Rubavu : Inzego z’ubuzima zirahumuriza abatuye ku mipaka ko badakwiriye gukuka umutima kubera indwara y’ubushita bw’inkende
Ubuyobozi bw’ibitaro bya Gisenyi buratangaza ko abaturage badakwiye gukuka umutima n’ubwo aka gace ariko kabonetsemo babiri ba mbere banduye indwara y’ubushita bw’inkende . Ubu buyobozi butangaza ko abaturage bakwiye gukangukira ingamba zo kwirinda aho kugira ubwoba kuko iyo ibonetse kare ivurwa igakira .Gusa benshi mu baturage twaganiriye twasanze bafite amakuru makeya kuri iyi ndwara ndetse…