Paper Talk[Rwanda&Africa]:Young Africans iteye ikirenge mu cya Rayon Sports na Kiyovu Sports, Rayon Sports ibiyibayeho bitumye itangira Transfer zayo kumugaragaro!

Umunya Malawi Peter Banda w’Imyaka 23 usoje amasezerano ye muri Simba SC yo muri Tanzania yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Red Arrows yo muri Zambia bisobanuye ko azageza muri 2026 ari umukinnyi  w’iyi kipe .(#Zamfoot) Abakunzi b’umupira w’amaguru muri Cameroun bandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA barisaba ko ryahagarika ikipe y’igihugu yabo ’Lions…

Read More

Transfert i Nyarugenge ziriguca ibintu; Rayon sports na Police fc ku isoko

Nyuma yo gusinyina amasezerano amasezerano na sosiyete ishinzwe gushakira abakinnyi amakipe ikomoka muri senegal ikipe ya Rayon sports ifatanije n\’iyi sosiyete irufuza kumanura intwaro zizayifasha kwiyubaka ndeste no gusibanganya ibihanga bya bamwe mu bakinnyi bagiye batandukana yaba hagati muri uyu mwaka w\’imikino ushize [Luvumbu Hertier, Rwatubyaye Abdul ..] ndetse na nyuma yuko uyu mwaka urangiye…

Read More

Uburusiya Bugiye kwimurira intwaro zabwo hafi y\’Uburayi na Amerika, Putin yabitewe n\’iki?

Perezida w\’Uburusiya Vladimir Putin hashize amasaha ane yemereye isi ko nawe ntakibazo nagito afite cyo kohereza ibitwaro birasa mu ntera ndende ku myisho y\’Uburengerazuba bw\’Isi. Nyuma y\’inama Ngaruka mwaka y\’ihuriro ryiga ku bukungu i St.petersburg,Bwana Putin Yagiranye ikiganiro n\’abanyamakuru maze atangaza ibisubizo n\’imigambi ijyanye no kuba Leta Zunze Ubumwe Za Amerika zaremereye Ukraine gukoresha intwaro…

Read More

Guverinoma y\’u Rwanda yagejeje ku nteko nshingamategeko ibyagezweho mu myaka irindwi [NST-1]

Leta y\’u Rwanda yatangarije abaturage bayo bahagarariwe n\’abagize inteko nshingamategeko imitwe yombi ibyagezweho muri gahunda yo kwihutisha iterambere NST1 (2017-2024) ibi bikaba byatangajwe na Minisitri w\’intebe Dr.Edouard Ngirente. Umuyobozi wa guvernoma y\’u Rwanda imbere y\’inteko nshingamategeko yatangaje ibyagezweho bihereye kukuzamuka kw\’ingengo y\’imari iva kuri milliyari igihumbi na magana cyenda igera kuri milliyari zigera ku bihumbi…

Read More

Uganda Cranes mu rugendo rwo gushakisha itike y\’igikombe cy\’ isi 2026.

Ikipe y\’igihugu ya Uganda \”Uganda Cranes\” itozwa n\’ umubiligi Paul Josep Put, mu myiteguro yo gushakisha itike y\’igikombe cy\’isi kizabera mu bihugu bitatu byo muri America y\’ epfo aribyo; canada, Mexico na USA. harabura iminsi ibiri iyi misambi ya Uganda igacakirana na ekipe y\’igihugu ya Botswana batazira Dipitse \”The Zebra\” itozwa n\’umutoza w\’umuFaransa Didier Gomez…

Read More

Johnny Weissmuller yashyizeho amateka ku isi,Novak Djokovic,cristiano Ronaldo .. uyu munsi mu mateka ya siporo taliki ya 5/Kamena

1927 – Johnny Weissmuller yaciye uduhigo tubiri tw\’isi mu mikino yo koga. Weissmuller yashyizeho amanota muri metero 100, na metero 200, amarushanwa yo koga yubusa. 1963 – NHL yakoze umushinga wambere wikinira. Hatoranijwe abakinnyi 21. Montreal yahisemo mbere ihitamo Garry Monahan. 1967 – Shampiyona yigihugu ya Hockey (NHL) yatanze francises esheshatu. Minnesota y\’Amajyaruguru ya Stars…

Read More

Rustiro ihoreye mwenewabo wo mu burengerazuba! yongera no gukora ku uburyohe bw’ikiciro cya mbere[ibyaranze imikino yombi yabaye]

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 05 kamena,2024 hakinwaga umunsi wa gatanu w’imikino  ya kamarampaka(play-offs) y’ikiciro cya kabiri mu Rwanda 2023/2024 harebwa amakipe abiri azakina icyiciro cy\’ambere umwaka utaha w’imikino aho Vsion na Rutsiro zazamutse mu cy’iciro cya mbere . Rutsiro 2-0 AS Muhanga, n’umukino wari ukomeye cyane kubera ko As Muhanga ya gombaga gutsinda…

Read More

Papa Grégoire XII yaregujwe,General George Marshal, Robert Earl Hugues ni we wagaragaye nk’uwari ufite ibilo byinshi ku Isi…. uyu munsi taliki ya 5/Kamena mu mateka

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 5/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 157 mu igize umwaka, hasigaye 209 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka mu mateka: Tariki ya 5 Kamena buri mwaka, ni Umunsi Mpuzamahanga wo Kubungabunga Ibidukikije. 1305: I Pérouse, Bertrand de Got yatorewe kuba Papa ku izina Clément V. Ni we wimuriye icyicaro…

Read More

Slovenia Yemeje Palestine nk\’igihugu cyigenga ikurikiye ibindi bihugu bine muri iki cyumweru.

Abagize inteko nshingamategeko ya Slovenia batangaje ibyavuye mu matora yo kureba niba Palestine yafatwa nk\’igihugu cyigenga ubwiganze burabyemeza Palestine imaze igihe kirekire yarambuwe ubwigenge Aho ibihugu byinshi bitayifata nka Leta yigenga nubwo kuva Aho iyi ntambara yayo na Israel yongeye gufata umurego, ibihugu byinshi batangaje ibitekerezo byo guha Palestine ubwigenge.Mu ijoro ryakeye inteko nshingamategeko ya…

Read More

Paper Talk [Europe]:Chelsea ibonye umusimbura wa Thiago Silva, Ole Gunnar Solskjaer na Frank Lampard bagiye kongera kubona akazi

Arsenal  irifuza gutwara umusore w’Ikipe ya  Girona ,26 ukomoka mu gihugu cya Ukraine Viktor Tsygankov unifuzwa cyane na  AC Milan yo mu gihugu cy’Ubutaliya. (Sport – in Spanish) Chelsea ishobora guhanga cyane n’ikipe ya Arsenal mu gusinyisha umusore w’imyaka  21 ukomoka mu gihugu cya Slovenia Benjamin Sesko kuva mu ikipe ya  RB Leipzig. (Standard) Manchester United y’umutoza Eric Ten…

Read More