Congo-Brazzaville : abagera kuri 21 barwaye Indwara y’Ubushita Bw’Inkende

Ministeri y’ubuzima muri Congo-Brazzaville yatangaje kuri iki cyumweru ko muri icyo gihugu hagaragaye abantu 21 barwaye indwara y’ubushita bw’inkende. Abandura iyi ndwara bakomeje kwiyongera mu bihugu byo mu burasirazuba no hagati by’Afrika. Hari kandi abantu bamaze kugaragaraho iyo ndwara mu bihugu bimwe by’Uburayi n’Aziya. Ubutegetsi muri Congo-Brazzaville buvuga ko iyo ndwara imaze kuboneka mu ntara…

Read More

Kigali : abanyacyubahiro barimo Minisitiri wa siporo Nyirishema Patrick bitabiriye ‘CarFreeDay’ yo kuri iki cyumweru [AMAFOTO]

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Dusengiyumva jean Marie Vianney , Minisitiri wa siporo Nyirishema Patrick na Minisitiri w’Ingabo Maj Gen (Rtd) Albert Murasira n’abandi bayobozi batandukanye bifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri Siporo Rusange izwi nka ‘CarFreeDay’ yo kuri iki cyumweru.  Car free day ni umunsi udasanzwe uba kabiri mukwezi mu Rwanda mumujyi wa Kigali uba ku cyumweru cya…

Read More

Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasuye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa

Umuyobozi w’Ishami rya Polisi mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrique MINUSCA, Commissioner of Police (CP) Christophe Bizimungu, kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kanama, yasuye abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU1-10, rikorera i Bangui mu murwa mukuru w’icyo gihugu. Ni muri gahunda y’uruzinduko agirira mu mitwe itandukanye y’abapolisi bari…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : El Merreikh yegukanye igikombe cya gatatu cya ‘CECAFA Kagame Cup’ imaze gutsinda APR FC

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo : 1957 Ku myaka 17 y’amavuko, rutahizamu w’umupira w’amaguru w’u Bwongereza Jimmy Greaves wakiniraga chelsea yatsinze igitego mu cyiciro cye cya mbere muri shampiyona ubwo Chelsea na Tottenham Hotspur banganya igitego 1-1 kuri White Hart Lane 2013, ikitazibagirana mu mikino y’abafite ubumuga ni umudari wa…

Read More

Rwanda Premier League : Gasogi yatsinze Marines ;ihita inayobora urutonde rwa shampiyona by’agateganyo!

Ikipe ya Gasogi united imaze gutsinda Ikipe ya Marines igitego kimwe ku busa mu mukino wayo wa kabiri wa shampiyona y’ikiciro cya mbere hano mu Rwanda wabereye kuri sitade ya Kigali pele stadium . Uyu wari umukino wayobowe na Ishimwe Didier nk’umusifuzi wo hagati mu kibuga afatanya na Habumugisha Emmanuel naho Ahad Gad ari umusifuzi…

Read More

Col. Richard Karasira yasezeranije ikintu gikomeye abafana ba Apr fc!

Umuyobozi wa APR FC, Col. Richard Karasira yasezeranyije ibyishimo abafana, abasaba kuba inyuma y’ikipe yabo ndetse bakanararika abandi. Ibi bikubiye mu butumwa yahejeje ku bari baje gushyigikira iyi kipe y’ingabo mu myitozo yakoreye muri Stade Amahoro kuri uyu wa kane tariki ya 22/8/2024. Chairman yatangiye yisegura mu izina ry’ubuyobozi bwa APR FC ahagarariye, maze abashyikiriza…

Read More