Paper Talk[Europe]: Arsenal umukinnyi yari kuvanamo amafaranga byanze! icyemezo cya Manchester City kuri Pep Guardiola

Atletico Madrid nyuma yo gutunga abanya Argentina benshi barimo Angel Correa, Rodrigo de Paul Nahuel Molina  na bandi  irashaka n’undi munya Argentina w’imyaka 24  wa  Manchester City  Julian Alvarez nyuma yo kubura umwanya uhagije wo gukinga kubera Erling Braut Haaland. (#Marca – in Spanish) Gusa n’anone Paris St-Germain irifuza  Alvarez. (#Fabrizio Romano) Manchester United yamaze kwiyunga kuri Liverpool mu gushaka…

Read More

Manchester city yasinyishije Fernandinho,ubufaransa bwasezerewe na Urguay,FC Barcelona… uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo ,taliki ya 6/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 6/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 158 mu igize umwaka, hasigaye 207 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka ya siporo; 1965 inter de milan yatwaye igikombe cya shampiyona ya abataliyani cyayo cya cyenda mu mateka. 1978 icyahoze ari ubudage bw\’iburengerazuba bwatwaye igikombe buhigitse Mexico ibitego 6-0….

Read More

Joseph Bonaparte yambitswe ikamba,Andrew Jackson, Adolf Hitler…..uyu munsi mu mateka taliki ya 6/kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 6/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 158 mu igize umwaka, hasigaye 207 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1808: Umuvandimwe wa Napoléon Bonaparte, witwa Joseph Bonaparte yambitswe ikamba ryo kuba Umwami wa Espagne. 1833: Andrew Jackson yabaye Perezida wa mbere wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika wagendeye muri…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Young Africans iteye ikirenge mu cya Rayon Sports na Kiyovu Sports, Rayon Sports ibiyibayeho bitumye itangira Transfer zayo kumugaragaro!

Umunya Malawi Peter Banda w’Imyaka 23 usoje amasezerano ye muri Simba SC yo muri Tanzania yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Red Arrows yo muri Zambia bisobanuye ko azageza muri 2026 ari umukinnyi  w’iyi kipe .(#Zamfoot) Abakunzi b’umupira w’amaguru muri Cameroun bandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA barisaba ko ryahagarika ikipe y’igihugu yabo ’Lions…

Read More

Johnny Weissmuller yashyizeho amateka ku isi,Novak Djokovic,cristiano Ronaldo .. uyu munsi mu mateka ya siporo taliki ya 5/Kamena

1927 – Johnny Weissmuller yaciye uduhigo tubiri tw\’isi mu mikino yo koga. Weissmuller yashyizeho amanota muri metero 100, na metero 200, amarushanwa yo koga yubusa. 1963 – NHL yakoze umushinga wambere wikinira. Hatoranijwe abakinnyi 21. Montreal yahisemo mbere ihitamo Garry Monahan. 1967 – Shampiyona yigihugu ya Hockey (NHL) yatanze francises esheshatu. Minnesota y\’Amajyaruguru ya Stars…

Read More

Papa Grégoire XII yaregujwe,General George Marshal, Robert Earl Hugues ni we wagaragaye nk’uwari ufite ibilo byinshi ku Isi…. uyu munsi taliki ya 5/Kamena mu mateka

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 5/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 157 mu igize umwaka, hasigaye 209 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka mu mateka: Tariki ya 5 Kamena buri mwaka, ni Umunsi Mpuzamahanga wo Kubungabunga Ibidukikije. 1305: I Pérouse, Bertrand de Got yatorewe kuba Papa ku izina Clément V. Ni we wimuriye icyicaro…

Read More

Paper Talk [Europe]:Chelsea ibonye umusimbura wa Thiago Silva, Ole Gunnar Solskjaer na Frank Lampard bagiye kongera kubona akazi

Arsenal  irifuza gutwara umusore w’Ikipe ya  Girona ,26 ukomoka mu gihugu cya Ukraine Viktor Tsygankov unifuzwa cyane na  AC Milan yo mu gihugu cy’Ubutaliya. (Sport – in Spanish) Chelsea ishobora guhanga cyane n’ikipe ya Arsenal mu gusinyisha umusore w’imyaka  21 ukomoka mu gihugu cya Slovenia Benjamin Sesko kuva mu ikipe ya  RB Leipzig. (Standard) Manchester United y’umutoza Eric Ten…

Read More

Paper Talk [Rwanda&Africa]: Rayon Sports itakaje umukinnyi wayo w’ingenzi, Samuel Uwikunda ya Buze Visa imujyana gusifura imikino ya FIFA,Young Africans ikomeje gutera ubwo Simba!

Umusifuzi w’Umunyarwanda Samuel Uwikunda yasimbujwe umunya Ghana Daniel Laryea mu gusifura umukino wo gushaka tike y’igikombe cy’isi cya 2026 hagati ya Congo and Morocco nyuma yo kubura Visa imwerekeza Kinshasa aho Congo-Brazzaville biteganyijwe ko izakinira imikino yabo.(#FOOTBALLNEWS) Umunya Malawi Peter Banda w’Imyaka 23 usoje amasezerano ye muri Simba SC yo muri Tanzania ya maze kugera…

Read More

ikipe ya HT Helinski yarashinzwe ku munsi nkuyu,Pickford,Sven Davidson …taliki ya 4/Kamena mu mateka mu isi ya siporo

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 4 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 156 mu igize umwaka, hasigaye 210 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka mu mateka mu isi ya siporo: 1916 ikipe y\’umupira w\’amaguru yo muri Finland yitwa HT Helinski yarashinzwe ku munsi nkuyu. 1924 umikino wahuje ubufaransa na Hongiriya wari umukino w\’ijana…

Read More

Ali Khamenei yatorewe kuba umuyobozi mukuru wa Repubulika y’igihugu cya Iran,Joseph Kabila Kabange na Angelina Jolie baravuka…taliki ya 4/kamena mu mateka

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 4 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 156 mu igize umwaka, hasigaye 210 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka mu mateka: 1794: Ingabo z’Abongereza zafashe ikirwa cya Port-au-Prince, mu gihugu cya Haiti. Mu 1812 Inteko Nshingamatego ya Leta Zunze Ubumwe z\’Amerika yemeje itegeko ryo gutangiza intambara ku Bwongereza….

Read More