Usibye Perezida Joe Biden, dore ibindi bikomerezwa bishyigikiye Kamala Harris nk’umukandida w’ishyaka ry’abademokarate

uretse perezida Joe Biden wahise atangaza ko ari nyuma ya Visi-Perezida Kamala Harris ndetse ko ari na we uba amahitamo ye mbere ku umukandida ugomba guhagararira Abademokarate mu matora y’umukuru w’igihugu, ibindi ibikomerezwa bitandukanye byo muri iri ishyaka nabyo batangaje ko biri inyuma ya Harris. Mbere na mbere ,Abaje ku isonga mu kwihutira mu gutangaza…

Read More

Uburusiya bwaburijemo ibitero byo mu kirere by’indege zitagira abapilote za Amerika

Uburusiya buratangaza ko indege z’intambara zabwo zabujije indege ebyiri z’ibisasu za Leta zunze ubumwe z’Amerika kwambuka umupaka wabwo hejuru y’inyanja ya Barents muri Arctique. kuri iki cyumweru, nibwo abarwanyi b’Uburusiya bagaragaje ko indege z’intambara z’Amerika zirwanira mu kirere zo mu bwoko bwa B-52H zashakaga kwinjira mu burusiya, nk’uko Minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yabyanditse ku mbuga nkoranyambaga…

Read More

Perezida Museveni yabwiye urubyiruko rushaka kwigaragambiriza muri Uganda ko ruzaba ruri gukina n’umuriro

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yihanangirije abigaragambyaga ko “bazakina n’umuriro” nibaramuka bakomeje gahunda yo gukora urugendo rwo kurwanya ruswa mu nteko ishinga amategeko ku wa kabiri. Abasore n’inkumi b’abagande bari gutegura urugendo ku mbuga nkoranyambaga basaba ko ruswa ihagarara muri guverinoma.Bivugwa ko batijwe umurindi na bagenzi babo bo mu gihugu cy’abaturanyi cya Kenya, bateguye imyigaragambyo…

Read More

UKRAINE – RUSSIA WAR : impirimbanyi yo muri Ukraine yarwanyaga kuvugwa ku ururimi rw’ikirusiya mu gihugu yasanzwe yapfuye

Uwahoze ari umudepite ukomoka mu gihugu cya Ukraine yapfuye nyuma yo kurasirwa mu muhanda mu mujyi wa Lviv mu burengerazuba bwa Ukraine. Iryna Farion yateje impaka mu 2023 avuga ko abantu baziko bakunda igihugu cyabo bo muri Ukraine batagomba kuvuga Ikirusiya uko byagenda kose.Kuri uyu wa gatanu, iperereza ry’iyicwa ry’umwarimu w’indimi w’imyaka 60 ririmo ryakozwe…

Read More

Côte d’Ivoire : abaturage batangiye guhabwa urukingo rwa kabiri rwa Malaria

Kuri uyu wa gatandatu ,igihugu cya Côte d’Ivoire cyakiriye doze ya kabiri y’urukingo rwa Malaria ruzwi nka [R21/Matrix-M] rwakozwe nikigo gikora inkingo cyo mu buhinde ndetse runahita rutangira guterwa abaturage. Cote d’Ivoire yakiriye doze za mbere z’urukingo rwa malariya rwa kabiri rwakozwe na rumwe mu ruganda runini ku isi mu zikora inkingo rwitwa,Serum Institute of…

Read More

Kwandura Covid-19 bikiyongeraho n’impungenge zogutsindwa na Donald Trump; Joe Biden arageraniwe!

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika yagaragaweho na COVID 19,ubwo yari I Las Vegas mu bikorwa yari akomeje byo Kwiyamamaza mu matora y’Umukuru w’igihugu ateganijwe mu kwezi Kwa cumi na kumwe uyu mwaka. ibintu benshi bemeza ko bishobora kuzagira ingaruka ku matora ateganyijwe ahangayemo na Donald Trump. Ni mu itangazo ryatanzwe n’umunyamabanga w’ibiro by’umukuru…

Read More

Ninde uzayobora inteko ishingamategeko y’u Rwanda?

Nyuma y’uko Abanyarwanda bari imbere mu gihugu ndetse n’abo mu mahanga batoye mu buryo butaziguye abadepite 53 baturuka mu mitwe ya Politiki cyangwa umukandida wigenga hari kwibazwa ufite amahirwe yokuba umukuru w’inteko? Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa, yagaragaje ko amatora muri rusange yagenze neza ashimira abayagizemo uruhare ati “Tuboneyeho gushimira Abanyarwanda ku bwitabire…

Read More

Ibyavuye mu matora by’agateganyo mu byiciro byose nk’uko byatangajwe na Komisiyo ibishinzwe

Komisiyo y’igihugu y’amatora kuri uyu wa kane wa tariki ya 18 Nyakanga 2024 yongeye gutangaza by’agateganyo ibyavuye mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ayabadepite, ibyerekanye ko Paul Kagame n’ishyaka rye bayoboye. Nk’uko yari yabyijeje abanyarwanda, komisiyo y’igihugu y’amatora imaze gushyira hanze by’agateganyo imibare itangwa n’ababarura amajwi y’Umukuru w’igihugu ndetse n’abadepite Aho Paul Kagame akomeje kugira amajwi menshi…

Read More

Kenya: Nta myigaragambyo izongera kubera mu mugi wa Nairobi Nk’uko byari bisanzwe.

Kuri uyu wa gatatu igipolisi cya Kenya cyatangaje ko nta myigaragambyo izongera kubera mu murwa mukuru w’iki gihugu Nairobi kugeza igihe kitazwi, nyuma y’uko imyigaragambyo irimo kuzamo n’udutsiko tw’amabandi ndetse n’abagizi ba nabi bagamije gusahura abaturage. Zimwe mu mpirimbanyi zahamagariye abantu guterana kuri uyu wa Kane bafite ibikoresho byo gukambika cyangwa “kwigarurira” Parike ya Uhuru…

Read More