USA : Urubuga rwa TikTok rwamaze guhagarikwa

Kuri iki cyumweru tariki ya 19 / Mutarama / 2025 , urubuga rwa Tik Tok ntago rurigukoreshwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mbere y’amasaha make ngo itegeko rihagarika burundu uru rubuga muri iki gihugu ritangire gushyirwa mu bikorwa . ubutumwa buri kuza muri telephone cyangwa mudasobwa y’ufunguye uru rubuga bugira buti ” itegeko rihagarika burundu…

Read More

Perezida wa Togo yasuye u Rwanda : AMOFOTO

Ku gicamunsi ku kibuga cy’indege mpuzamahanga i Kanombe , Perezida Kagame Paul yakiriye Perezida wa Togo , Faure Essozimna Gnassingbé uje mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu rw’imisozi igihumbi . Uyu muyobozi w’igihugu cya Togo yaherukaga mu Rwanda mu kwezi kwa munani ubwo yari yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Kagame wari watsinze amatora y’umukuru w’igihugu yari…

Read More

Croatia : uwari umusigarire wa Minisitiri w’intebe yeguye nyuma yo kugaragara arasa abantu

Mu kanya gashize uwari umusigarire wa Minisitiri w’intebe wa Croatia witwa Josip Dabro amaze gutangaza ko yeguye kuri iyi mirimo nyuma y’amashusho yagiye hanze amwerekana ari kurasa abantu mu imodoka yari arimo . Muri aya mashusho , Josip Dabro abanza kugaragara yicaye muri iyi modoka ari kwandikira ubutumwa bugufi muri telephone , acishamo akanaseka ndetse…

Read More

Hakozwe amavugurura mu nzego nyinshi zirimo Minisiteri y’ubucuruzi n’ibitaro byitiriwe umwami Fayisali

Ku munsi wejo tariki ya 17 / Mutarama , Inama y’abaminisitiri yayobowe na nyakubuhwa Perezida Kagame Paul yashyize mu mwanya abayobozi bashya mu nshingano zitandukanye ndetse ikora n’amavugurura mu bigo bya leta birimo Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ndetse no mu bitaro byitiriwe umwami Fayisali . Aya ni amwe mu muvugurura yakozwe mu myanya y’ubuyobozi mu bigo…

Read More

Ubufaransa buri kurira nk’umwana w’uruhinja kubera gutakaza imbaraga muri Africa

Ibikorwa  biherutse gukorwa n’ibihugu  byo muri Africa y’iburengerazuba  byo guhagarika ingabo z’abanyamahanga  ku butaka bwabyo  birerekana ikindi kintu kibangamiye Ubufaransa ku mugabane wa Africa. Perezida wa Cote d’Ivoire Alassane Ouattara, mu ijambo rye ry’umwaka mushya, yatangaje ko ingabo z’Abafaransa zizava muri iki gihugu muri Mutarama. Mu buryo nk’ubwo, Perezida wa Senegali, Bassirou Diomaye Faye, yatangaje…

Read More

USA yamaganye icyo yise ubushotaranyi bw’ u Rwanda kuri DRC

Leta zunze ubumwe z’Amerika zamaganye icyo yise ubushotoranyi bw’u Rwanda kuri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo byumwihariko ikoreshwa rya misile kaburiwe mu ntambara ya FARDC na M23 ndetse n’umubare munini w’abasirikare b’u Rwanda ukigaragara muri kiriya gihugu . Ibi bikubiye muri raporo yashyizwe ahagaragara n’ishami ry’umutekano muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya USA ku munsi wo…

Read More