Paper Talk[Europe]: Trent Alexander-Arnold yavuze ku hazaza he, urutonde rw’abakinnyi bagomba gusimbura Wan-Bissaka muri United
Atletico Madrid yamaze kwinjira mu rugamba rwo gusinyisha umwongereza Conor Gallagher, 24 w’ikipe ya Chelsea akaba akina hagati mu kibuga dore ko ikipe ya Chelsea yaba igifite akayihayiho ko kumurekura . (Team Talk) Crystal Palace ikomeje kwifuza umusore ukomoka muri Senegal ukinira ikipe ya Marseille ukina nka mababa wayo witwa Ismaila Sarr, w’imyaka 26 gusa byavuzwe ko…