Paper Talk[Rwanda&Africa]: APR FC ifite uburenganzira bwo kwirukana Darko Nović, amakipe yabonye tike y’amatsinda yatangiye guhabwa gahunda na CAF

Umunya-Portugal Miguel Cardoso akaba umutoza  w’ikipe  ya  ES Tunis yo mu gihugu cya Tunisia yamaze kongera amasezerano muri iyi kipe nyuma yuko uyu  mutoza w’imyaka 52 abonye tike ya amatsinda nyuma yo gusezerera Dekedaha FC yo muri Somalia kugiteranyo k’ibitego 12-1.(MickyJr) Impuzamashyirahamwe y’aruhago muri  Africa CAF  ryamaze  gutanga  itariki  ya  30  Nzeri  2024  nk’itariki ntarengwa …

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: APR FC yarungurutse mu matsinda birangira itagezeyo,umukinnyi wa Gasogi United yitabye RIB

Umunya-Morocco  Abderahmane Soussi w’imyaka 21  yamaze gusinyira  ikipe ya  Raja Club Athletic avuye mu ikipe ya Akritas Chlorakas yo mu gihugu cya  Cyprus k’umugabane w’Iburayi akaba akina  nka rutahizamu. (MickyJr) Igitego kimwe rukumbi cya rutahizamu w’Umugande Charles Bbaale, nicyo gishyize akadomo ku mukino wa shampiyona wari umaze iminsi uvugwa cyane hirya no hirya mu bakunzi…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Taddeo Lwanga yavuze ko abatsindira Pyramids FC muri Misiri, Uwayezu Jean Fidèle yasigiye umwenda rayon sports wa  miliyoni 400 Frw!

Tariki 13 Nzeri 2024, nibwo ubufatanye hagati ya Ubumwe Initiative n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG), binyuze mu ikipe yacyo y’umukino wa Basketball y’abagore bwashyizweho akadomo aho kuri ubu REG WBBC iri ukwayo ndetse n’Ubumwe BBC ikaba yarasubiye ku ivuko. (Kigali To Day) Etincelles FC yanganyije na Police FC 0-0 mu mukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Mbere…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Samuel Eto’o agiye kwiyamamariza kuyobora CAF, Willy Onana agiye kugaragara mu mikino  Nya-Africa nyuma yo kuva muri Simba SC!

Umunya-Cameroon Samuel Eto’o akaba n’umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Aruhago muri Cameroon ariryo FECAFOOT  biravugwa ko ashaka kuziyamamariza kuba umuyobozi  w’Impuzamashyirahamwe  y’Aruhago muri Africa  CAF, akaba ari amatora ateganyijwe  muri  Werurwe 2025. (kick442) Willy Onana wanyuze mu ikipe  ya Rayon Sports  yavuyemo yerekeza mu gihugu cya Tanzania  mu ikipe ya Simba SC gusa utarigeze atindayo  kuko yahise atandukana …

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:APR FC ishobora gukora impinduka muri 11 kuri Pyramids, inama ya CAF irateranira muri Kenya nk’uko byemejwe!

Umunya-Morocco Adil Hala yagizwe perezida mushya w’ikipe ya Raja Club Athletic yo mu gihugu cya Morocca iyi kipe iri mu zikomeye  k’umugabane  w’Afurika  ikaba ifite ibikombe bitatu bya CAF champions League ndetse na  bibiri bya Confederations Cup.(#Mickyjr) Komite nyobozi  y’Impuzamashyirahamwe  y’Umupira  w’Amaguru  k’umugabane w’Afurika iri gutegura inama izaba tariki ya 16 Nzeri 2024  ikabera  mu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Ibyo Ntwari Fiacre yaganiriye n’umuzamu wa Nigeria,ikipe yo muri Morocca nayo igiye gutegura umunsi w’Igikundiro!

Nyuma ya gahunda yatangijwe n’amakipe yo muri Tanzania ariyo Simba SC ndetse na Young Africans , ikipe ya Wydad Athletic Club  yo muri Morocco kuri  uyu  w’Agatandatu na  yo irakora umuhango wo kwerekana abakinnyi yaguze ndetse n’umutoza.(#MickyJr) Ishyirahamwe ry’Aruhago muri Africa ryamaze  kwambura uburenganzira  sitade  ya  Baba Yara Stadium ikaba sitade iherereye  mu gace ka…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Robertinho utoza Rayon Sports yifurije uwahoze ari umukinnyi we Haruna Niyonzima kuzahirwa!

Abasifuzi baturuka Ghana bayobowe na Daniel Nii Laryea ni bo bazasifura umukino APR FC izakiramo Pyramids mu ijonjora rya kabiri ryo gushaka itike yo gukina amatsinda ya CAF Champions League.(#Igihe) Mukunzi Yannick ukinira Sandvikens IF yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Suède, yabatijwe ndetse ahita yiyemeza kwakira agakiza.Uyu muhango wabaye kuri iki Cyumweru, tariki ya…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Amatike y’umukino  wa nyuma  wa  CAF Super Cup yashize nyuma y’iminota 10 ashyizwe hanze!  Umukino w’Iki y’Igihu y’u Rwanda na  Nigeria wahumuye

Umufaransa   w’Imyaka  52  Fernando Da Cruz  nyuma yo gutandukana  n’Ikipe  ya  Kaizer Chiefs  nk’umutoza  wa  yo  aho yasimbuwe  na  Nasreddine Nabi w’Imyaka 59 ,  kuri ubu agiye kubona akazi gashya  mu ishyirahamwe  ry’Aruhago  muri Morocco  nka  Technical Director .(#MickyJr) Umukino w’Ishiraniro  wa  CAF Super Cup  uhuza ikipe yatwaye CAF  Champions League  na Confederation  uzahuza ikipe …

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Umuzamu  wa Mamelodi Sundowns  muri Africa y’Epfo yashyizwe mu bazamu 10 beza ku isi, Rayon Sports igiye kurega  Mitima Isaac!

Umunya-Nigeria  Ademola Lookman  niwe  mu kinnyi wenyine ukomoka  k’umugabane  wa Africa wasohotse kurutonde  rw’abazahatanira igihembo  cya Ballon d’or  cya  2023-2024, uyu rutahizamu w’Imyaka  26 w’Ikipe  ya  Atalanta  yitwayeneza mu mwaka ushize  w’Imikino dore  ko yatsinze ibitego  b’itatu  ku  mukino  w’anyuma  wa Europe League ikipe ye yatsinzemo  Bayer Leverkusen.(#Channels) Umunya-Repubulika  Iharanira  Demokarasi   ya  Congo  Florent Ibenge…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Impinduka  muri  11 b’Amavubi  ku  mukino  wa Libya, Mohamed Salah yageze mu mwiherero w’Ikipe y’igihugu ya Misiri

Umunya-Afurika  y’Epfo  Percy Tau wavugwaga gusohoka mu ikipe  akinira ya  Al Ahly yo mu gihugu cya Misiri  yamaze kumushyira ku  rutonde rw’Abakinnyi  izifashisha  mu mikino y’Akabiri  y’Ijonjora  yo gusha tike ijya  mu matsinda ya CAF Champions  League.(#MickyJr) Umunya-Misiri  ukinira ikipe ya Liverpool   mu gihugu  cy’Ubwongereza  Mohamed Salah yamaze kugera mu mwiherero w’Ikipe  y’Igihugu  iri kwitegura…

Read More