Gatete Jimmy

Perezida Macron n\’ishyaka rye bakubitiwe ahareba inzega mu matora y\’iburayi ;ahita asesa inteko ishinga amategeko anahamagaza amatora yo kuyisimbuza

Ku wa mbere, Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko yizeye ko Abafaransa bazahitamo neza mu matora y’agateganyo azaba kuri iki cyumweru nyuma y’uko ishyaka ry\’ubumwe bw’abakristu rye buzwi nka [centrist alliance] bwakubiswe inshuro n’ubw’iburyo mu matora y’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi. Ubufaransa buzajya mu matora gutora Inteko ishinga amategeko nshya ,aho ikiciro cyambere cyayo cyabaye taliki ya…

Read More

Inkongi y\’umuriro ikomeye yibasiye Cathedrale ya Chartres,Frederick Barbarossa,Dimitri wa I… uyu munsi mu mateka taliki ya 10/Kamena

uyu munsi kuwa mbere,Tariki 10/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 162 mu igize umwaka, hasigaye 204 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1194 Inkongi y\’umuriro ikomeye yibasiye Cathedrale ya Chartres, mu Bufaransa, iganisha ku kuba yarongeye kubakwa ahantu hirengeye h\’uburyo bwa Gothique bw\’Abafaransa. 1358 Umuyobozi w’abahinzi b’Abafaransa Jacquerie Guillaume Cale yafatiwe…

Read More

Israel-Hamas War : Abarenga 274 bahitanwe n\’igitero cya isreal ku nkambi ya Nuseirat muri Gaza

Minisiteri y’ubuzima iyobowe na Hamas muri Gaza ivuga ko igitero cya Isiraheli ku nkambi y’impunzi cyatumye abantu bane bari bafashwe bugwate babohoka ariko cyikaba cyahitanye abantu 274 barimo abana n’abandi baturage. Igikorwa cya Isiraheli cyo kubohora imbohe enye zari zifitwe na Hamas cyahitanye Abanyapalestine barenga 270 gikomeretsa abandi bagera kuri 700 mu nkambi y’impunzi ya…

Read More

Thomas Tuchel vuba aha ashobora kuza kwisanga ari umutoza wa manchester united

Umuherwe wa Manchester united sir Jim Ractife yamaza gutangaza ko mu mpera z\’iki cyumeru bashora kuza kwerekana umutoza mushya ugomba gusimbura Eric Tenhag wari usanzwe utoza iyi ikipe. Nk’uko ikinyamakuru sky sports kibitangaza ngo uwitwa Sir Jim Ratcliffe yagiranye ibiganiro imbonankubone na Thomas Tuchel, bishobora kuza gutuma Manchester United yizeye ko izabona umusimbura ku mwanya…

Read More

Rafael Nadal yandagaje Dominic Thiem,Los Angeles Lakers yisasira Boston Celtics inayitwara NBA , FC SC Enschede…. uyu munsi taliki ya 9/Kamena mu mateka mu isi ya siporo

uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 9/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 161mu igize umwaka, hasigaye 205 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo 1910 ,Imyaka 114 irashize kugera uyumunsi, ikipe ya Fc SC Enschede ishinzwe. Iyi kipe yo mu Buholandi yegukanye igikombe cya shampiyona kimwe rukumbi . 1990 Cashpoint-Arena…

Read More

Umwami w’Ubudage Henry IV yatsinze Ubwami bwa Saxony,Papa Clement wa VII,Umwamikazi Elizabeth II….uyu munsi mu mateka taliki ya 9/Kamena

uyu munsi ku cyumweru,Tariki 9/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 161 mu igize umwaka, hasigaye 205 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 641 Ingabo z\’Abarabu n\’Abisilamu zatsinze Abanyaroma muri Alegizandiriya, zigarurira Misiri. 721 Odo wa Aquitaine yatsinze ingabo z\’abayisilamu zari zikunzwe gutazirwa Umayyad ku rugamba rwa Toulouse. 1075 Intambara ya Langensalza:…

Read More

Madamu Jeanette yahaye urubyiruko umukoro wo kurwanya abasebya u Rwanda

Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30 urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe Abatutsi, asaba urubyiruko kugira uruhare mu guhangana n’abasebya u Rwanda ndetse n’abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside. Mu kiganiro cyibanze cyane cyane ku mateka y’u Rwanda cyatanzwe na Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene, yabwiye uru rubyiruko ko u…

Read More

Umwe mu bagize intumwa za rubanda umutwe wa sena yeguye ku nshingano ze

Hon .Mupenzi George wari intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko y\’u Rwanda umutwe wa sena yamaze kugeza urwandiko rwemeza ubwegure bwe kuri perezida w\’iyi nteko . Bubicishije mu ubutumwa ,ubuyobozi bw\’inteko ishinga amategeko y\’ u Rwanda bwemeje aya makuru yaramaze iminsi avugwa ko uyu munya -politike ashobora kuba yeguye ku nshingano ze. ubu Ubutumwa…

Read More

Perezida Tshisekedi ntakozwa ibyo guhura na perezida Kagame

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatanu yanze kwitabira inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba . Iyi Nteko Idasanzwe ya 23 y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC, yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki 07 Kamena 2024, yabaye hifashishijwe uburyo bw’Ikoranabuhanga. Ni inama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga, yitabirwa n’abakuru…

Read More