Amerika yatangiye gushinja Irani kuba ariyo yashatse guhitana Donald Trump ishaka kwihorera kubyabaye 2020

Hatangiye gukekwa uruhare rw’igihugu cya Irani mu kugerageza guhitana uwahoze  ari peresida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald John Trump uri no gushaka kugaruka kuntebe iruta izindi muri iki gihugu. Ubwo yari mu bikorwa byo gushaka amajwi kumwanya w’umukuru w’igihugu muri Leta ya Pennsylvania  kandida peresida w’ishyaka ryaba Republicans Donald John Trump yarashwe muburyo butungaranye ubwo…

Read More

KENYA : umunyamakuru Macharia Gaitho yafunguwe nyuma y’uko polisi yari yamufunze yamwibeshyeho

Igipolisi cya Kenya cyarekuye umunyamakuru w’inararibonye nyuma yuko cyari cyamufungiye kuri sitasiyo ya polisi cyimwibeshyeho . Macharia Gaitho ,Umunyamakuru w’inararibonye akaba n’umwanditsi umaze igihe kinini akorana n’ikinyamakuru gikomeye hariya muri Kenya kitwa Daily Nation, uyu akaba akenshi yandika ingingo zivuga ibitagenda neza kuri leta yarekuwe nyuma yo gushimutwa n’igipolisi cya Kenya ,Macharia Gaitho yavuze ko…

Read More

Impumeko nyuma y’uko Komisiyo y’amatora mu Rwanda itangaje ibyayavuyemo by’agateganyo

Mugihe hagitegerejwe ibyavuye mu matora by’aburundu bamwe bari kubyina insinzi abandi bashimira ababatoye n’ubwo batabashije gutsinda amatora. Abakandida batatu Kagame Paul wa FPR Inkotanyi, Mpayimana Philippe umukandida wigenga,na HABINEZA Frank w’ishyaka Democratic Green party of Rwanda (Ishyaka Riharanira amahame ya Demokarasi no kurengera ibidukikije) nibo bahataniraga kwicara muri Village Urugwiro muri iyi Manda. Frank HABINEZA…

Read More

AMATORA 2024:FPR yongeye kwigarurira ubwiganze mu nteko ishingamategeko

Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje iby’ibanze byavuye mu matora y’abadepite 53, bigaragaza ko ishyaka FPR-Inkotanyi n’andi mashyaka bafatanyije baje imbere n’amajwi 62,6%. ishyaka rya FPR-Inkotanyi yafatanyije n’amashyaka atanu, ari yo PDC, PPC, PSR, PSP na UDPR.Abo badepite 53 ni abatowe babangikanye n’amatora ya perezida yabaye ku wa mbere mu gihugu no ku cyumweru ku Banyarwanda baba…

Read More

Dore abaperezida bamaze gushimira perezida Kagame k’ubwo gutsinda amatora

Abaperezida batandukanye bakomeje guhereza ubutumwa bushimira Paul Kagame ndetse bunamwifuriza ishya n’ihirwe nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda n’abanyarwanda ,Ni nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 15 rishyira ku ya 16 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora igaragaje ko mu majwi 78% amaze kubarurwa, Paul Kagame yagize 99,15%. Mu gitondo cyo kuri…

Read More

Ubufaransa : Ubwegure bwa minisitiri w’intebe bugiye guteshwa agaciro kubera imikino olempike

Minisitiri w’intebe w’ubufaransa ashobora kuza kuguma kuri izi nshingano by’agateganyo n’ubwo yari yatangaje ubwegure bwe kubera imikino olempike igiye kubera muri iki gihugu . Biteganijwe ko Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, araza guha umugisha ubwegure bwa minisitiri w’intebe we Gabriel Attal bitarenze ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri nyuma y’uko ishyaka ryabo ry’abakristu ryatsinzwe mu…

Read More

ECUADOR : toni 6 za cocaine zasanzwe muri kontineri zari zijyanye ibitoki mu budage

Polisi ya Ecuador yatangaje ko imbwa zicunga umutekano zo mu bwoko bwa Sniffer zasanze toni 6.23 za cocaine zihishe mu ibitoki byari bigiye koherezwa mu mahanga. Polisi yavuze ko basanze ibiyobyabwenge byinshi bya Cocaine mu gihe cyo kugenzura buri kontineri yagombaga koherezwa ku cyambu cy’amazi maremare ya Posorja mu majyepfo y’iburengerazuba bw’umujyi munini wa Ecuador…

Read More

Icyo ishyaka ritavuga rumwe na Leta rya Green Party of Rwanda rivuga kuby’ibanze byavuye mu amatora ya perezida wa Repubulika

Kuri uyu wa mbere nibwo komisiyo y’Igihugu ya amatora yatangaje ko Paul Kagame  ari we uri imbere y’abandi mu majwi y’agateganyo ku mwanya wa perezida wa repubulika, ishyaka Green Party of Rwanda ryemeza ko ryemera ibyavuye mu amatora Ni amatora yabaye guhera ku itariki ya 14 Nyakanga 2024 ku banyarwanda batuye hanze y’igihugu mu gihe…

Read More

Paul Kagame arayoboye na 99.15%; Ibyavuye mu matora ku mwanya w’umukuru w’igihugu bishyizwe ahagaragara.

none aha Komisiyo y’igihugu y’amatora imaze gutangaza iby’ibanze bavuye mu matora y’Umukuru w’igihugu, ibyerekanye ko Paul Kagame ari we uri imbere y’abandi bakandida bahanganye. Kuri uyu wa mbere, abanyarwanda baba imbere mu gihugu bitabiriye amatora y’Umukuru w’igihugu n’ayabadepite muri iyi Manda y’imyaka itanu iri imbere,aho babyutse iya kare kugira ngo bitorere abayobozi bababereye. Nk’uko yari…

Read More