USA PRESIDENTIAL DEBATE: ni nde uraza gutsinda hagati ya Biden na Trump?
Kuri uyu mugoroba wo kuwa kane ,perezida Donald Trump na Joe Biden bagiye guhurira mu kiganiro mpaka kuri televisiyo ya CNN nk’abakandida bingenzi ku mwanya wa perezida mu matora ateganijwe muri iki gihugu mu mpera z’uyu mwaka muri Amerika . Perezida Biden uriho ubu ntabwo yigeze agirana ibu bwoko bw’ibiganiro n’abamubanjirije ibi biza byiyongera ku…