Gatete Jimmy

Golden State yatwaye shampiyona yayo ya kabiri,Serena Williams,Javier Mascherano abona izuba… ,iyi taliki ya 8/Kamena mu mateka mu isi ya siporo

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 7/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 160 mu igize umwaka, hasigaye 206 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo 1922 Umukino wa 1 mpuzamahanga wikipe yigihugu ya Romania wabereye Belgrade wabahujije na Yugosilaviya. 1922 Francisc Ronay yaciye agahigo aho yatsinze igitego cya 1…

Read More

Abraham Lincoln yatorewe indi manda, urupfu rwa George Floyd na Muhammad ibn ‘Abdullāh….uyu munsi mu mateka taliki ya 8/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 7/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 160 mu igize umwaka, hasigaye 206 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1783: Nibwo ikirunga cya Laki cyo mu gihugu cya Islande cyatangiye kuruka bikaza kurangira gihitanye abantu 9000 mu mezi 8. Mu 1864, Abraham Lincoln yatorewe indi manda yo…

Read More

Ingengabihe ,amakipe y\’ibihugu ,amatsinda agabanijwemo,aho aza kinira ?… subizwa byose wibaza kuri EURO 2024 [FULL COVERAGE]

Ubwongereza bwatomboye Seribiya, Sloveniya na Danemark mu itsinda C; Scotland yatomboye mu itsinda rimwe n\’Ubudage, Ubusuwisi na Hongiriya; Euro 2024 iratangirira i Munich ku ya 14 Kamena; umukino wa nyuma uzabera i Berlin ku ya 14 Nyakanga. Ni hehe, kandi ni ryari Euro 2024 izabera ? Euro 2024 izaba kuva kuwa gatanu 14 kamena kugeza…

Read More

Abimukira bambere bagejejwe mu Rwanda bavuye mu bwongereza barinubira uburyo bw\’imibereho basanze mu Rwanda

Itsinda ry\’abimukira bazanwe mu Rwanda baturutse mu bwami bw\’abongereza bazanwe kubufatanye na leta y\’ubwongereza barataka ikibazo cy\’imibereho mibi ,umutekano ndetse no guhabwa akato aho bagereranije iki gihugu nka gereza ikinguye. Nyuma y\’impaka nyinshi kuri iki cyemezo cyo kuzana aba bimukira mu rw\’imisozi igihumbi hagati ya leta y\’ubwongereza ndetse n\’amashyaka ya politike atavuga rumwe na leta…

Read More

Brendan Rodgers yerekanwe nk\’umutoza mushya wa ekipe ya Liverpool, Cafu nawe abona izuba,Premier League…. uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo taliki ya 7/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 7/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 159 mu igize umwaka, hasigaye 206 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka ya siporo; 1944 intambara ya kabiri y\’isi yose yahagaritse amarushanwa yose nyaburayi yagombaga kuba. 1944 Ikipe yumupira wamaguru ya Achilles Veen yashinzwe muri Veen. 1970 Umuzamu w’Ubwongereza ‘Gordon Banks…

Read More

umujyi wa Rotterdam mubuholandi nibwo washinzwe,Louis XIV,papa wa Adolf Hitler…. uyu munsi mu mateka,taliki ya 7/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 7/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 159 mu igize umwaka, hasigaye 206 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1340  umujyi wa Rotterdam mu buholandi nibwo washinzwe. 1420 Ingabo za Repubulika ya Venise zafashe Udine, zirangiza ubwigenge bwa ba sokuruza ba Akwiliya. 1654: Louis XIV yambitswe ikamba maze…

Read More

Batatu ni bo bonyine bemerewe byagateganyo kwiyamamaza ku mwanya wa perezida

Kuri uyu wa kane komisiyo y\’igihugu y\’amatora [NEC] yatangaje urutonde rwa agateganyo rwa abakandida bemerewe kwiyamamariza amatora yo ku mwanya w\’umukuru w\’igihugu ndetse n\’aya abadepite ateganijwe kuba hagati ya taliki 14-16/nyakanga /2024. Komiseri mukuru wa Komisiyo y\’igihugu y\’amatora Hon. Oda Gasinzigwa yatangaje ko abakandinda batatu bonyine aribo bujuje ibisabwa aribo: Kurundi ruhande ,uyu muyobozi yanakomeje…

Read More

Abarenga 40 baburiye ubuzima mu gitero cya Israel ku ishuri rya U.N riherereye mu gace ka GAZA

Ku wa kane, indege kabuhariwe z\’intambara zo muri Isiraheli zagabye igitero ku ishuri ry\’umuryango w\’abibumbye riri hagati muri Gaza gihitana byibuze abantu 30, nk\’uko byatangajwe n\’umuyobozi wo mu bitaro byegereye ako gace. Abayobozi b\’inzego z\’ibanze bavuga ko iki igitero cy\’indege cya Isiraheli cyagabwe ku ishuri riyobowe n\’umuryango w\’abibumbye ryacumbikiraga Abanyapalestine bimuwe mu nkambi ya Nuseirat…

Read More

Manchester city yasinyishije Fernandinho,ubufaransa bwasezerewe na Urguay,FC Barcelona… uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo ,taliki ya 6/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 6/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 158 mu igize umwaka, hasigaye 207 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka ya siporo; 1965 inter de milan yatwaye igikombe cya shampiyona ya abataliyani cyayo cya cyenda mu mateka. 1978 icyahoze ari ubudage bw\’iburengerazuba bwatwaye igikombe buhigitse Mexico ibitego 6-0….

Read More

Joseph Bonaparte yambitswe ikamba,Andrew Jackson, Adolf Hitler…..uyu munsi mu mateka taliki ya 6/kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 6/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 158 mu igize umwaka, hasigaye 207 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1808: Umuvandimwe wa Napoléon Bonaparte, witwa Joseph Bonaparte yambitswe ikamba ryo kuba Umwami wa Espagne. 1833: Andrew Jackson yabaye Perezida wa mbere wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika wagendeye muri…

Read More