Nyuma yo kuvanwa muri Miss South Africa ; Miss Chidimma Adetshina yegukanye Miss Universe Nigeria

 Chidimma Adetshina yegukanye ikamba rya Nyampinga wa Nigeria nyuma yo guhatirwa kuva mu irushanwa ry’ubwiza rya Nyampinga w’Afurika y’Epfo kubera n’ubwenegihugu bwe . nyuma y’Impaka ku bwenegihugu bwe zatumye haba iperereza. Abateguye irushanwa rya Nyampinga w’Afurika y’Epfo basabye minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yaho gusuzuma niba yujuje ibisabwa birangire akuwe mu irushanwa rya Miss south Afurika.  Adetshina…

Read More

Jennifer Lopez yasabye umukunzi we gatanya !

Jennifer Lopez yasabye gatanya na Ben Affleck nyuma y’isabukuru y’imyaka ibiri bashyingiwe . Lopez yasabye gatanya ku wa kabiri mu rukiko rukuru rw’i Los Angeles, nk’uko biri mu nyandiko z’urukiko .Urukundo rwabo rwatangiye nyuma y’uko bahuye mu 2003 barimo gukora kuri filimi yitwa Gigli. Bari bateganyije gushyingirwa muri uwo mwaka, ariko mu 2004 bahagarika urukundo…

Read More

umukobwa ubana ubumuga bwo kutumva yegukanye ikamba rya nyampinga wa Afurika y’epfo

Mia le Roux yabaye umugore wa mbere ufite ubumuga bwo kutumva wambitswe ikamba rya Miss south Africa nyuma y’amacakubiri ajyanye n’ubwoko yaranze iri rushanwa . Mu ijambo rye ryo kumwakira, Madamu Le Roux yavuze ko yizeye ko intsinzi ye izafasha abumva ko batashyizwe muri sosiyete kugera ku nzozi zabo mbi, nkawe.Yanavuze ko ashaka gufasha abakandamijw…

Read More

Umuraperi Travis Scott yafungiwe mu gihugu cy’ubufaransa

Ubuyobozi bw’ubufaransa buravuga ko umuraperi Travis Scott yafungiwe i Paris nyuma yo kurwana n’umurinzi we. Biravugwa ko uyu muraperi w’imyaka 33 w’umunyamerika yibasiye umuzamu wagerageje kumukiza nabo bagabo bombi barinda muri hoteri y’inyenyeri eshanu ya George V mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu. Abashinjacyaha b’Abafaransa babwiye ibiro ntaramakuru Reuters na AFP ko batangiye iperereza…

Read More

Afurika y’epfo : Uwahataniraga irushanwa rya ‘Miss south africa’ yikuyemo nyuma yuko gushinjwa guhimba ubwenegihugu

Chidimma Adetshina wahataniraga ikamba rya Nyampinga w’Afurika y’Epfo, wari wabaye ipfundo ry’impaka zishingiye ku bwenegihugu, yikuye mu irushanwa, avuga ko yafashe icyo cyemezo ku bw’umutekano n’imibereho myiza ye n’iby’umuryango we. Adetshina, yari umunyeshuri w’imyaka 23 wiga amategeko muri kaminuza, yavuze ko yavukiye i Soweto, umudugudu wegeranye n’umujyi wa Johannesburg, akurira i Cape Town. Chidimma Adetshina yatangaje…

Read More

Ibyo kubona ubushobozi bwo gushyingura Dorimbogo aho yifuje gushyingurwa bikomeje kuba ingorabahizi !

Abagize Umuryango wa Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga nka ’Vava cyangwa Dorimbogo” uravuga ko uhangayikishijwe no kubona ubushobozi bwo gushyingura Valentine aho yifuje gushyingurwa. Amakuru avuga ko ashyingurwa kuri uyu wa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024 nk’uko byatangajwe na Rweme Mbabazi Gerard, umwe mu banyamakuru watumye amenyekana nyakwigendera. Gusa kurundi ruhande mu kiganiro mama…

Read More

Aisha yasabye imbabazi abagabo bose nyuma yo kubita amagweja n’ibimonyo

Inkindi Aisha usanzwe ari Umukinnyi wa Sinema Nyarwanda, yasabye imbabazi anavuga ko yabivuze atazi ko ari n’ibitutsi nyuma yo kwita abagabo ibimonyo n’amagweja.  Inkindi Aisha nyuma yo kwita abagabo batabarizwa mu itsinda rishinzwe kurwanya iterabwoba rizwi nka CTU ,amagweja ndetse n’ibimonyo, amaze kubisabira imbabazi nyuma yo gutukwa bikomeye cyane ku mbuga nkoranyambaga n’abatari bake. Umukinnyi…

Read More