Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mangwende munzira zo kubona undi mu dende, Mbwana Ally Samatta  wa banya Tanzania agiye gukina hamwe na Cristiano Ronaldo!

Umunya-South Africa Fadlu Davids w’imyaka 43 niwe uzaba umutoza mushya w’ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania  guhera umwaka utaha w’imikino nyuma y’uko iy’ikipe ikomeje kwitara n’abi cyane dore ko imaze imyaka itatu nta gikombe cya shampiyona itwara byose byikubirwa n’ikipe ya Young Africans.(#Micky Jr) Kuri uy’u wambere  hateganyijwe  umukino w’ishiraniro hagati y’ikipe ya Raja…

Read More

Paper Talk[Europe]: Lamine Yamal  ashobra kuba umukinnyi wa gurwa amafaranga menshi ku isi, Chelsea ishobora gutanga abakinnyi bane ishaka umwe !

Manchester United yamaze gufungura ibiganiro n’umusore  w’imyaka 24  wu munya Netherland Matthijs de Ligt,  akina nka myugariro (centre-back )  w’iteguye kuba yava no muri iy’kipe ya Bayern Munich muri iy’impeshyi  . (Sky Sport Germany) Paris St-Germain  y’iteguye kwishyura  amafaranga yaba atanzwe kunshuro yambere ku rwego rw’isi rw’umupira wa maguru mu kipe ya FC Barcelona ku musore wabo…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: [30/Kamena] ,Ronlado Gifaru [ O Fenômeno] yafashije brazil gutwara igikombe cy’isi cya gatanu naho umuteramakofi Mike Tyson abona izuba

Uyu munsi kucyumweru ,taliki 30 /kamena ni umunsi wa 182 w’umwaka ubura iminsi 184 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1897 muri Tennis muri Grand slam ya wimbledon  R.F. Doherty yatsinze Harold Mahony amaseti atatu ku busa. 1909 Mu iteramakofe Jack Johnson  byamusabye round 6 kugirango atsinde Tony Ross atware umukandara wo…

Read More

TODAY IN HISTORY :taliki ya 30/Kamena ,DR.Congo yabonye ubwigenge nyuma yo kumara imyaka myinshi ikolonizwa n’Ababiligi,naho Paul François Jean Nicolas Barras abona izuba

Uyu munsi kucyumweru ,taliki 30 /kamena ni umunsi wa 182 w’umwaka ubura iminsi 184 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1559: Umwami Henry II wayoboraga u Bufaransa yakomerekeye bikomeye mu mukino ujya gusa n’umwe mu mikino njyarugamba mu bihe bya kera uzwi nka Jousting, aho abarwana baba bari ku ndogobe. Yakomerekejwe…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Darko Nović  umutoza wa APR FC icyo avuga kukujya  mu matsinda , Azam iriguca umukinnyi  $200,000  kugirango imurekure!

Umunya Zimbwabwe  Prince Mpumelelo Dube ukinira ikipe ya Azam  yo mu gihugu cya Tanzania ashobora gutandukana  n’ayo  gusa arasabwa  kubanza kwishyura by’ibuze agera USD $200,000 kugirango  Azam imurekure ya muhaye ajya gusinya amasezerano.(#Micky Jr) Mu ijoro ryo kuwa Gatanu, ikipe ya Mukura VS yakiriye myugariro wo hagati Umunya-Ghana Abdul Jalilu wakiniraga ikipe ya Dreams FC…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 29/Kamena,Politiki y’Ivanguraruhu (Apartheid) yatangiye gushyirwa mu bikorwa muri Afurika y’Epfo naho Moise Tshombe wari umunyapolitiki ukomoka muri RDC aratabaruka

Uyu munsi ku wa gatandatu,Taliki ya 29/Kamena 2024 ni umunsi wa 181 w’umwaka ubura iminsi 185 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1776: Hashinzwe Umujyi wa San Francisco muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe n’abihayimana babiri b’Abafaransisikani baturutse muri Mexique, igihugu bituranye. 1864: Impanuka ya gari ya moshi yahitanye abantu 99 mu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY :Brazil yanyagiye ubuholandi ibitego kuri bibiri mu gikombe cy’isi naho Jude Bellingham abona izuba

Uyu munsi ku wa gatandatu,Taliki ya 29/Kamena 2024 ni umunsi wa 181 w’umwaka ubura iminsi 185 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1958 Umukino wanyuma wigikombe cyisi cya FIFA, wabereye kuri Stade Råsunda, mu mujyi wa Stockholm, muri Suwede: Vavá & Pelé buri wese yatsinze ibitego 2 muri bitanu burezile yatsinzemo…

Read More

Paper Talk[Europe]: Paris St-Germain  na Marcus Rashford, ubumwe  ntayegayezwa bwa  Ruud van Nistelrooy  na Ten Hag buzaba buteye ubwoba!

Chelsea  irifuza bikomeye umusore  w’ikipe ya Nottingham Forest 21- ukomoka mu gihugu  cya  Brazilian  Murillo akaba myugariro mwiza cyane  w’ifuzwamo agera kuri  £70m,  gusa Chelsea iratekereza  gukoresha  umwongereza wayo w’imyaka 24  Trevoh Chalobah  muri gahunda yo gutwa uy’u musore.(Guardian) Chelsea  yamaze gutanga intanga marara mu ikipe ya   Leicester City  ku musore wabo w’imyaka  25- Kiernan…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abdul Rahman Rukundo muri Rayon byi fashe gute kugeza ubu? Cameroon yapfushije umukinnyi wa y’ikiniye igihe kire kire

Orlando Pirates yo mu gihugu  cya Africa yepfo yatanze agera ku USD $200,000 kugirango itwara  Augustine Okejepha  w’imyaka 20  ukomoka mu gihugu cya Nigeria usanzwe ukinira ikipe ya  Rivers United gusa yaratinze cyane kuberako yamaze kumvikana na Simba SC.(#Micky Jr) Landry Nguémo umunya Cameroon wanyuze ma makipe menshi atandukanye yo ku mugabane w’iburayi arimo  Bordeaux,…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY :taliki 28/Kamena,umunya-cameroun Roger Milla yaciye agahigo mu gikombe cy’isi naho Kevin de brune abona izuba

Uyu munsi ku wa gatanu ,Taliki ya 28/Kanama 2024 ni umunsi wa 180 w’umwaka ubura iminsi 1876 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo: 1958 Umunyamerika ukina umukino wo koga Nancy Ramey yashyizeho amateka yisi muri uyu mukino buryo bwo kunk’ikinyugunyugu muri metero 100 akoresheje igihe kingana 1:…

Read More