Twagirumukiza Janvier

Ndashaka kunga ishyaka ryange kandi nkanatsinda Donald Trump : Kamala Harris 

Kamala Harris usanzwe ari Visi perezida Amerika yavuze ko ashaka kuzana ubufatanye mu ishyaka rye ry’abademokarate bikamufasha kuzatsinda Donal Trump mu matora ateganijwe mu ugushyingo muri iki gihugu. Nyuma yuko intumwa z’ishyaka ry’abademokarate zihagije kugira ngo yemezwe nk’umukandida w’ishyaka ryabo mu matora ya perezida ryemeje ko rizagwa inyuma Harris Kamala yavuze ko ashaka kunga ishyaka rye,…

Read More

Perezida Xi Jinping   yashimiye Perezida Kagame k’ubwo kongera gutorerwa kuyoboyora u Rwanda

Perezida w’ubushinwa Xi Jinping yashimiye perezida w’u Rwanda Paul Kagame k’ubwo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere. Mu butuma yacishije ku urubuga rwa X rwahoze ari tweeter Perezida JinPing yashimiye perezida Kagame Paul Kubwo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda ndetse anamusezeranya imikoranire myiza hagati y’ibihugu byombi ndetse no gukomeza gutsura umubano…

Read More

KENYA : Polisi yabujije abigaragambya kwigarambabiriza ku kibuga cy’indege cya Jomo Kenyatta

Umuyobozi w’igipolisi cya Kenya w’agateganyo yahaye gasopo abantu bose bateganya kwigaragambya kuri wa kabiri kwirinda kugera ahantu harindwa harimo n’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Jomo Kenyatta. Mu itangazo yashyize ahagaragara Douglas Kanja yavuze ibi mu mu gihe abigaragambya batangaje ko bagomba gukorera imyigaragambyo ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Nairobi. Urubyiruko ruri kwigaragambya ruri gukoresha imbuga nkoranyambaga…

Read More

Tanzania : Perezida Samia Suluhu yakuye mu nshingano abarimo minisitiri w’ububanyi n’amahanga

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzaniya yirukanye abaministri babiri muri guverinoma ayoboye, harimo n’uwari ufite mu nshingano ububanyi n’amahanga bw’iki gihugu. Itangazo ryavuye mu biro by’umukuru w’igihugu bya Tanzaniya ku cyumweru ryatangaje ko Perezida Hassan yirukanye ministri ushinzwe umuryango w’Afurika y’uburasirazuba, ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, January Makamba, n’ushinzwe itumanaho n’ikoranabuhanga, Nape Nnauye. Kurundi ruhande Izi mpinduka…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :Saddam Hussein nyuma yo gutera amahane ngo afungurwe yimuriwe mu bundi buroko naho umwami w’abami Haile Selassie abona izuba

uyu munsi tariki 23 Nyakanga ni umunsi wa 205 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 161 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Ku cyumweru cya tariki 23 Nyakanga 2023, Muri Diyosezi ya Butare, Paruwasi ya Mugombwa habereye igikorwa cyo gusoza urugendo rw’Isanamitima icyiciro cya 2, rwakozwe n’abakrisitu 303. . Bimwe mu byaranze itariki…

Read More

ZIMBABWE :perezida Mnangagwa yiyemeje gutanga ubutabera kubarakotse ubwicanyi bwa Gukurahundi muri za 1980s

Perezida Emmerson Mnangagwa yatangije gahunda yo gukirana abagize uruhare mu bwicanyi bwo mu myaka ya za 1980 buzwi nka Gukurahundi . Mu myaka ibarirwa muri za mirongo, ubutabera bwateye utwatsi kurenganura abantu ibihumbi n’ibihumbi bishwe n’umutwe w’ingabo wari ukambitse muri Zimbabwe mu intara y’amajyepfo ashyira uburengerazuba n’intara yo hagati mu myaka ya za 1980. Ubwicanyi bamwe…

Read More

Murera yashyize hanze imyambaro izakoresha mu mwaka w’imikino utaha

Rayon sports imaze gushyira hanze imyimbaro  izakoresha mu marushanwa atandukanye muri uyu mwaka w’imikino 2024-2025 , ihita inatangaza ikipe igomba gucakirana na ekipe y’abagore ku munsi w’igikundiro. Umwambaro Rayon Sports izajya yambara igihe yakiriye umukino uzaba urimo amabara y’ubururu bwiganje hanyuma umwambaro wa kabiri uzaba wiganjemo ibara ry’umweru unarimo ndetse n’amahembe y’inka z’inyambo zimenyerewe mu…

Read More

Rayon Sports imaze kwemeza Robertinho nk’umutoza mushya wayo

Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi ku kazina ka  Robertinho amaze gutangazwa  nk’umutoza mushya wa Rayon sports.  mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye ku cyicaro cy’umuterankunga mukuru wa Rayon sports, aho yarimo isobanura byinshi kuri gahunda yiswe icyumweru cya Rayon sports gikomba gusozwa n’umunsi w’igikundiro nibwo yemeje ko uyu munyeburezile wigeze kuyitoza akanayigeza mu mikino ya kimwe…

Read More

BREAKING NEWS : Kagame Paul yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda n’amajwi 99.18%

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje mu buryo bwa burundu, ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite yabaye hagati ya tariki 14-16 Nyakanga 2024. Amajwi ya burundu agaragaza ko Paul Kagame ari we watorewe kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere aho yagize 99,18%. Frank Habineza yagize 0,50% mu gihe Mpayimana Philippe yagize 0,32% Mu kanya…

Read More