TODAY IN HISTORY :taliki ya 30/Kamena ,DR.Congo yabonye ubwigenge nyuma yo kumara imyaka myinshi ikolonizwa n’Ababiligi,naho Paul François Jean Nicolas Barras abona izuba

Uyu munsi kucyumweru ,taliki 30 /kamena ni umunsi wa 182 w’umwaka ubura iminsi 184 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1559: Umwami Henry II wayoboraga u Bufaransa yakomerekeye bikomeye mu mukino ujya gusa n’umwe mu mikino njyarugamba mu bihe bya kera uzwi nka Jousting, aho abarwana baba bari ku ndogobe. Yakomerekejwe…

Read More

Inkuru Yose:Uko umunsi wa Munani wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu n’abakandida depite wagenze.

Ku munsi wa Munani wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024 Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Ruhango na…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Darko Nović  umutoza wa APR FC icyo avuga kukujya  mu matsinda , Azam iriguca umukinnyi  $200,000  kugirango imurekure!

Umunya Zimbwabwe  Prince Mpumelelo Dube ukinira ikipe ya Azam  yo mu gihugu cya Tanzania ashobora gutandukana  n’ayo  gusa arasabwa  kubanza kwishyura by’ibuze agera USD $200,000 kugirango  Azam imurekure ya muhaye ajya gusinya amasezerano.(#Micky Jr) Mu ijoro ryo kuwa Gatanu, ikipe ya Mukura VS yakiriye myugariro wo hagati Umunya-Ghana Abdul Jalilu wakiniraga ikipe ya Dreams FC…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 29/Kamena,Politiki y’Ivanguraruhu (Apartheid) yatangiye gushyirwa mu bikorwa muri Afurika y’Epfo naho Moise Tshombe wari umunyapolitiki ukomoka muri RDC aratabaruka

Uyu munsi ku wa gatandatu,Taliki ya 29/Kamena 2024 ni umunsi wa 181 w’umwaka ubura iminsi 185 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1776: Hashinzwe Umujyi wa San Francisco muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe n’abihayimana babiri b’Abafaransisikani baturutse muri Mexique, igihugu bituranye. 1864: Impanuka ya gari ya moshi yahitanye abantu 99 mu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY :Brazil yanyagiye ubuholandi ibitego kuri bibiri mu gikombe cy’isi naho Jude Bellingham abona izuba

Uyu munsi ku wa gatandatu,Taliki ya 29/Kamena 2024 ni umunsi wa 181 w’umwaka ubura iminsi 185 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1958 Umukino wanyuma wigikombe cyisi cya FIFA, wabereye kuri Stade Råsunda, mu mujyi wa Stockholm, muri Suwede: Vavá & Pelé buri wese yatsinze ibitego 2 muri bitanu burezile yatsinzemo…

Read More

Paper Talk[Europe]: Paris St-Germain  na Marcus Rashford, ubumwe  ntayegayezwa bwa  Ruud van Nistelrooy  na Ten Hag buzaba buteye ubwoba!

Chelsea  irifuza bikomeye umusore  w’ikipe ya Nottingham Forest 21- ukomoka mu gihugu  cya  Brazilian  Murillo akaba myugariro mwiza cyane  w’ifuzwamo agera kuri  £70m,  gusa Chelsea iratekereza  gukoresha  umwongereza wayo w’imyaka 24  Trevoh Chalobah  muri gahunda yo gutwa uy’u musore.(Guardian) Chelsea  yamaze gutanga intanga marara mu ikipe ya   Leicester City  ku musore wabo w’imyaka  25- Kiernan…

Read More

USA PRESIDENTIAL DEBATE RESULTS : Izabukuru zatumye Trump akubitira Joe Biden ahareba i Nzega

Perezida Joe Biden yaraye atsinzwe bikomeye ndetse agaragaza intege nke mu kiganiro mpaka yagiranye na Donald Trump mugenzi we bahanganiye umwanya mu matora y’umukuru ateganijwe mu kiganiro mpaka cyabereye ku cyicaro cya televisiyo ya CNN. Mbere yo ku wa kane nimugoroba, Abanyamerika benshi bari baragaragaje impungenge ku myaka ya Joe Biden no kuba ameze neza…

Read More

Inkuru Yose:Uko umunsi wa Karindwi wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu n’abakandida depite wagenze.

Ku munsi wa karindwi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga  kumwanya wa peresida Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza akoresheje  itangaza makuru(Press) …

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abdul Rahman Rukundo muri Rayon byi fashe gute kugeza ubu? Cameroon yapfushije umukinnyi wa y’ikiniye igihe kire kire

Orlando Pirates yo mu gihugu  cya Africa yepfo yatanze agera ku USD $200,000 kugirango itwara  Augustine Okejepha  w’imyaka 20  ukomoka mu gihugu cya Nigeria usanzwe ukinira ikipe ya  Rivers United gusa yaratinze cyane kuberako yamaze kumvikana na Simba SC.(#Micky Jr) Landry Nguémo umunya Cameroon wanyuze ma makipe menshi atandukanye yo ku mugabane w’iburayi arimo  Bordeaux,…

Read More

KENYA : urukiko rw’ikirenga rwemereye leta gukoresha igisirikare mu guhosha imyigaragambyo

Urukiko rw’ikirenga rwa Kenya rwemereye Leta ko hakoreshwa imbaraga za gisirikare mu kugarura ituze nyuma y’iminsi y’imyivumbagatanyo y’urubyiruko yo kurwanya itorwa ry’umushinga w’itegeko ndetse ibi bimaze kurenga inguvu z’igiporisi. Abantu barenga 20 bivugwa ko bamaze gutakariza ubuzima muri iyi myigaragambyo iri kuba mu gihugu hose, aho ahanini yari iyobowe n’abakiri bato badakozwa ibijyanye no gutora…

Read More