Abimukira bambere bagejejwe mu Rwanda bavuye mu bwongereza barinubira uburyo bw\’imibereho basanze mu Rwanda
Itsinda ry\’abimukira bazanwe mu Rwanda baturutse mu bwami bw\’abongereza bazanwe kubufatanye na leta y\’ubwongereza barataka ikibazo cy\’imibereho mibi ,umutekano ndetse no guhabwa akato aho bagereranije iki gihugu nka gereza ikinguye. Nyuma y\’impaka nyinshi kuri iki cyemezo cyo kuzana aba bimukira mu rw\’imisozi igihumbi hagati ya leta y\’ubwongereza ndetse n\’amashyaka ya politike atavuga rumwe na leta…