DailyBox

DRC : Minisitiri Judith Suminwa avuga ko Congo igomba gutera u Rwanda byanze bikunze

Tuluka Suminwa ,Minisitiri w’intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko abateye igihugu cye [Rwanda] bazabakurikirana kugera iwabo; ibi biza bishimangira ibyagambiriwe na Perezida Félix Antoine Tshisekedi byo gutera u Rwanda. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu,Nibwo uyu mutegetsi yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma, yakirwa neza n’abaturage ba Goma hamwe n’intumwa…

Read More

KENYA : visi perezida yasabiye ukuriye ubutasi bw’iki gihugu kweguzwa mu maguru mashya

visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, byimazeyo yanenze ku mugaragaro ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza n’umuyobozi wacyo avuga ko yananiwe kumenyesha Perezida ku gihe ibijyanye n’imyigaragambyo rukukumba yategurwaga yanaje kugwamo abantu ku wa Kabiri. Abigaragambya bagera mu bihumbi bangije inyubako nyisnhi z’abayobozi mumurwa mukuru i Nairobi, binjira mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko, batwika igice cyayo. Basabaga…

Read More

Nyuma y’ikirego cya Dabijou kuri RIB ;Yago Pondat yitabye uru rwego

Ku munsi w’ejo ku wa gatatu ,umunyamakuru Yago Pondat ndetse akaba n’umuhanzi yitabye urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha kugirango atange ubusobanuro kubyo aregwa n’uwitwa Dabijou. Nyuma y’amakuru amaze iminsi acicakana byumwihariko ku mbugankoranyambaga avuga ko uwitwa Munezero Rosine uzwi cyane nka Dabijou kuri izi mbugankoranyambaga yaba yaramaze kugeza inyandiko kuri uru rwego rw’ubugenzacyaha ikubiyemo ibirego byinshi arega…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : taliki ya 27 ,Serena Williams yifotoje yambaye ubusa kandi anatwite naho Raúl Gonzalez na Michelle Torres babona izuba

Uyu munsi ku wa kane ,Taliki ya 27/Kanama 2024 ni umunsi wa 179 w’umwaka ubura iminsi 187 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka ya siporo: 1954 Mu gikombe cy’isi cyo muri uyu mwaka Hongiriya yatsinze Brezil, ibitego 4-2 muri kimwe cya kane kirangiza, gusa wari umukino waranzwe n’imirwano n’amahane menshi dore…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki 27/Kamena , Djibouti yabonye ubwigenge naho umwami w’ubufaransa  Charles IX abona izuba

Bimwe mu byaranze iyi tariki mu mateka 1894: Mu Bufaransa Perezida wa Repubulika Jean Casimir-Périer yatangiye kuyobora igihugu. 1973: Juan María Bordaberry yakorewe coup d’etat muri Uruguay. 1977: Djibouti yabonye ubwigenge. 1981: Pen Sovan yagizwe Minisitiri w’Intebe muri Combodge. 1995: Hamad ben Khalifa Al Thani yabaye Umuyobozi wa Qatar. 2007: Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara bwemeje ko uburyo bwo kumisha imigogo y’abami mu…

Read More

Transfers : Apr fc imaze kugura abakinnyi bane bashya babanyamahanga barimo Richmond Lamptey [Menya byinshi kuribo]

Ikipe ya APR fc imaze kumvakana n’abakinnyi bagera kuri bane bafite ubwenegihugu bwo muri afurika y’iburengerazuba bagomba kuza gufasha iyi kipe mu marushanwa nyafurika ya Caf Chanpions League iyi kipe igomba kwitabira mu mwaka utaha wa 2024-2025. Muri izi ntwaro iyi kipe y’ingabo z’igihugu igiye kumanura i Nyarugenge harimo uwitwa Richmond Lamptey usanzwe ukina hagati…

Read More

Full Report: Uko umunsi wa gatanu wo Kwiyamamaza wagenze ku bakandida Bose ku mwanya w’umukuru w’igihugu na gahunda y’umunsi ukurikiyeho

Ku munsi wa gatanu wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Burera na Musanze…

Read More