Ninde uzayobora inteko ishingamategeko y’u Rwanda?

Nyuma y’uko Abanyarwanda bari imbere mu gihugu ndetse n’abo mu mahanga batoye mu buryo butaziguye abadepite 53 baturuka mu mitwe ya Politiki cyangwa umukandida wigenga hari kwibazwa ufite amahirwe yokuba umukuru w’inteko? Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa, yagaragaje ko amatora muri rusange yagenze neza ashimira abayagizemo uruhare ati “Tuboneyeho gushimira Abanyarwanda ku bwitabire…

Read More

Ibyavuye mu matora by’agateganyo mu byiciro byose nk’uko byatangajwe na Komisiyo ibishinzwe

Komisiyo y’igihugu y’amatora kuri uyu wa kane wa tariki ya 18 Nyakanga 2024 yongeye gutangaza by’agateganyo ibyavuye mu matora y’Umukuru w’igihugu n’ayabadepite, ibyerekanye ko Paul Kagame n’ishyaka rye bayoboye. Nk’uko yari yabyijeje abanyarwanda, komisiyo y’igihugu y’amatora imaze gushyira hanze by’agateganyo imibare itangwa n’ababarura amajwi y’Umukuru w’igihugu ndetse n’abadepite Aho Paul Kagame akomeje kugira amajwi menshi…

Read More

Kenya: Nta myigaragambyo izongera kubera mu mugi wa Nairobi Nk’uko byari bisanzwe.

Kuri uyu wa gatatu igipolisi cya Kenya cyatangaje ko nta myigaragambyo izongera kubera mu murwa mukuru w’iki gihugu Nairobi kugeza igihe kitazwi, nyuma y’uko imyigaragambyo irimo kuzamo n’udutsiko tw’amabandi ndetse n’abagizi ba nabi bagamije gusahura abaturage. Zimwe mu mpirimbanyi zahamagariye abantu guterana kuri uyu wa Kane bafite ibikoresho byo gukambika cyangwa “kwigarurira” Parike ya Uhuru…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTOR: Arsenal yatsinze Everton mu mukino utoroshye, naho Carlos Diogo abona izuba

BIMWE MU BIHE BY’INGENZI BYARANZE IYI TARIKI MU MATEKA YA SIPORO 1926 hakinwe Tour de France kunshuro ya 20 yatwawe na Lucien Buysse ukomoka mu gihugu cy’ububiligi wakurikiwe na Nicolas Frantz kumwanya wa kabiri we akaba akomoka mu gihugu cya Luxembourg. 1930 Ikipe y’umupira w’amaguru ya SHO yarashinzwe muri Old Beijerland mu gihugu cy’ubuhorandi 1959…

Read More

Paper Talk[Europe]:Igisubizo cya Jurgen Klopp  kukuba yatoza Abongereza, Manchester United  yahaye igisubizo Fulham kuri Scott McTominay 

Umusore w’Ikipe ya  Everton   w’Imyaka 22  Amadou Onana  Umubiligi  ukina hagati mu  kibuga  bitarenze iki cyumweru agomba kuba yabaye umukinnyi mushya w’ikipe ya  Aston Villa y’umutoza Unai Emery. (Sky Sports) Atletico Madrid yatangiye kugaragaza ko y’ifuza gutwara umusore w’ikipe ya  Manchester City akaba na rutahizamu w’umunya Argentine   Julian Alvarez, 24, kugirango bamusimbuze  Alvaro Morata Umunya-Esipanye…

Read More

Amerika yatangiye gushinja Irani kuba ariyo yashatse guhitana Donald Trump ishaka kwihorera kubyabaye 2020

Hatangiye gukekwa uruhare rw’igihugu cya Irani mu kugerageza guhitana uwahoze  ari peresida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald John Trump uri no gushaka kugaruka kuntebe iruta izindi muri iki gihugu. Ubwo yari mu bikorwa byo gushaka amajwi kumwanya w’umukuru w’igihugu muri Leta ya Pennsylvania  kandida peresida w’ishyaka ryaba Republicans Donald John Trump yarashwe muburyo butungaranye ubwo…

Read More

KENYA : umunyamakuru Macharia Gaitho yafunguwe nyuma y’uko polisi yari yamufunze yamwibeshyeho

Igipolisi cya Kenya cyarekuye umunyamakuru w’inararibonye nyuma yuko cyari cyamufungiye kuri sitasiyo ya polisi cyimwibeshyeho . Macharia Gaitho ,Umunyamakuru w’inararibonye akaba n’umwanditsi umaze igihe kinini akorana n’ikinyamakuru gikomeye hariya muri Kenya kitwa Daily Nation, uyu akaba akenshi yandika ingingo zivuga ibitagenda neza kuri leta yarekuwe nyuma yo gushimutwa n’igipolisi cya Kenya ,Macharia Gaitho yavuze ko…

Read More

Impumeko nyuma y’uko Komisiyo y’amatora mu Rwanda itangaje ibyayavuyemo by’agateganyo

Mugihe hagitegerejwe ibyavuye mu matora by’aburundu bamwe bari kubyina insinzi abandi bashimira ababatoye n’ubwo batabashije gutsinda amatora. Abakandida batatu Kagame Paul wa FPR Inkotanyi, Mpayimana Philippe umukandida wigenga,na HABINEZA Frank w’ishyaka Democratic Green party of Rwanda (Ishyaka Riharanira amahame ya Demokarasi no kurengera ibidukikije) nibo bahataniraga kwicara muri Village Urugwiro muri iyi Manda. Frank HABINEZA…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Muri academy ya Bayern Munich hongeye gucishwamo umweyo, abatoza bomuri Cameroon bategetswe kuza gutoza bambaye amakote!

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroon ryashyizeho itegeko rishya rireba ndetse rikanategeka abatoza batoza mu cyiciro cyambere ni cyakabiri muri ikigihugu kwambara amakote mu gihe bagiye gutoza umukino gusa abatoza bandi batari abatoza bakuru bo bazajya bemererwa kwambara imyenda yamakipe yabo umutoza uzarenga kuri iritegeko azajya ahanishwa agera ku $111,563.80.(#MickyJr) impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi “FIFA”…

Read More