Muhanga: Umuturage ukomeje kurembywa n’indwara y’amayobera
Umuturage witwa Mukanyabyenda Marie Rose, utuye mu Kagari ka Kavumu, mu Murenge wa Cyeza, Akarere ka Muhanga, arwaye uburwayi bw’amayobera bwamufashe bwamufashe ku kibero cy’akaguru k’ubumoso. Ubwo uyu muturage yaganiraga na BTN TV, yavuze kuva yarwara iyi ndwara atigeze yoroherwa n’ubuzima habe na gato kuko aho bwamufashe hamurya ku buryo ntakintu yakwimarira. Yagize ati” Ubu…