Paper Talk[Europe]: Trent Alexander-Arnold  yavuze ku hazaza he, urutonde rw’abakinnyi bagomba gusimbura Wan-Bissaka muri United

Atletico Madrid yamaze kwinjira mu rugamba rwo gusinyisha  umwongereza Conor Gallagher, 24  w’ikipe ya Chelsea akaba akina hagati mu kibuga dore ko ikipe ya Chelsea yaba igifite akayihayiho ko kumurekura  . (Team Talk) Crystal Palace ikomeje kwifuza umusore ukomoka muri Senegal ukinira ikipe ya  Marseille  ukina nka mababa wayo witwa Ismaila Sarr, w’imyaka 26 gusa byavuzwe ko…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Copa América yatashye i Brasília naho rutahizamu Kevin Phillips abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1937 Roger Lapebie ukomoka mu Ubufaransa yegukanye Tour de france yabaga ku nshuro yayo ya mirongo itatu na rimwe . 1940 Umunyamerika John Sigmund yanditse amateka mu mukino wo koga nyuma yo kumara amasaha 89, iminota 46 ari koga aho yavaga mu gace kitiriwe…

Read More

Paper Talk[Europe]:Arsenal igiye kurwanira abakinnyi babiri na Barcelona, Getafe izarya kumafaranga ya United yagurishije Greenwood muri Marseille!

Borussia Dortmund na Juventus  zose ni amakipe y’ifuza gutwara Jodon Sancho  wongeyeho na Paris St-Germain yo mu Bufaransa gusa ayamakipe yose bizayagora kuko uyu musore w’imyaka  24 wa  Manchester United  arasabwa kwishyura amafaranga atari make . (Sky Sports) Manchester United  irifuza agera kuri  £40m muri  Jodon Sancho .(Mirror) Trent Alexander-Arnold  ngo yaba y’ishimiye kuzasinya amasezerano mashya mu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Dorko Nović Ntiyumva impamvu APR FC yava ku isoko kandi igifite ibihanga! Abanya-Argentine bongeye kuri koroza

Kumukino w’ikipe  y’igihugu  ya Argentine  na Morocco mu mikino ya Olempike ikomeje  kubera mu gihugu cy’Ubufaransa  wabayemo akavuyo aho abafana  binjiye mu kibuga, ibi byatumye ikipe y’igihugu ya Argentine itakaza umukino wayo wa mbere .(#Goal) Rayon Sports igaragaje ko y’iteguye urugamba rw’Ashampiyona inyagira Amagaju. wari umukino w’agicuti aho ikipe ya Rayon Sports yatsinze ikipe y’Amagaju…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :intambara y’iminsi ine hagati ya Libiya na Misiri yarasoje naho Victor Emmanuel wa I abona izuba

uyu munsi tariki 24 Nyakanga ni umunsi wa 206 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 160 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1567: Umwamikazi Mariya wa Scots, yahatiwe kurekura ingoma maze asimburwa n’umuhungu we warufite umwaka umwe James VI. 1823: Mu gihugu cya Chili, haciwe ubuhake 1935:…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:ikipe y’igihugu ya Urguay yegukanye Copa América naho Daniele De Rossi abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1904 Henri Corne ukomoka mu gihugu cy’ubufaransa yatwaye Tour de france yabaga ku nshuro yayo ya kabiri. 1908 Umunyamerika Johnny Hayes yegukanye marato ya metero 1000 mu mikino ya olempike yabereye i Londres igihe kingana n’amasaha 2: n’iminota 55: n’amasegonda18.4 . 1946 Abakinnyi icyenda…

Read More

Paper Talk[Europe]:Manchester United yageze no kuri Xavi Simons, Pep Guardiola yatanze umucyo kubakinnyi bose bavugwaga gusohoka muri City

Manchester City yatangiye gutekereza gutwara umusore w’ikipe ya Crystal palace Eberechi Eze, w’imyaka 26 nyuma yo kwitwaraneza cyane mu ikipe y’Igihugu ya Bongereza mu gikombe cy’Uburayi nubwo batakegukanye, uyu mababa akaba ahagaze igiciro cya £60m utabariyemo ayinyongera(add-ons). (Mirror) Ikipe yomuri Saudi Arabia  ariyo  Al-Ittihad  irashaka gutwara Kevin de Bruyne, umusore w’umubiligi w’imyaka 33 , kuba Manchester city…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :Saddam Hussein nyuma yo gutera amahane ngo afungurwe yimuriwe mu bundi buroko naho umwami w’abami Haile Selassie abona izuba

uyu munsi tariki 23 Nyakanga ni umunsi wa 205 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 161 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Ku cyumweru cya tariki 23 Nyakanga 2023, Muri Diyosezi ya Butare, Paruwasi ya Mugombwa habereye igikorwa cyo gusoza urugendo rw’Isanamitima icyiciro cya 2, rwakozwe n’abakrisitu 303. . Bimwe mu byaranze itariki…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Chris Froome yegukanye Tour de france ye ya kane naho rutahizamu Luis Ángel Landín abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1827 Ishuri rya ryambere ryigisha koga ku isi ryafunguwe ku mugaragaro muri Amerika mu mujyi wa Boston uherereye muri leta ya Massachusetts. 1866 Ikipe y’umukino wa Baseball ya Red Stockings nibwo yashinzwe ku mugaragaro. 1902 Ikipe y’umupira w’amaguru yo mu ubuholandi yitwa Excelsior yashingiwe…

Read More

Uyu munsi mu mateka :  Amashyaka ya gisosiyalisite yabonye intsinzi mu Bufaransa mu matora y’abadepite naho  Havutse Jean-Paul Sartre abona izuba

uyu munsi tariki 21 Nyakanga ni umunsi wa 203 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 163 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, tariki ya 21 Nyakanga 2021, Polisi y’u Rwanda, ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano bafashe babiri mu bari bikoreye magendu y’imyenda ya caguwa, abandi babaherekeje bafite imipanga…

Read More