Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’Abakina ari Batatu yegukanye Umudali wa Feza muri “FIBA 3X3 Africa Cup”

Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’Abakina ari batatu y’Abanyarwanda yegukanye umudali wa Feza nyuma yo kuba iya kabiri mu Mikino Nyafurika ya FIBA 3X3 Africa Cup yabereye muri Madagascar. Nubwo u Rwanda rwakoze amateka akomeye,  rwatsinzwe ku mukino wa nyuma na Madagascar amanota 22-3, aho Madagascar ariyo yegukanye umudali wa Zahabu. Ikipe y’u Rwanda yitwaye neza…

Read More

Real Madrid yavuze icyo itekereza ku musaruro mubi wa Carlo Ancelotti

Ubuyobozi bwa Real Madrid buracyafitiye ikizere umutoza Dr. Carlo Ancelotti nyuma yo kuba atari kwitwara neza. Uyu mutoza ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani w’imyaka 65 yari yaraguriwe abakinnyi bahenze kandi beza ku buryo benshi batekerezaga ko noneho umusaruro ugiye kuba mwinshi. Aba barimo Jude Bellingham wahageze muri 2023 ndetse na Kylian Mbappé wahageze muri iyi mpeshyi…

Read More

NBA : ukwibyara bitera ababyeyi ineza !

Rurangiranwa LeBron James n’umuhungu we w’imfura witwa Bronny James baraye banditse amateka muri NBA, nyuma yo kugaragara bwa mbere mu kibuga bombi bari mu mwambaro wa Los Angeles Lakers. Aba bombi bagaragaye hamwe kuri iki cyumweru mu gace ka kabiri mu mukino wari ugamije kwitegura igice cya kabiri cya shampiyona nyirizina ya NBA waje gusozwa…

Read More

Munyangaju Aurore Mimosa amaze gukora ihererekanyabubasha n’uwamusimbuye Nyirishema Richard

Kuri uyu wa Kabiri ku Cyicaro cya Minisiteri ya Siporo habaye ihererekanyabubasha hagati ya Minisitiri ucyuye igihe Munyangaju Aurore Mimosa ndetse n’uwamusimbuye Nyirishema Richard. Richard NYIRISHEMA akaba yahawe dossier zose na Aurore Mimosa asimbuye, kugirango akomereza aho yari ageze .Nyirishema Richard wari usanzwe ari Visi Perezida wa FERWABA ushinzwe amarushanwa yagizwe Minisitiri mushya wa Siporo…

Read More

Minisitiri mushya wa siporo ntamwanya wo guta afite akazi yagatangiriye muri BK Arena atangiza ibirori bya Basketball

Minisitiri mushya wa siporo Nyirishema Richard yafunguye ku mugaragaro imikino y’ijonjora yo gusha tike y’igikombe cy’isi cya 2026 cya Basketball mu bagore igiye kubera muri BK Arena. Hano mu Rwanda iminsi yari ibaye myinshi hitegurwa imikino y’injonjora muri Basketball hashakwa itike y’imikino yanyuma y’igikombe cy’isi cya 2026 mu bagore igomba kuber muri BK Arena kuva…

Read More

abanyeshuri bagiye guhagararira u Rwanda mu mikino ihuza Ibigo by’Amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba berekeje muri Uganda

Itsinda ry’abantu 198 ririmo abanyeshuri 162 ni ryo rigiye guhagararira u Rwanda mu Mikino ihuza Ibigo by’Amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba (FEASSSA) izabera i Bukedea muri Uganda tariki ya 16-27 Kanama 2024. U Rwanda rufite amakipe 14 mu mikino irimo Umupira w’Amaguru, Handball, Volleyball, Basketball (5X5), Basketball 3X3, Rugby, Netball n’ImikinoNgororamubiri. Abitabiriye iyi Mikino bafashe…

Read More

Intwaro eshatu za Murera zamaze gusesekera i Kigali !

Abakinnyi bagera kuri batatu barimo Nathanael Iga Ndwangou ,Youssou Diagne na Rutahizamu Fall Ngagne bamaze kugera kugera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali kugira ngo basinyire ikipe ya Rayon sports. Nathanael Iga Ndwangou, umusore wimyaka 21 ukina nka Rutahizamu , yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali kugira ngo asinyire muri Gikundiro ,uyu musore ukiri…

Read More

Imikino Olempike 2024 : Ikipe ya sudan y’epfo yacurangiwe indirimbo y’igihugu itariyo !

Abategura imikino Olempike mu Bufaransa bakinnye indirimbo yubahiriza igihugu cya Sudani y’Amajyepfo itariyo mbere yuko umukino wa Basketball mu bagabo utangira wagombaga guhuza Sudani na Porto Rico. Ku cyumweru, abarebaga uyu mukino kuri stade ya Pierre Mauroy baratangaye ubwo indirimbo ya Sudani yacurangwaga aho kuba iya Sudani y’Amajyepfo.Nubwo iyi ndirimbo yakosowe nyuma yo guhagarara gato…

Read More

Imikino olempike : Eric Manizabayo na Clementine Mukandanga nibo bari buserukire u Rwanda mu birori byo gutangiza iyi mikino ku mugaragaro ;Menya byinshi biri burange ibi birori [EXCLUSIVE ]

Clementine Mukandanga usiganwa marato (42km) na Eric Manizabayo usiganwa ku igare nibo baraza guserukira u Rwanda mu birori byakataraboneka byo gufungura ku mugaragaro imikino olempike ;dore ko ari bimwe mu birori bitegerejwe n’abatari bake menya byinshi kuri byo.  umuhanzi w’icyamamare Aya Nakamura, Umufaransa ukomoka muri Mali, ashobora kuba ari muri abo, uyu ubu niwe ucurangwa…

Read More