Abanyagitugu n’abami ntago ari bo bayobora Amerika : Perezida Biden avuga ku cyamuteye kureka kwiyamamaza
Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yasobanuriye abanyamerika impamvu yivanye mu matora y’umukuru w’igihugu. Perezida Biden wasaga nk’uwasezeraga ku baturage, avuga ko byamubereye ishema kubakorera imyaka hafi 50. aho yagize Ati: “magingo aya, Amerika igomba guhitamo guterimbere cyangwa gusubira inyuma. Hagati y’ibyiringiro n’urwango. Hagati y’ubumwe na gatanya. Yavuze ko bimwe mu byamuteye kureka…