AMAKURU MASHYA : kubera gahunda zirimo zo gutegura irahira ry’umukuru w’igihugu ;AMAHORO Stadium ntabwo izaboneka vuba aha!

AMAHORO Stadium ntabwo izaboneka mbere ya Tariki 12.08.24 kubera gahunda zirimo zo gutegura irahira ry’umukuru w’igihugu ,amakuru ahari avugwa ko RayonSportsDay2024 na Super Cup Final bizabera kuri Kigali Pele Stadium. Rayon sports yamenyeshejwe ko Stade Amahoro itakibonetse, umunsi w’i Gikundiro wimuriwe kuri sitade ya KIGALI PELE STADIUM,Amakuru ageze hanze nonaha avuga ko Umunsi w’igikundiro “Rayon…

Read More

BREAKING NEWS : Umunsi w’igikundiro “Rayon Day” ntago ukibereye kuri Sitade Amahoro

Rayon sports yamenyeshejwe ko Stade Amahoro itakibonetse, umunsi w’i Gikundiro wimuriwe kuri sitade ya KIGALI PELE STADIUM. Amakuru ageze hanze nonaha avuga ko Umunsi w’igikundiro “Rayon Day” wari uteganyijwe ku itariki ya 3 Kanama 2024, ntabwo ukibereye kuri Stade Amahoro. Ibi birori ngaruka mwaka bizabera kuri Kigali Pelé Stadium. Ni ibirori ngarukamwaka byitezwe n’abatari bake…

Read More

Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere akomeje kwiyubaka nk’adashaka gusubirayo!

Rutahizamu Iyamuremye Christian wakiniraga ikipe ya AS Muhanga mu mwaka ushize w’imikino ubu ni umukinnyi w’ikipe ya Vision FC iherutse kuzamuka mu kiciro cya mbere kumasezerano y’imyaka ibiri. Uyu rutahizamu ni umwe mu bitwaye neza mu mwaka ushize w’imikino wa 2023-2024 mu ikipe ya AS Muhanga nubwo itabashije kuzamuka mu cyiciro cya mbere nyuma yo…

Read More

Breaking News : Muhire kevin yongereye amasezerano muri Rayon sports

Ikipe ya Rayon sports imaze kongerera amasezerano Kapiteni wayo witwa Muhire Kevin ,akaba asinye amasezerano y’imyaka ibiri kuri miliyoni 40. Ni amakuru amaze kujya ahagaragara mu kanya ubwo umuvugizi wa Rayon sports ,Ngabo Ruben yagiranaga ikiganiro n’igitazamakuru cya B&B kigali ,aho yatangaje ko Muhire amaze gushyira umukono ku masezerano y’imyaka ibiri akinira ubururu n’umweru akaba…

Read More

Imikino olempike : Eric Manizabayo na Clementine Mukandanga nibo bari buserukire u Rwanda mu birori byo gutangiza iyi mikino ku mugaragaro ;Menya byinshi biri burange ibi birori [EXCLUSIVE ]

Clementine Mukandanga usiganwa marato (42km) na Eric Manizabayo usiganwa ku igare nibo baraza guserukira u Rwanda mu birori byakataraboneka byo gufungura ku mugaragaro imikino olempike ;dore ko ari bimwe mu birori bitegerejwe n’abatari bake menya byinshi kuri byo.  umuhanzi w’icyamamare Aya Nakamura, Umufaransa ukomoka muri Mali, ashobora kuba ari muri abo, uyu ubu niwe ucurangwa…

Read More

Dore ingengabihe ya shampiyona y’ikipe ya Apr fc n’amatariki izacakiranira na mukeba wayo

Ikipe y’ingabo z’igihugu imaze gushyira hanze urutonde rw’imikino yose izakina ,amatariki ndetse n’ibibuga izakinirwaho ;umukino uba utegerejwe n’abatari bake uhuza iyi ikipe na ekipe ya Rayon sports uteganijwe mu minsi itatu ibanza ya shampiyona . Mu rwego rwo gukomeza kwiyubaka ndetse no gutegura umwaka w’imikino utaha ikipe ya Apr fc imaze gushyira hanze imbonerahamwe igaragaza…

Read More

ZIMBABWE :perezida Mnangagwa yiyemeje gutanga ubutabera kubarakotse ubwicanyi bwa Gukurahundi muri za 1980s

Perezida Emmerson Mnangagwa yatangije gahunda yo gukirana abagize uruhare mu bwicanyi bwo mu myaka ya za 1980 buzwi nka Gukurahundi . Mu myaka ibarirwa muri za mirongo, ubutabera bwateye utwatsi kurenganura abantu ibihumbi n’ibihumbi bishwe n’umutwe w’ingabo wari ukambitse muri Zimbabwe mu intara y’amajyepfo ashyira uburengerazuba n’intara yo hagati mu myaka ya za 1980. Ubwicanyi bamwe…

Read More

Murera yashyize hanze imyambaro izakoresha mu mwaka w’imikino utaha

Rayon sports imaze gushyira hanze imyimbaro  izakoresha mu marushanwa atandukanye muri uyu mwaka w’imikino 2024-2025 , ihita inatangaza ikipe igomba gucakirana na ekipe y’abagore ku munsi w’igikundiro. Umwambaro Rayon Sports izajya yambara igihe yakiriye umukino uzaba urimo amabara y’ubururu bwiganje hanyuma umwambaro wa kabiri uzaba wiganjemo ibara ry’umweru unarimo ndetse n’amahembe y’inka z’inyambo zimenyerewe mu…

Read More