Perezida Macron n\’ishyaka rye bakubitiwe ahareba inzega mu matora y\’iburayi ;ahita asesa inteko ishinga amategeko anahamagaza amatora yo kuyisimbuza
Ku wa mbere, Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko yizeye ko Abafaransa bazahitamo neza mu matora y’agateganyo azaba kuri iki cyumweru nyuma y’uko ishyaka ry\’ubumwe bw’abakristu rye buzwi nka [centrist alliance] bwakubiswe inshuro n’ubw’iburyo mu matora y’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi. Ubufaransa buzajya mu matora gutora Inteko ishinga amategeko nshya ,aho ikiciro cyambere cyayo cyabaye taliki ya…