Rubavu : Inzego z’ubuzima zirahumuriza abatuye ku mipaka ko badakwiriye gukuka umutima kubera indwara y’ubushita bw’inkende

Ubuyobozi bw’ibitaro bya Gisenyi buratangaza ko abaturage badakwiye gukuka umutima n’ubwo aka gace ariko kabonetsemo babiri ba mbere banduye indwara y’ubushita bw’inkende . Ubu buyobozi butangaza ko abaturage bakwiye gukangukira ingamba zo kwirinda aho kugira ubwoba kuko iyo ibonetse kare ivurwa igakira .Gusa benshi mu baturage twaganiriye twasanze bafite amakuru makeya kuri iyi ndwara ndetse…

Read More

Abapolisi 33 basoje amahugurwa y’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe

Mu kigo cya Polisi cy’amahugurwa (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Nzeri 2024, habereye umuhango wo gusoza amahugurwa yitabiriwe n’abapolisi 33 bo mu bihugu bitandukanye by’Afurika, yari amaze ibyumweru bibiri atangirwa muri iri shuri. Yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’Umutwe w’ingabo z’Afurika y’Iburasirazuba zihora ziteguye…

Read More

NASA na Boeing Bamanuye Icyogajuru Starliner kitarimo abo cyajyanye mu isanzure mu kurinda ubuzima bwabo

Icyogajuru cy’uruganda Boeing cyitwa Starliner cyagaruwe ku Isi kitarimo Abanyamerika Butch Wilmore na Suni Williams bari barajyanye nacyo mu isanzure Mu bushakashatsi. Mu mushinga w’ikigo cya NASA na Boeing niho icyogajuru Starliner cyoherejwe mu isanzure ku itariki 5 Kamena 2024, mu mushinga wa Boeing n’ikigo Nasa kizobereye mu bumenyi bw’ibyogajuru. Iki cyogajuru cyahagurukiye mu gace…

Read More

Ines Mpambara yahawe igihembo cy’Umuyobozi mwiza muri za Guverinoma

Ines Mpambara usanzwe ari Minisitiri mu Biro bya Minisitiri w’Intebe yahawe igihembo cy’Umuyobozi mwiza muri za Guverinoma (Best Distinguished Government Official) akaba yaragiherwe muri Leta Zunze Ubumwe za Abarabu. Nyuma y’uko yari yashyizwe mu bagihataniraga hagendewe ku bunararibonye mu gusangizanya ibitekerezo kuri gahunda za Guverinoma.Ines Mpambara yagenewe iki gihembo mu gihe harimo haba Ihuriro rizwi…

Read More

USA : Abanya-Nigeria babiri bavukana bakatiwe n’urukiko nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gukangisha ubwambure bw’abantu

Abo bavandimwe Samuel Ogoshi, w’imyaka 24, na Samson Ogoshi, 21, b’i Lagos, bashutse umusore witwaga Jordan DeMay biyita umukobwa w’ikigero cye, agera aho aboherereza amafoto yambaye ubusa – maze batangira kuyamukangisha. Samuel na Samson bari bicaye mu rukiko mu mwambaro w’iroza n’amapingu ku maboko.Abunganizi babo bavuze ko aba bavandimwe ibyo bakoze babiterwaga no gukoresha ibiyobyabwenge…

Read More

Kenya: abanyeshuri nibura 17 bapfiriye mu nkongi y’umuriro yatatse ishuri ribanza

igipolisi cya Kenya cyiratangaza ko abanyeshuri nibura 17 bapfuye ku ishuri ribanza riri rwagati muri Kenya, mu nkongi y’umuriro yadutse ku wa kane nijoro. Hillside Endarasha Academy ni ishuri ribanza ritari irya leta, riri hafi y’umujyi wa Nyeri – mu ntera ya kilometero 150 mu majyaruguru y’umurwa mukuru Nairobi rikaba ryigisha abanyeshuri bafite hagati y’imyaka…

Read More

Muhanga: Umuturage ukomeje kurembywa n’indwara y’amayobera

Umuturage witwa Mukanyabyenda Marie Rose, utuye mu Kagari ka Kavumu, mu Murenge wa Cyeza, Akarere ka Muhanga, arwaye uburwayi bw’amayobera bwamufashe bwamufashe ku kibero cy’akaguru k’ubumoso. Ubwo uyu muturage yaganiraga na BTN TV, yavuze kuva yarwara iyi ndwara atigeze yoroherwa n’ubuzima habe na gato kuko aho bwamufashe hamurya ku buryo ntakintu yakwimarira. Yagize ati” Ubu…

Read More

DRC : Dose z’Inkingo za mbere 99,100 z’ubushita bw’inkende zamaze kugera muri iki gihugu

Icyiciro cya mbere cy’inkingo z’ubushita bw’inkende (mpox) zamaze kugera muri Repubilika ya Demokarasi ya Congo, ya mbere yugarijwe cyane n’iki kiza cyatangajwe ko ari ikibazo cy’ubuzima rusange cyihutirwa gihangayikishije isi. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), itsinda ryaryo rikorera muri DR Congo, rivuga ko ubushita bw’inkende bumaze kwica abantu barenga 630 muri icyo gihugu…

Read More

USA: nanubu icyateye umwana kurasa bagenzi be gikomeje agatereranzamba!

Abakozi b’inzego z’iperereza muri Leta ya Georgia muri Leta zunze ubumwe z’Amerika barakora ubushakashatsi ku kuntu umwaba w’imyaka 14 yaba yarabonye imbunda yakoresheje ubwo yarasaga abantu ku ishuri yigaho ku wa gatatu w’iki cyumweru. Inzego ziperereza kandi zirasuzuma niba harabeyeho ibimenyetso byashoboraga kuba imbuzi mbere y’uko icyo gikorwa kiba bashingiye ku bibazo baherukaga kubaza uyu…

Read More

NYAGATARE: Yafatiwe mu cyuho agerageza guha abapolisi ruswa y’arenga ibihumbi 100Frw

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyagatare, yafashe umugore wageragezaga guha abapolisi ruswa y’ibihimbi 101Frw ngo akingirwe ikibaba nyuma yo gufatirwa mu bucuruzi bw’ibitemewe birimo amasashe n’ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Yafatanywe n’abasore babiri bamukoreraga bari binjije mu gihugu amasashe 160,000 nayo yafashwe na litiro 15 za Kanyanga zasanzwe iwe mu rugo aho atuye. Bafatiwe mu murenge…

Read More