Ninde uzayobora inteko ishingamategeko y’u Rwanda?
Nyuma y’uko Abanyarwanda bari imbere mu gihugu ndetse n’abo mu mahanga batoye mu buryo butaziguye abadepite 53 baturuka mu mitwe ya Politiki cyangwa umukandida wigenga hari kwibazwa ufite amahirwe yokuba umukuru w’inteko? Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa, yagaragaje ko amatora muri rusange yagenze neza ashimira abayagizemo uruhare ati “Tuboneyeho gushimira Abanyarwanda ku bwitabire…