Kunganya natwe ni nk’igikombe kuri bo : Virgil Van Dijk kuri Everton

Virgil Van Dijk, usanzwe ari kapiteni w’ikipe ya Liverpool, yikomye bikomeye cyane Umufaransa Abdoulaye Doukoure, ukinira ikipe ya Everton,amushinja gusagarira abafana b’ikipe ye, ubwo umukino wahuzaga iyi kipe na Liverpool warangiraga banganya ibitego bibiri ku bindi, ibyaje gutuma uyu Muholandi,avuga ko, ku ikipe ya Everton, biba bihagije iyo bagize Imana bakanganya n’ikipe ya Liverpool, kuko…

Read More

Dore ibisubizo byihuse Mikel Arteta azafata mu kuziba icyuho cya Kai Havertz uzagaruka umwaka utaha

Ikipe ya Arsenal iherutse kuvunikisha rutahizamu wayo Kai Havertz waje usanga abandi Batanu b’iyi kipe, benshi bakomeje kwibaza abagomba kuza kuziba icyuho cye ndetse n’abandi badahari mu gice cy’imbere. Muri iyi nkuru reka tugaruke kuyandi mahitamo ahari nk’uko ababasesenguzi bakomeye i Burayi bari kubigarukaho! 1.Raheem Sterling : Uyu ni Umwongereza batijwe n’ikipe ya Chelsea gusa…

Read More

Ikipe y’Igihugu ya Zimbabwe yongeye kwitabaza u Rwanda kugirango ibone aho yakirira

Ikipe y’Igihugu ya Zimbabwe biteganyijwe ko igomba kuzakinira umukino wayo wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 hano mu Rwanda kuri sitade Mpuzamahanga Amahoro tariki 21 Werurwe 2025. Ni mu mukino iyi kipe izakiramo ikipe y’Igihugu ya Bénin ku munsi wa Gatanu w’iri kotaniro ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, mu itsinda rya C…

Read More

Ikipe ya Rayon Sports yitwaye neza nyuma yo kumara imikino itatu yikurikiranya idatsinda

Ikipe ya Rayon Sports yitwaye neza mu mikino y’ikombe cy’Amahoro cya 2025 mu mukino ubanza batsinzemo ikipe ya Rutsiro FC ibitego bibiri kuri kimwe (2-1), mu mukino wabereye kuri sitade Umuganda mu karere ka Rubavu. Ni umukino wagaragayemo impinduka zitandukanye ku ruhande rw’umutoza Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo ‘Robertinho’ dore ko yakoresheje umuzamu Patient NDIKURIYO…

Read More

Paper Talk : Arsenal ,Chelsea na Liverpool ziracungira hafi Huijsen wa Bournemouth – Haramutse handikwa iki ?

1. Amakipe arimo Arsenal , Chelsea na Liverpool biravugwa ko zifuza gusinyisha myugariro w’umunye -Espanye ukinira ikipe ya AFC Bournemouth w’imyaka 19 witwa Dean Huijsen gusa Bournemouth yo yatangaje mbere ko uwifuza kugura uyu musore agomba gutanga miliyoni 55 z’amayero . [ TBR FOOTBALL ] 2. Ikipe ya Liverpool yatangaje ko iri gushaka umusore w’umufaransa…

Read More

Icyizere cya Arsenal cyazamutse nyuma y’igaragara rya Bukayo Saka mu ruhame

Ubu magingo aya ikipe ya Arsenal, irabarizwa muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu. (UAE), aho yagiye kwimenyereza ikirere gishyushye, ndetse birashoboka cyane ko, ishobora kuzasakirana n’amakuru meza y’igaruka rya rutahizamu Bukayo Saka, ubwo izaba igarutse mu Bwongereza, mpera z’iki cyumweru. Amwe mu makuru yizewe ava mu ikipe ya Arsenal, imbere avuga ko nubwo uyu musore yagaragaye…

Read More

Rutahizamu mushya wa APR FC yongeye kumwenyuza abakunzi b’iyi kipe abaha amanota atatu

Ikipe ya APR FC yitwaye neza ku mukino wa mbere w’igice cya kabiri cya shampiyona y’u Rwanda “Rwanda Premier League batsinda Kiyovu Sports ibitego bibiri kuri kimwe(2-). Ni umukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium , utangira ku isaha y’i saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ukaba wari umukino waruje ukurikiye indi mikino ine yabanjirije uyu. Amakipe yombi…

Read More