Musanze : Uwigeze kuba musenyeri yagejejwe imbere y’urukiko

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 12 Gashyantare 2025 ,uwohoze ari umwepisikopi wa diyosezi y’Abangilikani ya Shyira yagejejwe imbere y’urukiko kugirango atangire kuburanishwa ku byaha akurikiranyweho birimo ubujura bw’amaturo . Uyu mwepisikopi yitwa Mugisha Samuel yatawe muri yombi muri Mutarama ndetse yari afunzwe mu gihe yari ategereje ko hakorwa dosiye ye ku byaha aregwe birimo…

Read More

Kigali  : Hatangajwe itegeko rishya risaba amatorero kugira Ubwishingizi n’abashinzwe Umutekano

Amatorero n’imiryango ishingiye ku myemerere ashaka gutegura ibikorwa rusange yasabwe ko agomba kuba afite ubwishingizi ndetse n’abashinzwe umutekano, hagamijwe kurinda ubuzima bw’abantu n’ibikoresho mu gihe cy’ibibazo bishobora kuvuka, nk’uko biteganywa n’itegeko rishya ryasohowe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiyoborere (RGB). Iri tegeko rigamije gushyiraho ibisabwa by’ingenzi kugira ngo ibikorwa by’imyemerere rusange bitegurwe mu buryo bwubahiriza amategeko, bigahesha…

Read More

Uburasirazuba bwo hagati : abantu 18 bapfiriye mu bitero bya Israel yagabye ku nkambi ya Tulkarem

Minisiteri y’ubuzima ya Palesitine yavuze ko byibuze abantu 18 baguye mu gitero cy’indege cya Isiraheli cyagabwe ku nkambi y’impunzi ya Tulkarem iri ku nkombe y’Iburengerazuba. Igisirikare cya Isiraheli cyavuze ko indege zayo z’intambara zagabye igitero ku wa kane ku bufatanye n’ inzego zayo zishinzwe umutekano w’imbere mu gihugu cya Isiraheli, iizwi nka Shin Bet. Umukozi…

Read More

DRC: Urubanza rw’abashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi rwimuriwe igihe rwagombaga kuberaho

Tariki ya 13 Nzeri,biteganijwe ko aribwo urubanza rw’abakekwaho kuba baragize uruhare mu gushaka guhirika ubutegetsi ku ya 19 Gicurasi muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo rugomba kuburanishwa. Ku wa kabiri, tariki ya 3 Nzeri muri gereza ya gisirikare ya Ndolo, urukiko rwa gisirikare rwafashe urwo rubanza rubigishije inama kandi rusoza iburanisha ryahaberaga maze rutangaza ko…

Read More

Ingengabihe ,amakipe y\’ibihugu ,amatsinda agabanijwemo,aho aza kinira ?… subizwa byose wibaza kuri EURO 2024 [FULL COVERAGE]

Ubwongereza bwatomboye Seribiya, Sloveniya na Danemark mu itsinda C; Scotland yatomboye mu itsinda rimwe n\’Ubudage, Ubusuwisi na Hongiriya; Euro 2024 iratangirira i Munich ku ya 14 Kamena; umukino wa nyuma uzabera i Berlin ku ya 14 Nyakanga. Ni hehe, kandi ni ryari Euro 2024 izabera ? Euro 2024 izaba kuva kuwa gatanu 14 kamena kugeza…

Read More

Igihugu cya Zambia cyafunze imipaka yose yo ku ubutaka yagihuzaga na DRC

Leta ya Zambiya yatangaje ko Imipaka yose ihuza igihugu cya Zambiya na DRC ifunze ndetse nta n’ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga n’ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga byongera kwambukirizwaho . Kuva ku ya 11 Kanama, imipaka myinshi yambukiranya imipaka hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) Intara ya Haut-Katanga n’intara ya Zambiya mu majyaruguru y’uburengerazuba na Copperbelt…

Read More