David Moyes yamaze kwemeranya n’ikipe ya Everton FC kongera kuyitoza

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 10, David Moyes aherutse kugirana ibiganiro biryoshye n’ubuyobozi bw’ikipe ya Everton ahanini byari byerekeye igaruka ry’uyu mugabo maze akaba yakongera gutoza iyi kipe yahozemo. Ku bwumvikane bw’impande zombi byemejwe ko umutoza David Moyes azatoza iyi kipe ndetse akaba yasinye amasezerano azamara imyaka ibiri n’igice. Nubwo Moyes, yari umushomeri guhera…

Read More

Sobanukirwa ihuriro n’itandukaniro riri hagati ya England,Great Britain na UK ibigora benshi

Ni kenshi mu matwi yacu twumvamo ijambo England , Great Britain cyangwa se United Kingdom(UK) kandi rimwe na rimwe ukumva birakoreshwa mu kuvuga igihugu cy’Ubwongereza. Si byo gusa kuko rimwe na rimwe ujyakumva ngo Scotland , Wales, England cyangwa se Great Britain ngo byitabiriye amarushanwa runaka kandi ukumva ngo bibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza. Muri iyi…

Read More

Transfers : Liverpool irashaka gusinyisha umwataka w’ikipe ya Napoli

Ikipe ya Liverpool biravugwa ko iri kwifuza gusinyisha umwataka w’ikipe ya Napoli ukomoka mu gihugu cya Georgia witwa Khvicha Kvaratskhelia  uri gushakishwa n’andi makipe arimo Paris saint Germain yo mu Bufaransa . Ikipe ya Liverpool ifite intwaro nyinshi zo kwifashisha byumwihariko mu gice cy’ubusatirizi cyabo aho bafite abarimo Luis Diaz, Cody Gakpo, Diogo Jota na…

Read More

Nsanzimfura Keddy ufite amasezerano ya Kiyovu Sports ashobora kwerekeza muri AS Kigali

Nsanzimfura Keddy usanzwe ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi ukina mu kibuga hagati, yatangiye gukora imyitozo mu ikipe ya AS Kigali nyuma yo kubura  umwanya wo gukina muri ikipe ya Kiyovu kubera ibihano yafatiwe .  Uyu musore utarabashije gukinira Kiyovu Sports, kubera ibihano yafatiwe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [ FIFA], ashobora kuzagaragara mu mwambaro wa…

Read More

Transfert : Abahagarariye Rashford bagiranye ibiganiro n’amakipe arimo Dortimund

Kuri uyu wa kane tariki ya 9 / Mutarama / 2025, Abashinzwe kureberera inyungu za Marcus Brian Rashford biravugwa ko bagiranye ibiganiro n’intumwa zaturutse mu makipe ya Borussia Dortimund na Juventus kugirango babashe gusinyisha uyu musore wagaragaje ko yiteguye kuva muri ikipe . Muri aba bahagarariye Rashford bivugwa ko bagiranye ibiganiro n’aya makipe arimo Juventus…

Read More

Ikipe ya APR FC yasinyishije rutahizamu wahataniraga igihembo na  Alejandro Garnacho

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yamaze gusinyisha rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Uganda Denis Omedi wakiniraga Kitara FC, ikipe ibarizwa mu kiciro cya mbere mu gihugu cya Uganda. Ikipe ya APR FC ni imwe mu makipe atarabashije kwinjiza ibitego byinshi mu gice kibanza cya shampiyona nubwo yo itarasoza imikino y’ayo, iyi kipe yinjije ibitego 16 yinjizwa ibitego…

Read More

Amakipe yatangiye kugura abakinnyi andi biri munzira; Rayon Sports yakiriye umukinnyi ku kibuga cy’indege

Ikipe ya Rayon Sports igiye kurangizanya na mababa w’Umunyarwanda Lague Byiringiro waciye mu ikipe y’Ingabo z’Igihugu ‘APR FC’ yavuyemo yerekeza ku Mugabane w’Uburayi. Uyu musore aherutse gutandukana n’ikipe ya kiniraga yo mu gihugu cya Sweden yitwa Sandvikens IF yagezemo mu mwaka wa 2023, akaba byibuze yari amaze kuyikinira imikino irenga 36 ayitsindira ibitego birenga 9….

Read More

Juventus irifuza gutanga umwataka wayo ngo imugurane na Zirkzee wa Man United

Ikipe ya Manchester United biravugwa ko yamaze kwakira ubusabe bw’ikipe ya Juventus ku kuba bagurana rutahizamu wayo witwa Dusan Vlahovic bakamugarana Joshua Zirkzee . Iyi kipe yo  mu Butaliyani biravugwa  ko yiteguye gutanga Dusan Vlahovic w’imyaka 24  baguze akayabo ka miliyoni 62 zama pound bamuvanye mu ikipe ya Fiorentina muri Mutarama 2022  bakamugurana uwitwa joshua…

Read More

Transfert : Arsenal irifuza gusinyisha Matheus cunha wa Wolves

Ikipe ya Arsenal irashaka gusinyisha umukinnyi witwa Matheus cunha ukina  usatira mu ikipe ya Wolvermpton wonderers muri uku kwezi kwa mbere nyuma y’imvune yo ku itako y’umukinnyi wayo witwa Bukayo Saka. Uyu mukinnyi ukina imbere asigaje imyaka ibiri nigice kugirango asoze amasezerano afite muri iyi kipe, ariko birashoboka ko ashobora kwerekeza muri Arsenal. Kurundi ruhande…

Read More