DailyBox

AMATORA MURI AMERIKA : Nyuma yo kubyemeranyaho n’umuryango we ;perezida Biden azakomeza guhatanira ku mwanya wa Perezida

Akanama ka abagize umuryango wa Perezida Joe Biden kamaze kwemeza ko agomba kutava ku izima mu kwiyamamariza ku mwanya wa perezida nubwo Biden yitwaye nabi cyane ndetse agakubitwa incuro na mugenzi we Trump bahanganye mu kiganiro mpaka giherutse kubera kuri CNN i Atlanta. Umuryango wa Perezida w’Amerika ndetse akaba n’umudemokarate , Joe Biden wamushishikarije gutera…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : taliki ya 2 /Nyakanga, Luis Suarez yahesheje Uruguay intsinzi imbere ya Ghana naho umubiligi Maarten Martens abona izuba

Uyu munsi Taliki ya kabiri /Nyakanga ni umunsi w’184 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 182 kugirango ugere ku musozo . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi byumwihariko mu isi ya Siporo : 1932 Muri Tennis , umunyamerika Ellsworth Vines yatsindiye ku mukino wa nyuma Bunny Austin mugenzi we bahuje ubwenegihugu amaseti atatu…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 2/Nyakanga ,Hasinywe amasezerano y’amahoro ya Perth ( traité de Perth) naho Patrice Lumumba waharaniye ubwigenge bw’icyahoze ari Zaire abona izuba

Uyu munsi Taliki ya kabiri /Nyakanga ni umunsi w’184 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 182 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi : 1266 : Hasinywe amasezerano y’amahoro ya Perth ( traité de Perth) arangiza intambara yahuzaga Ecosse na Norvège na Espagne….

Read More

EURO 2024 : Jude Bellingham ashobora kutazongera gukina EURO ukundi

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’i Burayi [UEFA] iri gukora iperereza ricukumbuye ku myitwarire y’umwongereza Jude Bellingham nyuma yo gutsinda igitego cyo kwishyura mu mukino wabahuzaga n’ikipe y’igihugu ya Slovakia muri EURO iri kubera mu gihugu cy’ubudage. Uefa iri gukora iperereza ku kimenyetso cyakozwe n’umukinnyi wo hagati w’Ubwongereza Jude Bellingham nyuma yo gutsinda igitego ikipe…

Read More

SOUTH AFRICA :Perezida Ramaphosa yatangaje guverinoma nshya kandi idasanzwe

Kuri uyu wa mbere ,Cyril Ramaphosa ,Perezida wa Afurika yepfo amaze gushyira hanze abagize guverinoma nshya kandi idasanzwe kuko ihuriweho n’andi mashyaka atavuga rumwe na ANC iri kubutegetsi magingo aya . Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ibi , nyuma yuko ishyaka rye rya ANC (African National Congress) ritakaje ubwiganze mu nteko ishingamategeko mu matora…

Read More

#AMATORA MU BUFARANSA: Madame Marine Le Pen n’ishyaka rye bari kubyina intsinzi y’amatora

Ishyaka Rassemblement National rya Madame Marine Le Pen rimaze kubona intsinzi yo mu cyiciro cya mbere cy’amatora y’abadepite mu gihugu cy’ubufaransa nyuma yo guhigika iry’abaharanira demokarasi na repubulika rya Perezida Emmanuel Macron. Uruhande rw’ishyaka ry’abahezanguni mu gukomera ku migirire ya kera ryo mu Bufaransa riri mu mu byishimo nyuma y’icyiciro cya mbere cy’amatora y’abadepite, cyemeje kugira…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: [30/Kamena] ,Ronlado Gifaru [ O Fenômeno] yafashije brazil gutwara igikombe cy’isi cya gatanu naho umuteramakofi Mike Tyson abona izuba

Uyu munsi kucyumweru ,taliki 30 /kamena ni umunsi wa 182 w’umwaka ubura iminsi 184 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1897 muri Tennis muri Grand slam ya wimbledon  R.F. Doherty yatsinze Harold Mahony amaseti atatu ku busa. 1909 Mu iteramakofe Jack Johnson  byamusabye round 6 kugirango atsinde Tony Ross atware umukandara wo…

Read More

TODAY IN HISTORY :taliki ya 30/Kamena ,DR.Congo yabonye ubwigenge nyuma yo kumara imyaka myinshi ikolonizwa n’Ababiligi,naho Paul François Jean Nicolas Barras abona izuba

Uyu munsi kucyumweru ,taliki 30 /kamena ni umunsi wa 182 w’umwaka ubura iminsi 184 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1559: Umwami Henry II wayoboraga u Bufaransa yakomerekeye bikomeye mu mukino ujya gusa n’umwe mu mikino njyarugamba mu bihe bya kera uzwi nka Jousting, aho abarwana baba bari ku ndogobe. Yakomerekejwe…

Read More

Inkuru Yose:Uko umunsi wa Munani wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida batatu n’abakandida depite wagenze.

Ku munsi wa Munani wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024 Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Ruhango na…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 29/Kamena,Politiki y’Ivanguraruhu (Apartheid) yatangiye gushyirwa mu bikorwa muri Afurika y’Epfo naho Moise Tshombe wari umunyapolitiki ukomoka muri RDC aratabaruka

Uyu munsi ku wa gatandatu,Taliki ya 29/Kamena 2024 ni umunsi wa 181 w’umwaka ubura iminsi 185 ngo ugere ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1776: Hashinzwe Umujyi wa San Francisco muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe n’abihayimana babiri b’Abafaransisikani baturutse muri Mexique, igihugu bituranye. 1864: Impanuka ya gari ya moshi yahitanye abantu 99 mu…

Read More