Manchester United yasabiye abakinnyi bayo rifuti mu ndege ya Manchester city ihabwa urwamenyo

Ikipe ya Manchester United yasabye Manchester City ko yaha  rifuti mu ndege abakinnyi bayo  Alejandro Garnacho ndetse na  Kobbie Mainoo  mu rugendo rwerekeza mu gihugu cy’Ubufaransa mu bihembo bya Ballon d’or biteganyijwe gutangwa kuri uyu wa mbere. Mu muvuno mushya wa Sir James Arthur Ratcliffe wo kugabanya amafaranga ikipe ya Manchester United isohora ku mwaka…

Read More

Nyamasheke : umusore yaguwe gitumo arimo asambanya inka

Umusore witwa Enock yasanzwe n’abaturage ari gusambanya inka y’abaturage abanza kwanga kuyivaho bakimubona, aho afatiwe, ntiyaruhanya yemera icyaha, avuga ko yumvaga ashaka imibonano mpuzabitsina kandi atabona umukobwa wamwemerera ku buntu kandi nta mafaranga yari afite ,ibi bikaba byabereye Mu murenge wa Gihombo mu Karere ka Nyamasheke mu Ntara y’Iburengerazuba . Ndikumana Enock yasanze yakuyemo ipantalo,…

Read More

Intambara ya Ukraine n’uburusiya : Uburusiya buri gusatira kwigarurira umujyi ukomeye wa Ukraine

Ingabo z’Uburusiya zateye intambwe ikomeye mu minsi ya vuba aha ishize, iteje inkeke yo kuruta ibyo Ukraine yagezeho mu gitero cyayo cyambuka umupaka cyo mu karere ka Kursk ko mu Burusiya.Abasirikare b’Uburusiya ubu bari muri kilometero nkeya uvuye mu mujyi wa Pokrovsk, umujyi unyuzwamo ibikoresho byinshi ukoreshwa n’igisirikare cya Ukraine. Umujyi wa Pokrovsk umaze igihe…

Read More

DRC :abarimo Sutani Makenga ,Corneille Nangaa na Willy Ngoma batangiye kuburanishwa ku byaha byo kugambanira igihugu

Abarimo Corneille Nangaa wahoze ari umuyobozi w’ishyaka rya Alliance du Fleuve Congo ,Sutani Makenga , Willy Ngoma na Lawrence Kanyuka batangiye kuburanishwa kubirego bitandukanye byo guteza umutekano muke muri iki gihugu. Abategetsi ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ejo ku wa gatatu batangiye kuburanisha Nangaa wahoze uyoboye ishyaka ryatsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu ashize. Nangaa ariko…

Read More

Dore ibyo ugomba kumenya kuri Biro za Komisiyo muri Sena zashyizweho

Ku munsi wejo ,Perezida wa Sena, Dr Kalinda François Xavier yatangije igikorwa cyo gutora abagize Biro za Komisiyo zihoraho za Sena, ndetse hanemezwa komite igenzura imikorere ya Sena imyitwarire, imyifatire n’ubudahangarwa bw’Abasenateri. Senateri Usta Kayitesi Usta yatorewe kuba Perezida wa Komisiyo ya Politike n’Imiyoborere n’amajwi 25, na ho ku mwanya wa Visi Perezida wa Komisiyo…

Read More

Umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana ku kamaro k\’amata,Donald Trump ,Hitler… uyu munsi mu mateka taliki ya 1/Kamena

Ibyibukwa by\’ingenzi byaranze iyi tarik 1 kamena mu mateka y\’Isi by\’umwihariko mu buzima bwa muntu,Buri munsi wose mu mateka y\’Isi uba ufite icyo usobanuye haba ku muntu, ku muryango runaka, Igihugu, Umugabane, ndetse n\’Isi yose muri rusange,reka dusubire inyuma mu mateka turebe iby\’ingenzi byaranze iyi tariki: Uyu munsi ni ku wa gatandatu tariki ya 01…

Read More

AMAKURU MASHYA : kubera gahunda zirimo zo gutegura irahira ry’umukuru w’igihugu ;AMAHORO Stadium ntabwo izaboneka vuba aha!

AMAHORO Stadium ntabwo izaboneka mbere ya Tariki 12.08.24 kubera gahunda zirimo zo gutegura irahira ry’umukuru w’igihugu ,amakuru ahari avugwa ko RayonSportsDay2024 na Super Cup Final bizabera kuri Kigali Pele Stadium. Rayon sports yamenyeshejwe ko Stade Amahoro itakibonetse, umunsi w’i Gikundiro wimuriwe kuri sitade ya KIGALI PELE STADIUM,Amakuru ageze hanze nonaha avuga ko Umunsi w’igikundiro “Rayon…

Read More

Perezida Kagame yasimbuje John Rwangombwa wari Guverineri wa Banki nkuru y’igihugu

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yasimbuje John Rwangombwa wari Guverineri wa Banki nkuru y’igihugu , ashyiraho Madamu Soraya Hakuziyaremye. Ni amakuru yagiye hanze kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Gashyantare 2025, dore ko uyu John Rwangombwa yari yarasoje mandaze ebyiri nka Guverineri w’iyi Banki, akaba yaratangiye kuyiyobora mu mwaka wa 2013. Madamu Soraya…

Read More

BPR Bank Rwanda imaze kubarura amakuru y’abanyamigabane bayo basaga 42%

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11/ Mutarama /2025 ,Banki y’Abaturage y’u Rwanda (BPR Bank Rwanda) imaze gutangaza ko muri gahunda yo kwandikisha abanyamigabane bayo bose, imaze kuvugurura amakuru y’abagera kuri 42% y’abagenerwabikorwa bose. Iyi banki ishamikiye ku iterambere ry’igihugu,  yasobanuye ko abanyamigabane bayo 576,245 aribo bagombaga kuvugururirwa amakuru, kandi kugeza ubu, abagera kuri 239,531…

Read More