Muhanga: Umuturage ukomeje kurembywa n’indwara y’amayobera

Umuturage witwa Mukanyabyenda Marie Rose, utuye mu Kagari ka Kavumu, mu Murenge wa Cyeza, Akarere ka Muhanga, arwaye uburwayi bw’amayobera bwamufashe bwamufashe ku kibero cy’akaguru k’ubumoso. Ubwo uyu muturage yaganiraga na BTN TV, yavuze kuva yarwara iyi ndwara atigeze yoroherwa n’ubuzima habe na gato kuko aho bwamufashe hamurya ku buryo ntakintu yakwimarira. Yagize ati” Ubu…

Read More

DRC : Dose z’Inkingo za mbere 99,100 z’ubushita bw’inkende zamaze kugera muri iki gihugu

Icyiciro cya mbere cy’inkingo z’ubushita bw’inkende (mpox) zamaze kugera muri Repubilika ya Demokarasi ya Congo, ya mbere yugarijwe cyane n’iki kiza cyatangajwe ko ari ikibazo cy’ubuzima rusange cyihutirwa gihangayikishije isi. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), itsinda ryaryo rikorera muri DR Congo, rivuga ko ubushita bw’inkende bumaze kwica abantu barenga 630 muri icyo gihugu…

Read More

USA: nanubu icyateye umwana kurasa bagenzi be gikomeje agatereranzamba!

Abakozi b’inzego z’iperereza muri Leta ya Georgia muri Leta zunze ubumwe z’Amerika barakora ubushakashatsi ku kuntu umwaba w’imyaka 14 yaba yarabonye imbunda yakoresheje ubwo yarasaga abantu ku ishuri yigaho ku wa gatatu w’iki cyumweru. Inzego ziperereza kandi zirasuzuma niba harabeyeho ibimenyetso byashoboraga kuba imbuzi mbere y’uko icyo gikorwa kiba bashingiye ku bibazo baherukaga kubaza uyu…

Read More

NYAGATARE: Yafatiwe mu cyuho agerageza guha abapolisi ruswa y’arenga ibihumbi 100Frw

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyagatare, yafashe umugore wageragezaga guha abapolisi ruswa y’ibihimbi 101Frw ngo akingirwe ikibaba nyuma yo gufatirwa mu bucuruzi bw’ibitemewe birimo amasashe n’ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Yafatanywe n’abasore babiri bamukoreraga bari binjije mu gihugu amasashe 160,000 nayo yafashwe na litiro 15 za Kanyanga zasanzwe iwe mu rugo aho atuye. Bafatiwe mu murenge…

Read More

Abagize urubyiruko rw’abakorerabushake bahuguwe ku ruhare rwabo mu mutekano wo mu muhanda

Abagize ihuriro ry’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha (RYVCP) rwo mu Mujyi wa Kigali, bitabiriye amahugurwa agamije kubaha ubumenyi bwo kuzafasha abakoresha umuhanda kugira imyitwarire isigasira umutekano wawo mu gihe bawukoresha. Ni amahugurwa y’umunsi umwe, yabereye muri Kigali Conference and Exhibition Village mu Karere ka Nyarugenge, yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda, Ihuriro ry’imiryango nyarwanda…

Read More

South Africa : uwiyitaga ‘ingénieur’ ukomeye akatirwa gufungwa imyaka 15 azira ibyangombwa mpimbano

Umugabo wari warabaye enjeniyeri (ingénieur) mukuru mu kigo cya leta y’Afurika y’Epfo cyo gutwara abagenzi muri gariyamoshi (PRASA) yakatiwe gufungwa imyaka 15 nyuma yo guhamwa no gukoresha impamyabumenyi mpimbano. u mwirondoro ujyanye n’ibyo yize (CV), yavugaga ko afite impamyabumenyi nyinshi mu byo gukora no gukanika imashini nyinshi, harimo n’impamyabumenyi yo muri Kaminuza yubashywe yo muri…

Read More

Nta Messi cyangwa Ronaldo muri 30 bazavamo utwara ball d’or

Bwa mbere kuva mu 2003, yaba Cristiano Ronaldo cyangwa Lionel Messi batashyizwe ku rutonde rw’abahatanira igihembo cya Ballon d’or y’abagabo, Jude Bellingham wo mu Bwongereza ari mu bakinnyi 30 b’umupira w’amaguru bari guhatanira iki gihembo. Umukinnyi w’icyamamare wo muri Porutugali Ronaldo, wegukanye iki gihembo inshuro eshanu, yari yarananiwe kubona kandidatire umwaka ushize nabwo, mu gihe…

Read More

USA : Abagera kuri 4 barasiwe kw’Ishuri rikuru ry’Apalachee muri leta ya Georgia

Abantu bane bahitanywe n’amasasu kw’ishuri rikuru ry’Apalachee muri Leta ya Georgia mu majyepfo ya Leta zunze ubumwe z’Amerika. Igihe abanyeshuri n’abarimu bari bihishe mu cyumba, umuntu yahondaguye ku rugi rw’icyumba cy’ishuri, asakuza incuro nyinshi ngo bafungure. Ubwo guhondagura byahagararaga, Caldera yumvise urundi rusaku rw’amasasu n’abantu bavuza induru. Uyu munyeshuri yavuze ko nyuma, ishuri rye ryahungishirijwe…

Read More

Abarimo Nzayisenga Jean D’Amour(Meya) basinyishijwe na Gicumbi fc

Ikipe ya gicumbi fc yasinyishije abarimo Umutoza Amrani Hatungimana ,Nzayisenga Jean D’Amour(Meya) , Nshimiyimana Olivier(Bonjour) na Rubuguza Jean Pierre mu rwego rwo kwitegura umwaka w’imikino mushya muri shampiyona y’ikiciro cya kabiri . Nyuma yuko Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, Ferwafa, ryatangaje ko shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri izakinwa guhera mu kwezi kwa Cumi uyu mwaka.ikipe ya Gicumbi…

Read More

Mozambique :Ingabo z’u Rwanda zamuritse  inkunga zageneye ishuri ribanza rya Nacololo

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa muri Mozambique, zikorera mu Karere ka Ancuabe mu Ntara Cabo Delgado, zatanze kumugaragaro ibyumba bitanu b’ishuri byavuguruwe, zinatanga ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri barenga 500. ibikoresho byatanzwe harimo intebe zigera ku 100, ndetse n’ibindi bikoresho by’ishuri nk’amakayi, amakaramu, ingwa, byose bizafasha abanyeshuri barenga 500 ndetse izi ngabo zinashyikiriza ubuyobozi bw’iri…

Read More