CECAFA yahumuye APR FC irigukora imyitozo nkiyitegura gutwara igikombe !

Muri iki gitondo ikipe ya Apr fc yatangiye gukora imyitozo na bamwe mu bakinnyi bayo bashya yaguze kuri sitade ikirenga i Shyorongi yitegura kwerekeza muri Tanzania aho izaba igiye kwitabira irushanwa rya CECAFA KAGAME CUP 2024. Ikipe y’ingabo z’igihugu yatangiye imyitozo mbere yuko berekeza muri CECAFAKAGAMECUP2024 muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki…

Read More

nzabaha ubutaka burundu maze mureke kubukodesha na leta : Dr Frank Habineza, Uko Umunsi wa 16 wo Kwiyamamaza wagenze ku ba kandida Perezida na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza ku bakandida perezida bose uko ari batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza muri mahanga.Uyu mukandida Kandi nk’uko…

Read More

Paper Talk: Manchester United  yamaze kumvikana  na rutahizamu kandi udahenze , birasa nkaho Chelsea yagarutse muri gahunda yo gutwara  Victor Osimhen!

Arsenal  ntago irabasha gutanga amafaranga y’ifuzwa  n’Ikipe ya  Bologna  angana miliyoni £42.3  kuri myugariro Riccardo Calafiori, w’imyaka 22 gusa kugeza ubu ibiganiro birakomeje hagati y’amakipe yombi  . (Football Italia) Umudage ukina hagati mu kibuga  Pascal Gross  yamaze kumvikana ibimureba byose na ekipe ya  Borussia Dortmund yo mu gihugu cy’Ubudage   kugirango uyu musore asohoke mu ikipe…

Read More

EURO 2024 : Jadon Sancho yageneye ubutumwa bw’isanamutima Bukayo Saka nyuma yo kwitwara neza imbere y’ubusuwisi

Jadon Sancho yageneye ubutumwa buvuye ku mutima Bukayo Saka nyuma yuko Ubwongereza bugeze muri kimwe cya kabiri kirangiza muri Euro 2024. Intare eshatu zasezereye u Busuwisi kuri penariti ku mugoroba udasanzwe wabereye i Dusseldorf, uruhande rwa Gareth Southgate rwongeye kubira icyuya kugira ngo bagere mu cyiciro gikurikira. Asubiza rutahizamu Breel Embolo, Bukayo Saka yasubije Ubwongereza…

Read More

AMATORA MU UBUFARANSA : Ese ishyaka ry’abahezanguni rya madame Marine Le Pen rirakomeza kuyobora mu bwiganze?

Mu kanya gato nibwo mugihugu cy’ubufaransa haza gutangazwa ibyavuye mu kiciro cya kabiri cy’amatora y’abagize inteko ishinga amategeko yatangiye ku isaha y’i saa mbili nyuma y’uko ikiciro cya mbere cy’aya matora cyatsinzwe n’ishyaka rya Rassemblement National (RN) rya madame Marine Le Pen binakomeza gushyira habi Macron. Abaturage b’igihugu cy’ubufaransa bari mu matora akomeye cyane abayeho…

Read More

DR.Congo: Kongo yongeye kwakira ibimodoka by’Agisirikare byo guhangana n’u mwanzi wayo aho ari hose!

Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo kera kabaye igiye kwakira intwaro kirimbuzi zifashisha ikoranabuhanga ku rugamba mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ibikubiye mu masezerano iki gihugu cyagiranye na sosiyete yitwa Katmerciler yo mu gihugu cya Turkey yari yarasinywe muri 2020. Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo zongereye imbaraga n’umwete mu kugura imodoka zitwara ibirwanisho…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : taliki ya 07 Nyakanga, Golden State Wariors yasinyishije Kevin Durant naho Alfredo Di Stéfano yitaba imana

Uyu munsi Taliki ya karindwi/Nyakanga ni umunsi w’i 189 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 177 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka : 1924:igihugu cy’ubufaransa cyakiriye ku mugaragaro imikino ya Olempike mu mpeshyi yo muri uyu mwaka. 1974 Umukino wanyuma wigikombe…

Read More

Paper Talk:Imyitozo ya Rayon Sports ; Omborenga yagaragaye mu mwambaro wayo! Young Africans yongeye kujabura umukinnyi muri mukeba nyuma yo gutanga akayabo

Umunya-Zimbabwe Prince Mpumelelo Dube  yamaze kwerekeza mu ikipe ya Young Africans yo muri Tanzania  nyuma y’uko iy’Ikipe yamaze gushyira agera  $275,000 kuri Konti y’Ikipe ya Azam bituma uyu mukinnyi agomba gusoka muri iy’Ikipe ,uyu musore w’Imyaka 27 nk’uko yabigaragaje ko yashakaga kuyivamo kuva na mbere.(# Prince Mpumelelo Dube  ) Ahmed Refaat  wakiniraga ikipe ya Modern…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 07 Nyakanga,Muri Iran hatangijwe ikurikizwa ry’itegeko rya Islam rizwi nka Sharia naho  Joseph-Marie Jacquard abona izuba

Uyu munsi Taliki ya karindwi/Nyakanga ni umunsi w’i 189 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 177 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka Uyu munsi taliki ya 07 z’ Ukwakarindwi (Nyakanga) byandikwa 7/7 “Seven-seven” karindwi-karindwi, byamamaye cyane mu bitangazamakuru byo mu bihugu by’uburayi n’…

Read More

Copa América : Urguay ikatishije itike ya 1/2 nyuma yo kuvanamo Brazil kuri Penaliti

Ikipe y’igihugu ya Urguay imaze gukatisha itike ya kimwe cya kabiri nyuma yo gusezerera ikipe y’igihugu ya Brazil kuri penaliti 4 kuri 2 nyuma y’uko iminota isanzwe y’umukino aya makipe yaguye miswi ubusa ku busa ,bikaba biteganijweko Urguay izahura na Columbia muri kimwe cya kabiri cyirangiza. Ni umukino wabaye mu rukerera rwo kuri icyi cyumweru…

Read More