Dore ingengabihe ya shampiyona y’ikipe ya Apr fc n’amatariki izacakiranira na mukeba wayo

Ikipe y’ingabo z’igihugu imaze gushyira hanze urutonde rw’imikino yose izakina ,amatariki ndetse n’ibibuga izakinirwaho ;umukino uba utegerejwe n’abatari bake uhuza iyi ikipe na ekipe ya Rayon sports uteganijwe mu minsi itatu ibanza ya shampiyona . Mu rwego rwo gukomeza kwiyubaka ndetse no gutegura umwaka w’imikino utaha ikipe ya Apr fc imaze gushyira hanze imbonerahamwe igaragaza…

Read More

Mukura  VS yaryohewe n’isoko rya Ghana ubu noneho igiye kugurayo rutahizamu warushijwe na Mbaoama igitego cyimwe!

Ikipe ya Mukura VS biravugwa ko yamaze kumvikana na rutahizamu w’umunya-Ghana Agyenim Boateng Mensah  ugomba gusinya imyaka ibiri muri iy’ikipe yambara umuhondo n’umukara . Ikipe ya Mukura VS ni imwe mu zikomeye zibarizwa mu ntara , ni imwe kandi mu makipe akomeje kwiyubaka bidasanzwe yitegura umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 ibinyujije mu gusinyisha abakinnyi bakomeye…

Read More

Robertinho yageze mu Rwanda asezeranya  abafana ba Rayon Sports ikintu gikomeye babuze mu myaka itanu ishize !

Umunya-Brazil Robertinho warutegerejwe I Kigali aje gutoza ikipe ya Rayon Sports yamaze kuhagera  atanga ubutumwa kuba Rayon bose abibutsa ko bakwiye ibikombe kandi arizo nshingano zimuzanye . Ntagihe kinini gishize ikipe ya Rayon Sports  itandukanye n’uwari umutoza wayo Umufaransa- Julien Mette  aho yahise ijya mu ihurizo ryo gushaka umutoza mushya  ugomba  kuyitoza mu mwaka utaha…

Read More

Rayon Sports igaragaje ko y’iteguye urugamba rw’Ashampiyona inyagira Amagaju

Wari umukino w’agicuti aho ikipe ya Rayon Sports yatsinze ikipe y’Amagaju ibitego bitatu kuri kimwe(3-1) wabereye kuri sitade mpuzamahanga ya Huye. Uku n’iko umukino wa genze wose kuva kumunota wa mbere kugeza umukino wose ugannye kumusozo. Abakinnyi 11 babanjemo kuruhande rwa Rayon Sports 22.Ndikuriyo Patient 13.Omborenga Fitina 54. Gning Omar 5.Nshimiyimana Emmanuel 24.Bugingo Hakim 26.Kanamugire…

Read More

ZIMBABWE :perezida Mnangagwa yiyemeje gutanga ubutabera kubarakotse ubwicanyi bwa Gukurahundi muri za 1980s

Perezida Emmerson Mnangagwa yatangije gahunda yo gukirana abagize uruhare mu bwicanyi bwo mu myaka ya za 1980 buzwi nka Gukurahundi . Mu myaka ibarirwa muri za mirongo, ubutabera bwateye utwatsi kurenganura abantu ibihumbi n’ibihumbi bishwe n’umutwe w’ingabo wari ukambitse muri Zimbabwe mu intara y’amajyepfo ashyira uburengerazuba n’intara yo hagati mu myaka ya za 1980. Ubwicanyi bamwe…

Read More

Murera yashyize hanze imyambaro izakoresha mu mwaka w’imikino utaha

Rayon sports imaze gushyira hanze imyimbaro  izakoresha mu marushanwa atandukanye muri uyu mwaka w’imikino 2024-2025 , ihita inatangaza ikipe igomba gucakirana na ekipe y’abagore ku munsi w’igikundiro. Umwambaro Rayon Sports izajya yambara igihe yakiriye umukino uzaba urimo amabara y’ubururu bwiganje hanyuma umwambaro wa kabiri uzaba wiganjemo ibara ry’umweru unarimo ndetse n’amahembe y’inka z’inyambo zimenyerewe mu…

Read More

Rayon Sports imaze kwemeza Robertinho nk’umutoza mushya wayo

Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi ku kazina ka  Robertinho amaze gutangazwa  nk’umutoza mushya wa Rayon sports.  mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye ku cyicaro cy’umuterankunga mukuru wa Rayon sports, aho yarimo isobanura byinshi kuri gahunda yiswe icyumweru cya Rayon sports gikomba gusozwa n’umunsi w’igikundiro nibwo yemeje ko uyu munyeburezile wigeze kuyitoza akanayigeza mu mikino ya kimwe…

Read More

Dore iby’ingenzi wamenya ibi bizamini bya Leta bigiye gutangira ku munsi w’ejo

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini bya leta n’igenzura mu mashuri cyimaze gutangaza ku mugaragaro ko ibizamini bya leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye ,imyuga n’ubumenyingiro, inderabarezi ndetse n’ibisoza amashuri y’isumbuye bizatangira ku mugaragaro ku munsi wejo .menya byinshi wibaza kuri ibizamini bya leta. Minisiteri y’uburezi ibicishije mu kigo cyiyishamikiyeho gishinzwe itegurwa ry’ibizamini bya leta ndetse n’igenzura…

Read More