Amakuru mashya : Anita Pendo wakoreraga RBA yamaze gusezera mu mwuga w’itangazamakuru

Anita Pendo wari umaze imyaka 10 mu kigo cy’Igihugu cy’itangazamakuru, RBA, yamaze gusezera, ashima ibihe byiza yahagiriye. Isezera rya Pendo rije nyuma yuko ku wa 30 Werurwe 2024  igihembo cya ‘African Female Entertainment Show Host of the Year’ mu bihembo bya ‘Ladies in Media Awards 2023’ (LIMA) bitangirwa muri Ghana. Anita Pendo yegukanye iki gihembo…

Read More

Meya wanze kugarura gitifu yirukanye yo ngeye kwandikirwa ibaruwa ya kabiri nyuma yo kwirengagiza iya mbere

Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo  Madamu  Mukanyirigira Judith yongeye kwandikirwa ibaruwa asabwa gusubiza umuyobozi w’Umurenge yirukanye mu nshingano ,nyuma  yongwandikirwa iya mbere  ariko akinangira . Komisiyo y’Igihugu Ishinzwe  Abakozi ba Leta (NPSC) nk’uko bigaragara mu ibaruwa banditse tariki ya 07 Ukwakira 2024 yibutsa uyu Meya  w’Akarere ka Rulindo Madamu  Mukanyirigira Judith ko agomba gusubiza mu kazi…

Read More

Ibihe 7 bidasanzwe byaranze umukino uhuza Liverpool na Chelsea guhera muri 2005

Kuri iki cyumweru, ikipe ya Liverpool iyoboye urutonde rwa shampiyona izaba isurwa n’ikipe ya Chelsea ya Kane kuri urwo rutonde. Abanyamateka b’ubu ntibajya kure y’uwatekereza ko, uyu mukino ari uw’ishiraniro Koko, ibyo ukaba wabihera ku bigwi aya makipe yombi yagiye ageraho mu binyacumi bibiri by’imyaka biheruka. Biragoye kwiyumvisha uburyo ubunyabubiri bw’aya makipe bwagiye bubyara imikino…

Read More

Ibya Fatakumavuta bikomeje kuba agatereranzamba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta uherutse gutabwa muri yombi, yapimwe bagasanga ibipimo byerekana ko yafataga ibiyobyabwenge. Uyu Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta yatawe muri yombi mu minsi mike ishize[18 Ukwakira 2024] akurikiranyweho ibyaha birimo gukoresha imvugo zishyamiranya abantu mu myidagaduro, gutukana ndetse no kubuza amahwemo abandi hifashishijwe…

Read More

Joseph Bonaparte yambitswe ikamba,Andrew Jackson, Adolf Hitler…..uyu munsi mu mateka taliki ya 6/kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 6/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 158 mu igize umwaka, hasigaye 207 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1808: Umuvandimwe wa Napoléon Bonaparte, witwa Joseph Bonaparte yambitswe ikamba ryo kuba Umwami wa Espagne. 1833: Andrew Jackson yabaye Perezida wa mbere wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika wagendeye muri…

Read More

One Direction:Zayn Malik yunamiye mugenzi we Liam Payne witabye Imana

Akiva mu muhango wo guherekeza no gushyingura mu cyubahiro umuhanzi Liam Payne uherutse kwitaba Imana, mugenzi we Zayn Malik babanye mu Itsinda “One direction”, yamwunamiye by’umwihariko mu gitaramo cye yakoreye aha mu Bwongereza. Muri iki gitaramo, Malik mu guha agaciro mugenzi we uherutse kubavamo, yamwunamiye mu buryo bw’umwihariko, Aho yifashishije insakazamashusho ziri mu mabara y’ubururu…

Read More

Pochetino, Sofiyan Amrabat, Ederson Morayes n\’umusimbura wa eric tenhag

  Saudi Pro-League Al lttihad ikina muri shampiyona ya  Saudi Arabia irifuza Ederson Morayes ;umunya -brazil ufatira ikipe ya manchester city kuri miliyoni 25 z\’ama euros mugihe amasezerano ye azarangira muri 2026, kamena.( #Dailymail). Manchester united iri mu biganiro n\’umutoza wa Brentford Thomas Frank ndetse n\’uwahoze atoza chelsea Maurcio Pochetino kugirango irebe ko yabasimbuza umutoza…

Read More

Ngoma : Abana babana n’ababyeyi muri gereza bahawe impano na NCDA

Abana babana n’ababyeyi babo mu Igororero ry’abagore rya Ngoma basuwe n’ Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) Madame Ingabire Assoumpta maze abaha impano zitandukanye. Aba bana bari basuwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi wahariwe imbonezamikurire y’abana bato(ECD Day). Madame Ingabire Assoumpta yasabanye n’aba bana barikumwe n’ababyeyi mu Igororero maze arabaganiriza, abaha…

Read More