Abanyagitugu n’abami ntago ari bo bayobora Amerika : Perezida Biden avuga ku cyamuteye kureka kwiyamamaza

Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe z’Amerika  yasobanuriye abanyamerika impamvu yivanye mu matora y’umukuru w’igihugu. Perezida Biden wasaga nk’uwasezeraga ku baturage, avuga ko byamubereye ishema kubakorera imyaka hafi 50. aho yagize Ati: “magingo aya, Amerika igomba guhitamo guterimbere cyangwa gusubira inyuma. Hagati y’ibyiringiro n’urwango. Hagati y’ubumwe na gatanya. Yavuze ko bimwe mu byamuteye kureka…

Read More

BREAKING NEWS :Minisitiri Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc yirukanywe ku mirimo ye

Mujawamariya Jean D’arc wari usanzwe uyobora minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo yirukanwe ku nshingano nyuma yuko agomba kubanza kubazwa ibyo akurikiranyweho. Mu itangazo riturutse mu biro bya minisitiri w’intebe rimaze kujya ahagaraga mu kanya gashize rivuga ko uwahoze ari minisitiri wa minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo ko yirukanwe ku mirimo kubera ibyo agomba kubanza guhatwamo…

Read More

Amerika; Ukuriye ikipe irinda aba Perezida n’ababayebo Kimberly Cheatle Yeguye mu nshingano.

Kimberly Cheatle yatangaje ibaruwa ye y’ubwegure mu nshingano zo kuyobora aka gatsinda karinda abakuru b’iki gihugu cy’igihangage nyuma y’iminsi mike hageragejwe iyicwa rya Donald Trump ubwo yiyamamazaga muri Leta ya Pennsylvania. Iki gitutu yagitewe nk’abakuru ba guverinoma ndetse na banyamategeko bakomeje kwerekana uburangare bukomeye kukurinda Trump bibaza ukuntu umwicanyi yarinze kugera aho aregera amasasu menshi…

Read More

Ndashaka kunga ishyaka ryange kandi nkanatsinda Donald Trump : Kamala Harris 

Kamala Harris usanzwe ari Visi perezida Amerika yavuze ko ashaka kuzana ubufatanye mu ishyaka rye ry’abademokarate bikamufasha kuzatsinda Donal Trump mu matora ateganijwe mu ugushyingo muri iki gihugu. Nyuma yuko intumwa z’ishyaka ry’abademokarate zihagije kugira ngo yemezwe nk’umukandida w’ishyaka ryabo mu matora ya perezida ryemeje ko rizagwa inyuma Harris Kamala yavuze ko ashaka kunga ishyaka rye,…

Read More

Perezida Xi Jinping   yashimiye Perezida Kagame k’ubwo kongera gutorerwa kuyoboyora u Rwanda

Perezida w’ubushinwa Xi Jinping yashimiye perezida w’u Rwanda Paul Kagame k’ubwo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere. Mu butuma yacishije ku urubuga rwa X rwahoze ari tweeter Perezida JinPing yashimiye perezida Kagame Paul Kubwo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda ndetse anamusezeranya imikoranire myiza hagati y’ibihugu byombi ndetse no gukomeza gutsura umubano…

Read More

KENYA : Polisi yabujije abigaragambya kwigarambabiriza ku kibuga cy’indege cya Jomo Kenyatta

Umuyobozi w’igipolisi cya Kenya w’agateganyo yahaye gasopo abantu bose bateganya kwigaragambya kuri wa kabiri kwirinda kugera ahantu harindwa harimo n’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Jomo Kenyatta. Mu itangazo yashyize ahagaragara Douglas Kanja yavuze ibi mu mu gihe abigaragambya batangaje ko bagomba gukorera imyigaragambyo ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Nairobi. Urubyiruko ruri kwigaragambya ruri gukoresha imbuga nkoranyambaga…

Read More

Burundi : perezida Evariste Ndayishimiye yafunguye ku mugaragaro ikigo gitanga amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba

Perezida Evariste Ndayishimiye yafunguye ku mugaragaro ikigo kitezweho gutanga amashyarazi akomoka ku mirasire y’izuba mu gace ka Gahando gaherereye muri komine ya Vuzigo yo mu ntara ya Makamba mu majyepfo y’uburundi ,iki kigo kitezweho kuzajya gitanga amashanyarazi angana na kilowati 34 ku munsi. iki kigo cyashyizweho mu rwego rwo guteza imbaraga zikomoka ku masoko yisubira…

Read More

Tanzania : Perezida Samia Suluhu yakuye mu nshingano abarimo minisitiri w’ububanyi n’amahanga

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzaniya yirukanye abaministri babiri muri guverinoma ayoboye, harimo n’uwari ufite mu nshingano ububanyi n’amahanga bw’iki gihugu. Itangazo ryavuye mu biro by’umukuru w’igihugu bya Tanzaniya ku cyumweru ryatangaje ko Perezida Hassan yirukanye ministri ushinzwe umuryango w’Afurika y’uburasirazuba, ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, January Makamba, n’ushinzwe itumanaho n’ikoranabuhanga, Nape Nnauye. Kurundi ruhande Izi mpinduka…

Read More

Tshisekedi niwe kibazo cya Congo; ihuriro AFC/M23 ryariye karungu nyuma y’uko Leta irenze kugahenge kemeranyijwe

Kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Nyakanga 2024, ihuriro AFC (Alliance Fleuve Congo) ryibumbiyemo imitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro nka ARC/M23, riyobowe na Corneille Nangaa bagarutse ku mpungenge bafite ku bijyanye n’agahenge kari kagamije ahanini kugira ngo abaturage bahunze intambara bahabwe ubufasha bitagoranye. Nubwo AFC yashimye uruhare rw’umuryango mpuzamahanga, cyane cyane Leta Zunze Ubumwe…

Read More

Amakuru Mashya:Joe Biden yaretse kwiyamamaza;Kamara Harris niwe ugiye guhagararira aba Demokarate

Perezida joe Biden wari umaze igihe kinini avuga ko ashaka guhagararira ishyaka rye mu matora y’Umukuru w’igihugu azaba muri uku kwacumi nakumwe,birangiye abivuyemo ahezeza ikaze Kamara Harris ngo ahagararire aba Demokarate muri aya matora. Ibi yabitangaje kuri iki cyumweru ko atakiyamamaje muri aya matora, ibintu abenshi bafashe ko ari ikimenyetso cya Demokarasi kuko hari hashize…

Read More