DailyBox

Musanze : Pariki y’i Birunga yasobanuye icyihishe inyuma y’iyicwa ry’imbogo ebyiri

Pariki y’ighugu y’i Birunga yatangaje ko imbogo zigera kuri ebyiri zishwe nyuma yuko zari zimaze kurenga uruzitiro rw’iyi parike hakageregezwa kuzisubizayo bikanga ndetse zari zitangiye kwirara mu mirima y’abaturage zibangiriza imyaka . izi mbogo zishwe nyuma yuko byagaragaraga ko nta kindi cyakorwa nyuma yuko ubuyobozi bwari bwagerageje kuzisubizayo uko bwari bushoboye bikananirana ndetse byagaragara ko…

Read More

Premier League : Andre Onana mu mpamvu zitumye Man united itsindwa na Brighton

Ikipe ya Manchester united imaze gutsindirwa ku kubuga cyayo n’ikipe ya Brighton and Hove Albion ibitego bitatu kuri kimwe mu mukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona y’Ubwongereza [ English Premier League ] . Uyu wari umukino wari wayobowe n’umusifuzi ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza witwa Peter Bankes ukaba wabereye kuri sitade ya Manchester united ya Old…

Read More

Nigeria : Abantu 77 bapfiriye mu mpanuka y’imodoka yari itwaye ibikomoka kuri peteroli

Abantu bagera kuri 77 bitabye imana abandi 25 barakomereka ubwo bageragezaga kuvidura peteroli nyuma yuko imodoka yari iyitwaye yakoze impanuka ikomeye igahita ifatwa n’inkongi y’umuriro . Iyi modoka yari yikoreye amakontineri arimo ibi bikomoka kuri peteroli yakoze impanuka ikomeye ubwo yari igeze mu gace ka Suleja gaherereye rwagati mu majyaruguru ya leta ya Niger mu…

Read More

USA : Urubuga rwa TikTok rwamaze guhagarikwa

Kuri iki cyumweru tariki ya 19 / Mutarama / 2025 , urubuga rwa Tik Tok ntago rurigukoreshwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mbere y’amasaha make ngo itegeko rihagarika burundu uru rubuga muri iki gihugu ritangire gushyirwa mu bikorwa . ubutumwa buri kuza muri telephone cyangwa mudasobwa y’ufunguye uru rubuga bugira buti ” itegeko rihagarika burundu…

Read More

Croatia : uwari umusigarire wa Minisitiri w’intebe yeguye nyuma yo kugaragara arasa abantu

Mu kanya gashize uwari umusigarire wa Minisitiri w’intebe wa Croatia witwa Josip Dabro amaze gutangaza ko yeguye kuri iyi mirimo nyuma y’amashusho yagiye hanze amwerekana ari kurasa abantu mu imodoka yari arimo . Muri aya mashusho , Josip Dabro abanza kugaragara yicaye muri iyi modoka ari kwandikira ubutumwa bugufi muri telephone , acishamo akanaseka ndetse…

Read More