DailyBox

KENYA : umunyamakuru Macharia Gaitho yafunguwe nyuma y’uko polisi yari yamufunze yamwibeshyeho

Igipolisi cya Kenya cyarekuye umunyamakuru w’inararibonye nyuma yuko cyari cyamufungiye kuri sitasiyo ya polisi cyimwibeshyeho . Macharia Gaitho ,Umunyamakuru w’inararibonye akaba n’umwanditsi umaze igihe kinini akorana n’ikinyamakuru gikomeye hariya muri Kenya kitwa Daily Nation, uyu akaba akenshi yandika ingingo zivuga ibitagenda neza kuri leta yarekuwe nyuma yo gushimutwa n’igipolisi cya Kenya ,Macharia Gaitho yavuze ko…

Read More

Impumeko nyuma y’uko Komisiyo y’amatora mu Rwanda itangaje ibyayavuyemo by’agateganyo

Mugihe hagitegerejwe ibyavuye mu matora by’aburundu bamwe bari kubyina insinzi abandi bashimira ababatoye n’ubwo batabashije gutsinda amatora. Abakandida batatu Kagame Paul wa FPR Inkotanyi, Mpayimana Philippe umukandida wigenga,na HABINEZA Frank w’ishyaka Democratic Green party of Rwanda (Ishyaka Riharanira amahame ya Demokarasi no kurengera ibidukikije) nibo bahataniraga kwicara muri Village Urugwiro muri iyi Manda. Frank HABINEZA…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Intara ya Timor y’Iburasirazuba, yongewe ku zigize Indonésie naho, Letsie III umwami w’ubwami bwa Lesotho abona izuba

Tariki ya 17 nyakanga Ni umunsi mpuzamahanga w’ubutabera. Uyu munsi mu mateka y’u Rwanda ,Mu mwaka wo mu1994: Tariki ya 17 Nyakanga, Ingabo zahoze ari RPA zabohoye Umujyi wa Gisenyi. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1429: mu ntambara y’Imyaka 100 Hundred Years’ War, umwami Charles VII w’ubufaransa yambitswe ikamba ryo kuba umwami w’ubwami bw’ubufaransa…

Read More

AMATORA 2024:FPR yongeye kwigarurira ubwiganze mu nteko ishingamategeko

Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje iby’ibanze byavuye mu matora y’abadepite 53, bigaragaza ko ishyaka FPR-Inkotanyi n’andi mashyaka bafatanyije baje imbere n’amajwi 62,6%. ishyaka rya FPR-Inkotanyi yafatanyije n’amashyaka atanu, ari yo PDC, PPC, PSR, PSP na UDPR.Abo badepite 53 ni abatowe babangikanye n’amatora ya perezida yabaye ku wa mbere mu gihugu no ku cyumweru ku Banyarwanda baba…

Read More

Dore abaperezida bamaze gushimira perezida Kagame k’ubwo gutsinda amatora

Abaperezida batandukanye bakomeje guhereza ubutumwa bushimira Paul Kagame ndetse bunamwifuriza ishya n’ihirwe nyuma yo kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda n’abanyarwanda ,Ni nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa Mbere tariki 15 rishyira ku ya 16 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora igaragaje ko mu majwi 78% amaze kubarurwa, Paul Kagame yagize 99,15%. Mu gitondo cyo kuri…

Read More

Enzo Fernandez ari gukorwaho iperereza ku birego bijyanye n’irondaruhu

Chelsea iri gukora iperereza kuri videwo yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga n’umukinnyi wayo wo hagati Enzo Fernandez ,aho Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bufaransa rivuga ko iyi videwo rikubiyemo indirimbo zimakaza ivanguramoko n’ivangura. Ku wa kabiri, federasiyo y’umupira w’amaguru yo mu bufaransa [FFF] yavuze ko izatanga ikirego ku rwego nyobozi rw’isi rwa Fifa kuri videwo irimo indirimbo…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Byasabye penaliti kugirango Brazil itware Ubutaliyani igikombe cy’isi naho Moussa Dembélé abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1927 Tour de France yabaye ku nshuro yayo ya 21: Nicolas Frantz wo muri Luxembourg yegukanye umwanya wa mbere mu gace kavaga mu mujyi wa Nice kerekeza mu bubiligi akoresheje kingana na 1h 48′ 21″ . 1963 Ikipe y’umupira wamaguru ya Telstar yarashinzwe mu gace…

Read More

abafana n’ubu baracyakomeje kwibaza ugurira ikipe yabo! Rayon sports yaguze Haruna Niyonzima

Ikipe ya Rayon sports imaze gusinyisha Haruna Niyonzima wahoze ari kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yavuye muri Al Ta’awon SC, yemezwa nk’umukinnyi mushya wa Rayon Sports yahozemo mu myaka 17 ishize. Aya makuru yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2024 aho uyu Haruna Niyonzima aje muri Rayon Sports avuye mu ikipe…

Read More

Dore abakinnyi icumi bari guhabwa amahirwe yo kwegukana Ball d’or

Nyuma y’isozwa ry’amarushanwa akomeye y’iburayi yaba igikombe cy’uburayi n’amashampiyona atandukanye ,ubu hari kwibazwa ugomba kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi cyizwi nka Ballon d’or. Euro 2024 na Copa America zombi byaje kurangira ku cyumweru nijoro nyuma yukwezi kose kwimikino, ibihangange bitandukanye ku mugabane w’iburayi biri gutekereza uko byakitegura umwaka utaha w’imikino mushya. Ku cyumweru, Espagne…

Read More