Slovenia Yemeje Palestine nk\’igihugu cyigenga ikurikiye ibindi bihugu bine muri iki cyumweru.

Abagize inteko nshingamategeko ya Slovenia batangaje ibyavuye mu matora yo kureba niba Palestine yafatwa nk\’igihugu cyigenga ubwiganze burabyemeza Palestine imaze igihe kirekire yarambuwe ubwigenge Aho ibihugu byinshi bitayifata nka Leta yigenga nubwo kuva Aho iyi ntambara yayo na Israel yongeye gufata umurego, ibihugu byinshi batangaje ibitekerezo byo guha Palestine ubwigenge.Mu ijoro ryakeye inteko nshingamategeko ya…

Read More

Paper Talk[Europe]: Eddie Nketiah ibye muri Arsenal bikomeje kuyoberana, akagufa muri gahunda ya Martin Zubimendi muri Liverpool!

Liverpool  iracyari  kwiruka  kuri  Anthony Gordon  wa  Newcastle United nubwo iyo gahunda bayigerageje mu kwezi kwa kanama 2023 ariko bikanga , biteganyijwe ko igiciro cya   Anthony Gordon kigomba kuzamu ndetse binagoye ko Newcastle United yamure kura .(Liverpool Echo) Aston Villa  y’umutoza  Unai Emery  ikomeje gushaka uburyo  yasinyisha  Umunya-Portugal Joao Felix w’imyaka 24 wiyemeje  gusohoka…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda yegejwe ho inyuma ibyumweru bibiri

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo 2008 Muri shampiyona y’ubwongereza [ Premier League] ikipe ya Portsmouth nyuma yo gutsindwa na ekipe ya Manchester City ibitego 6-0 , ku munsi wa shampiyona wakurikiyeho yatsindiye ikipe ya Tottenham Hotspur iwayo ku bitego bya Jermain Defoe na Peter Crouch . 2018 Umukinnyi w’umupira w’amaguru witwa…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : APR FC yasezerewa na Etoile du Sahel yo muri Tuniziya muri CAF Champions League

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo : 2012 Umukobwa w’imyaka 29 y’amavuko ukomoka mu gihugu cya Maleziya yafashe icyemezo cyo kuzitabira imikino ya Olympques izabera mu Bwongereza kuva mu kwezi kwa Kanama muri uyu mwaka nubwo yari atwite inda y’amezi 8. 2012, APR FC yahagarariye u Rwanda mu gikombe gihuza amakipe…

Read More

DRC : Uganda yohereje izindi ngabo zayo muri Ituri

Igisirikare cya Uganda cyimaze kwemeza ko cyohereje izindi ngabo zacyo mu wundi mujyi uherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo zigiye kurwanya imitwe yitwaje intwaro ikomeje guhungabanya umutekano muri kariya gace . Ubwo yaganiraga n’ibiro ntaramakuru by’abafaransa dukesha iyi nkuru , Felix Kulayigye usanzwe ari umuvugizi ndetse akaba n’umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya…

Read More

Inzira ya Luanda : abagore bo muri DRC basabye Tshisekedi na Kagame kongera guhura

Ihuriro ry’abagore baharanira amahoro n’umutekano muri DRC ryahamagariye abakuru b’ibihugu bya Kongo n’u Rwanda, haba ku ruhande rwa Félix Tshisekedi na Paul Kagame,  kugaragaza umuhate mu kugarura amahoro ndetse ibi bigomba no kujyana kandi no gusubira ku meza y’ibiganiro  bya Luanda, ho muri Angola mu gihe cya vuba. Ubuyobozi bw’iri huriro  bwanavuze ko buhangayikishijwe n’iseswa…

Read More

Achraf Hakimi yabonye umukunzi mushya

Umunya-Morocco Achraf Hakimi nyuma yo gutandukana n’uwari umugore we mu buryo butangaje yamaze kwishumbusha Umuhorandi. Mu mwaka wa 2023 nibwo Ashraf Hakimi yatandukanye n’Umunya-Esipanye Hiba Aboukhris Benslimane bari barasezeranye mu mwaka wa 2020 nyuma y’uko uyu mugore yamushinjaga n’ibirimo ku muhohotera. Uyu mugore uzwi cyane mu gihugu cya Esipanye mugukina amafilimi ndetse no kumurika imideli…

Read More

Abagera kuri miliyoni 68 bahuye n’amapfa muri Afurika yepfo

Abantu babarirwa muri za miriyoni bo muri Afurika y’Epfo bahuye n’ingaruka zatewe n’amapfa yatewe na El Nino ndetse umuryango w’akarere uratangaza ko hagabanuka umusaruro w’ibihingwa n’amatungo bigatuma habaho ibura ry’ibiribwa mu bihugu byinshi. Ku wa gatandatu, Elias Magosi, umunyamabanga nshingwabikorwa w’umuryango w’iterambere ry’Afurika yepfo (SADC), yatangaje ko 17% by’abatuye ako karere abaturage bagera kuri miliyoni…

Read More

Umuyobozi w’umusigire wa Hezbollah yatanze ubutumwa bwaciye amarenga y’ikintu gikomeye nyuma yo kwicwa kwa Nasrallah

Umuyobozi wungirije wa Hezbollah yemeje ko uyu umutwe witwaje intwaro wo muri Libani witeguye guhangana n’ibitero byo ku butaka bya Isiraheli, nubwo umuyobozi wawo ndetse n’abayobozi bakuru benshi bishwe. Kuri uyu wa mbere, Sheikh Naim Qassem ubwo yatangaga ubutumwa bwo guhumuriza abanashyaka b’uyu mutwe ,mu ijambo rye mu ruhame yatangaje ko Isiraheli itigeze ikubita hasi…

Read More

Transfers : Liverpool irashaka gusinyisha umwataka w’ikipe ya Napoli

Ikipe ya Liverpool biravugwa ko iri kwifuza gusinyisha umwataka w’ikipe ya Napoli ukomoka mu gihugu cya Georgia witwa Khvicha Kvaratskhelia  uri gushakishwa n’andi makipe arimo Paris saint Germain yo mu Bufaransa . Ikipe ya Liverpool ifite intwaro nyinshi zo kwifashisha byumwihariko mu gice cy’ubusatirizi cyabo aho bafite abarimo Luis Diaz, Cody Gakpo, Diogo Jota na…

Read More