Antonio Guterres yasabye u Rwanda na M23 kubaha ubusugire bwa DRC

Umunya – Portigal , Antonio Guterres usanzwe ari umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye yatangaje ko ubusugire bw’ubutaka bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo bugomba kubahirizwa . Antonio yatangarije ibi mu nama ya 38 idasanzwe y’inteko y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe iri kubera i Addis Ababa mu gihugu cya Ethiopia . Antonio Guterres…

Read More

U Rwanda ni ruto cyane ku buryo rutabasha umutwaro wa kongo : Perezida Kagame

Perezida Kagame Paul yatangaje ko hakenewe kwimakazwa kubazwa inshingano , ukuri ndetse n’imiyoborere myiza kugirango haboneke igisubizo cyirambye ku kibazo cy’umutekano muke ukomeje kwiyongera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo . Ibi yabitangarije mu nama ya 38 y’umuryango w’Afurika yunze ubumwe yiga ku mahoro n’umutekano w’umugabane byumwihariko ikibazo cy’umutekano muke gikomeje gufata indi…

Read More

DR. Congo n’u Burundi mu bihugu 10 bikennye ku isi : REPORT

Gukena si umurage kandi ntan’ubyizanira kuko birababaza, iyo bavuga ko igihugu gikennye ahanini bagendera ku ngengo y’imari gikoresha, inyungu rusange cyinjiza ku mwaka haba mu baturage na leta muri rusange, ni kenshi uzasanga igihugu gifite umutungo kamere arko kigahora mu murongo w’ubukene bukabije. Nkuko musanzwe mubimenyereye Dailybox ibategurira ikiganiro kivuga ku bumenyi bw’isi, uyu munsi…

Read More

By’amaherere Tshisekedi ntiyagiye mu nama idasanzwe yiga ku bibazo by’igihugu cye !

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 14 Gashyantare 2025 , Minisitiri w’intebe wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yageze i Addis Ababa mu murwa mukuru wa Ethiopia aho yagiye ahagarariye Perezida Felix Tshisekedi mu nama ngarukamwaka y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe igiye ku nshuro yayo ya 38 . Nkuko yabitangajwe n’uyu mu Minisitiri w’intebe wa…

Read More

U Rwanda rugiye gukurirwaho amasezerano y’ingenzi rwari rufitanye n’Uburayi kubera DRC

Inteko inshinga amategeko y’umuryango w’ubumwe bw’Iburayi yasabye ko amasezerano agena ubuhahirane ku bicuruzwa birimo amabuye y’agaciro ari hagati yu Rwanda n’ibihugu binyamuryango yahagarara kubera uruhare iki gihugu gifite mu kwangiza no kudubanganya umutekano mu burasirazuba bwa DRC . Mu inama y’inteko inshinga amategeko y’Uburayi yabaye ku munsi wejo ibera mu mujyi wa Strasbourg mu gihugu…

Read More

Dore ibyo Amb . Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we w’ Amerika ku kibazo cy’umutekano muri DRC

Ku mugoroba wo ku munsi wejo ku wa gatatu , tariki ya 12 Gashyantare , Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane , Amb. Nduhungirehe Olivier yagiranye ikiganiro cyo kuri telefone na Troy Fitrell usanzwe ari umunyamabanga wa leta zunze ubumwe z’Amerika wungirije w’agateganyo ushinzwe ibibazo byo muri Afurika . Ibi ni ibiganiro byibanze ku ngingo zitandukanye zirimo…

Read More

DRC yamaganye ibikorwa bya M23 bigamije guhonyora imyanzuro yafatiwe mu nama ya EAC na SADC

Guverinoma ya Repubulika ya Iharanira Demokarasi ya Kongo yahamagariye imiryango mpuzamahanga guhaguruka ikamagana ibikorwa yise iby’ubushotoranyi bikorwa n’umutwe wa M23 byo guhonyora igihe cy’agahenge cyemeranijwe mu nama ihuriweho ya EAC na SADC yabereye i Dar es Salam tariki ya 8 Gashyantare 2025 . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na leta ya Kongo ku munsi wejo tariki…

Read More

Ntawe uzantera ubwoba ankangisha ibihano : Perezida Kagame

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yahakanye ibirego u Rwanda rushinjwa bijyanye no gufasha umutwe wa M23 utungwa agatoki mu kudubanganya umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo , ashimangira ko nyirabayazana w’iki kibazo ari perezida wa DRC ,Felix Tshisekedi hanyuma anatangaza ko atareka gukora igikwiye kubera gutinya ibihano by’ibihugu byo ku mugabane w’iburayi…

Read More

DRC: Uwari kapiteni wa les Leopards yasabye PSG gusesa amasezerano ya VISIT Rwanda ifitanye n’u Rwanda

Youssouf Mulumbu wigeze kuba kapiteni w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yahamagariye ikipe ya Paris Saint Germain gusesa amasezerano ifitanye na Leta y’u Rwanda ya ‘ VISIT RWANDA ‘ nyuma yuko arushinja kugira uruhare mu kudubanganya umutekano mu burasirazuba bw’iki gihugu . Uyu wakanyujijeho muri ruhago yo hambere atangaje ibi mu…

Read More