-Fashir

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko atewe impungenge n’amakuru yerekeye ibitero bikomeye ingabo z’umutwe wa Rapid Support Forces zigometse kuri leta muri Sudani zirimo kugaba ku mujyi wa al-Fashir wo muri icyo gihugu. Umuryango w’Abibumbye ugereranya ko ahagana mu 2000 abantu bagera ku 300 000 bishwe n’abarwanyi b’aba Janjaweed mu ntara ya Darfur….

Read More

Ese Luis Campos ufatwa nk’ umucurabwenge w’imishinga mishya muri PSG yabigenje ate ?

Ikipe ya Paris Saint Germain, ni imwe mu makipe afite izina rivugwa cyane ku mugabane w’Uburayi dore ko initirirwa izina ry’umwe mu mijyi ikomeye kuri uyu mugabane. Nikenshi abakunzi ba ruhago bibaza impamvu nyirizina ihora itera intsinzwi ziteza ishavu mu bafana b’iyi kipe yo mu gihugu cy’ubufaransa. Hari benshi mu basesenguzi b’umupira w’amaguru uzumva bakubwira…

Read More

Chriss Eazy arashinjwa gushishura abanyekoreya y’epfo

Umuhanzi Rukundo christian, wamamaye nka Chriss Eazy, nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo “Sambolela”, yahindutse ingingo yo kuganirwaho hirya no hino Ku mbuga nkoranyambaga, aho bakomeje kumushinja gushishura tumwe mu duce tugize indirimbo “work” y’itsinda ry’abahanzi bo muri Koreya y’epfo. Uyu muhanzi usanzwe uzwiho igikundiro mu ngeri zose z’abanyarwanda, kubera umwihariko w’amaahusho y’indirimbo ze, kuri…

Read More

Ibyemezo byafashwe ku manza za Meya wa Nyanza na Turahirwa Moses

Ubutabera bw’u Rwanda bukurikiranye/Bwari bukurikiranye bamwe mu bantu bazwi mu Rwanda, Moses Turahirwa ndetse n’uwari Meya wa karere ka Nyanza Erasme Ntazinda , umwe byemejwe ko afungwa iminsi 30 undi bitegekwa ko arekurwa. 1/2: Urubanza rwa ‘Moses Turahirwa’ Kuri uyu wa 09 Gicurasi 2025, Urukiko rw’isumbuye rwa Kicukiro mu mujyi wa Kigali rwanzuye ko uyu…

Read More