UYU MUNSI MU MATEKA :Saddam Hussein nyuma yo gutera amahane ngo afungurwe yimuriwe mu bundi buroko naho umwami w’abami Haile Selassie abona izuba

uyu munsi tariki 23 Nyakanga ni umunsi wa 205 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 161 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Ku cyumweru cya tariki 23 Nyakanga 2023, Muri Diyosezi ya Butare, Paruwasi ya Mugombwa habereye igikorwa cyo gusoza urugendo rw’Isanamitima icyiciro cya 2, rwakozwe n’abakrisitu 303. . Bimwe mu byaranze itariki…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Chris Froome yegukanye Tour de france ye ya kane naho rutahizamu Luis Ángel Landín abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1827 Ishuri rya ryambere ryigisha koga ku isi ryafunguwe ku mugaragaro muri Amerika mu mujyi wa Boston uherereye muri leta ya Massachusetts. 1866 Ikipe y’umukino wa Baseball ya Red Stockings nibwo yashinzwe ku mugaragaro. 1902 Ikipe y’umupira w’amaguru yo mu ubuholandi yitwa Excelsior yashingiwe…

Read More

ZIMBABWE :perezida Mnangagwa yiyemeje gutanga ubutabera kubarakotse ubwicanyi bwa Gukurahundi muri za 1980s

Perezida Emmerson Mnangagwa yatangije gahunda yo gukirana abagize uruhare mu bwicanyi bwo mu myaka ya za 1980 buzwi nka Gukurahundi . Mu myaka ibarirwa muri za mirongo, ubutabera bwateye utwatsi kurenganura abantu ibihumbi n’ibihumbi bishwe n’umutwe w’ingabo wari ukambitse muri Zimbabwe mu intara y’amajyepfo ashyira uburengerazuba n’intara yo hagati mu myaka ya za 1980. Ubwicanyi bamwe…

Read More

Murera yashyize hanze imyambaro izakoresha mu mwaka w’imikino utaha

Rayon sports imaze gushyira hanze imyimbaro  izakoresha mu marushanwa atandukanye muri uyu mwaka w’imikino 2024-2025 , ihita inatangaza ikipe igomba gucakirana na ekipe y’abagore ku munsi w’igikundiro. Umwambaro Rayon Sports izajya yambara igihe yakiriye umukino uzaba urimo amabara y’ubururu bwiganje hanyuma umwambaro wa kabiri uzaba wiganjemo ibara ry’umweru unarimo ndetse n’amahembe y’inka z’inyambo zimenyerewe mu…

Read More

Rayon Sports imaze kwemeza Robertinho nk’umutoza mushya wayo

Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi ku kazina ka  Robertinho amaze gutangazwa  nk’umutoza mushya wa Rayon sports.  mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye ku cyicaro cy’umuterankunga mukuru wa Rayon sports, aho yarimo isobanura byinshi kuri gahunda yiswe icyumweru cya Rayon sports gikomba gusozwa n’umunsi w’igikundiro nibwo yemeje ko uyu munyeburezile wigeze kuyitoza akanayigeza mu mikino ya kimwe…

Read More

Tshisekedi niwe kibazo cya Congo; ihuriro AFC/M23 ryariye karungu nyuma y’uko Leta irenze kugahenge kemeranyijwe

Kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Nyakanga 2024, ihuriro AFC (Alliance Fleuve Congo) ryibumbiyemo imitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro nka ARC/M23, riyobowe na Corneille Nangaa bagarutse ku mpungenge bafite ku bijyanye n’agahenge kari kagamije ahanini kugira ngo abaturage bahunze intambara bahabwe ubufasha bitagoranye. Nubwo AFC yashimye uruhare rw’umuryango mpuzamahanga, cyane cyane Leta Zunze Ubumwe…

Read More

BREAKING NEWS : Kagame Paul yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda n’amajwi 99.18%

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje mu buryo bwa burundu, ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite yabaye hagati ya tariki 14-16 Nyakanga 2024. Amajwi ya burundu agaragaza ko Paul Kagame ari we watorewe kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere aho yagize 99,18%. Frank Habineza yagize 0,50% mu gihe Mpayimana Philippe yagize 0,32% Mu kanya…

Read More

Ntago byumvikana kohereza abaganga benshi kwiga hanze y’igihugu ariko nubundi abarwayi bagakomeza kujya kwivuriza hanze : Perezida Kagame

Nyakubahwa Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahagiye kwagurirwa Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal, mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali. Iki ni igikorwa kandi cyitabiriwe na Visi Perezida ushinzwe ibijyanye n’Ibikorwa muri Susan Thompson Buffet Foundation, Prof Senait Fisseha, Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’Ubwubatsi Shelter Group Africa, Amine Tannouri n’abandi banyacyubahiro. Mu ijambo rya Perezida…

Read More

UGANDA: igipolisi cyagose ibiro by’ishyaka rya Bobi Wine nyuma yo kurishinja gushaka guteza imyigaragambyo

Igipolisi cy’igihugu cya Uganda cyagose ibiro by’ishyaka rikuru ryemera ko ritavuga rumwe n’ubutegetsi biherereye mu mukuru i Kampala. Umuvugizi w’igipolisi avuga ko iki ari icyemezo cyafashwe mu rwego rwo gucungira hafi imyigaragmbyo yo kwamagana leta iteganijwe ejo ku wa kabiri. Robert Kyagulani, azwi kw’izina rya Bobi Wine ,Mu butumwa yacishije ku rubuga rwa X rwahoze…

Read More