Inama y’Uyu Mwaka Ihuza Ubushinwa n’Ibihugu by’Afurika Isize Iki?[explainer]

Inama yahuje Ubushinwa n’ibihugu by’Afurika, mu cyumweru gishize yabuze gato ngo ibabarire imyenda bimwe muri byo biyibereyemo ariko yemera inkunga ya miliyari 50.7 z’amadolari y’Amerika, izatangwa mu buryo bw’imyenda n’ishoramali. Iyi nkunga Ubushinwa bwemeye iraruta iyo bwemeye mu nama yo mu 2021 ariko iri munsi ya miliyari 60 z’amadolari bwemeye mu 2015 na 2018 muri…

Read More

Sudani : ingabo z’Umuryango w’abibumbye zimwe ikaze

Sudani yanze ubusabe bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kohereza ingabo zawo zitagira aho zibogamiye mu butumwa bwo kurinda umutekano w’abasivili bakuwe mu byabo n’intambara hagati y’ingabo za leta n’umutwe wa Rapid Support Forces wayigometseho. Itsinda ry’impuguke z’ abashakashatsi b’Umuryango w’Abibumbye ryoherejwe muri Sudani ryatangaje kuwa gatanu ushize ko babonye ibikorwa biteye ubwoba bibangamiye uburenganzira bwa muntu bikorwa…

Read More

Umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Venezuela Edmundo Gonzalez yahunze igihugu yerekeza muri Espagne

Umukandida utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho muri muri Venezuela Edmundo Gonzalez yavuye muri iki gihugu nyuma y’umunsi umwe amakimbirane y’ububanyi n’amahanga yiyongereye kandi akaba asaba ubuhungiro muri Espagne . Ku rubuga nkoranyambaga, Visi Perezida wa Venezuwela, Delcy Rodriguez, yagize ati: “Nyuma yo guhungira ku bushake kuri ambasade ya Espagne i Caracas, mu minsi yashize, [Gonzalez] yasabye…

Read More

Kenya : Hashyizweho icyunamo kubera urupfu rw’abanyeshuri 17 bishwe n’inkongi

Guverinoma ya Kenya yashyizeho iminsi itatu y’icyunamo kubera urupfu rw’abanyeshuri 17 baheruka guhitanwa n’inkongi y’umuriro yafashe ishuri rya Hillside Endarasha Primary School. Kuri ubu Polisi muri Kenya ikomeje iperereza ku cyateje inkongi y’umuriro yibasiye icumbi ry’abana b’abanyeshuli biga bacumbikirwa mu kigo cy’ishuri ry’ibanze rya Hillside Endarasha riri mu mujyi wa Nyeri muri Kenya. Iyo mpanuka…

Read More

NASA na Boeing Bamanuye Icyogajuru Starliner kitarimo abo cyajyanye mu isanzure mu kurinda ubuzima bwabo

Icyogajuru cy’uruganda Boeing cyitwa Starliner cyagaruwe ku Isi kitarimo Abanyamerika Butch Wilmore na Suni Williams bari barajyanye nacyo mu isanzure Mu bushakashatsi. Mu mushinga w’ikigo cya NASA na Boeing niho icyogajuru Starliner cyoherejwe mu isanzure ku itariki 5 Kamena 2024, mu mushinga wa Boeing n’ikigo Nasa kizobereye mu bumenyi bw’ibyogajuru. Iki cyogajuru cyahagurukiye mu gace…

Read More

Ingabo zibarizwa mu mutwe uhora witeguye gutabara aho rukomeye zasoje amahugurwa

Abofisiye bagera kuri 23 baturutse mu bihugu bigize Umutwe w’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zihora ziteguye gutabara aho rukomeye, basoje amasomo yabo yari amaze ibyumweru bibiri mu kigo cy’igihugu cy’Amahoro (Rwanda Peace Academy) agamije kububakira ubushobozi bwo guhugura bagenzi babo. Aya masomo yitwa Training of Trainers cyangwa se ugenekereje amahugurwa y’abahugura abandi asojwe n’ingabo ziturutse…

Read More

Kinshasa: Umuyobozi wa gereza nkuru ya Makala iherutse kwicirwamo imfungwa 129 ari gushakirwa hasi kubura hejuru

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nzego zishinzwe iperereza ziri gushakisha Joseph Yusuf Maliki, umuyobozi wa gereza nkuru ya Makala iherereye i Kinshasa nyuma y’uko yiciwemo imfungwa 129 mu rukerera rwo ku wa Mbere tariki ya 2 Nzeri 2024. Kuri uyu wa 5 Nzeri, Nibwo urukiko rwa Kinshasa rwatangiye kuburanishiriza muri gereza ya Makala imfungwa…

Read More

intambara ya ukraine n’uburusiya : Zelenskyy arasaba ibihugu by’inshuti bya Ukraine kwemerera gukoresha intwaro kirimbuzi byayihaye

Perezida Volodymyr Zelenskyy yasabye abayoboke be bo mu Burengerazuba kwemerera Ukraine gukoresha misile kirimbuzi kugira ngo igabe ibitero mu Burusiya kandi byongere igitutu i Moscou kugira ngo intambara irangire. Ku wa gatanu, Zelenskyy yagize ati: “Tugomba kugira ubwo bushobozi bwo gutera umwanzi , atari ku butaka bwa Ukraine bugabanijwe gusa, ahubwo no ku butaka bw’Uburusiya,…

Read More

Amatora muri Amerika: Vladmir Putin ashyigikiye Kamara Harris,mu gihe Amerika imurega kwivanga muri Politiki yayo.

Amatora muri Amerika akomeje kugarukwaho cyane n’ibihugu bikomeye cyane Uburusiya bwanatangaje ko bushyigikiye Kamara Harris mu matora, ibihuzwa n’ibirego Leta Zunze Ubumwe Za Amerika zikomeje kubushinja ko buri kwivanga muri Politiki yayo. Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya, yatangaje ko ahitamo Kamala Harris nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika utaha, aho kuba Donald Trump. White…

Read More

Igihugu cyaUkraine cyatoye Ministri w’ububanyi n’amahanga mushya

Abagize inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite bo muri Ukraine baraye batoye Andriy Sybiga kuba ministri w’ububanyi n’amahanga mushya w’icyo gihugu. Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine ari mu ivugurura rigamije guhindura abajyanama be bakuru. Sybiga uvuga Icyongereza n’ururimi rukoreshwa muri Polonye yari yungirije ministri w’ububanyi n’amahanga akaba yarigeze kuba ambasaderi muri Turukiya. Afatwa nk’umuntu wa hafi…

Read More