Ndashaka kunga ishyaka ryange kandi nkanatsinda Donald Trump : Kamala Harris
Kamala Harris usanzwe ari Visi perezida Amerika yavuze ko ashaka kuzana ubufatanye mu ishyaka rye ry’abademokarate bikamufasha kuzatsinda Donal Trump mu matora ateganijwe mu ugushyingo muri iki gihugu. Nyuma yuko intumwa z’ishyaka ry’abademokarate zihagije kugira ngo yemezwe nk’umukandida w’ishyaka ryabo mu matora ya perezida ryemeje ko rizagwa inyuma Harris Kamala yavuze ko ashaka kunga ishyaka rye,…