DailyBox

Amakuru mashya : Arthémon Simbananiye wari inaribonye muri politike y’u Burundi yitabye imana

Arthémon Simbananiye yitabye imana ,uyu wagize uruhare runini cyane mu buyobozi bw’igihugu cy’u Burundi nyuma yo kubona ubwigenge . Amakuru y’urupfu rwa Arthémon Simbananiye yamenyakanye uyu munsi ubwo umwe mu bagize umuryango we yabitangarizaga ikinyamakuru BBC gahuzamiryango . Yatanaje ko uyu mukambwe w’imyaka mirongo inani n’icyenda ko ku munsi wo ku cyumweru cyo muri kiriya…

Read More

Mukura  VS yaryohewe n’isoko rya Ghana ubu noneho igiye kugurayo rutahizamu warushijwe na Mbaoama igitego cyimwe!

Ikipe ya Mukura VS biravugwa ko yamaze kumvikana na rutahizamu w’umunya-Ghana Agyenim Boateng Mensah  ugomba gusinya imyaka ibiri muri iy’ikipe yambara umuhondo n’umukara . Ikipe ya Mukura VS ni imwe mu zikomeye zibarizwa mu ntara , ni imwe kandi mu makipe akomeje kwiyubaka bidasanzwe yitegura umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 ibinyujije mu gusinyisha abakinnyi bakomeye…

Read More

Abanyagitugu n’abami ntago ari bo bayobora Amerika : Perezida Biden avuga ku cyamuteye kureka kwiyamamaza

Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe z’Amerika  yasobanuriye abanyamerika impamvu yivanye mu matora y’umukuru w’igihugu. Perezida Biden wasaga nk’uwasezeraga ku baturage, avuga ko byamubereye ishema kubakorera imyaka hafi 50. aho yagize Ati: “magingo aya, Amerika igomba guhitamo guterimbere cyangwa gusubira inyuma. Hagati y’ibyiringiro n’urwango. Hagati y’ubumwe na gatanya. Yavuze ko bimwe mu byamuteye kureka…

Read More

Robertinho yageze mu Rwanda asezeranya  abafana ba Rayon Sports ikintu gikomeye babuze mu myaka itanu ishize !

Umunya-Brazil Robertinho warutegerejwe I Kigali aje gutoza ikipe ya Rayon Sports yamaze kuhagera  atanga ubutumwa kuba Rayon bose abibutsa ko bakwiye ibikombe kandi arizo nshingano zimuzanye . Ntagihe kinini gishize ikipe ya Rayon Sports  itandukanye n’uwari umutoza wayo Umufaransa- Julien Mette  aho yahise ijya mu ihurizo ryo gushaka umutoza mushya  ugomba  kuyitoza mu mwaka utaha…

Read More

Paper Talk[Europe]:Arsenal igiye kurwanira abakinnyi babiri na Barcelona, Getafe izarya kumafaranga ya United yagurishije Greenwood muri Marseille!

Borussia Dortmund na Juventus  zose ni amakipe y’ifuza gutwara Jodon Sancho  wongeyeho na Paris St-Germain yo mu Bufaransa gusa ayamakipe yose bizayagora kuko uyu musore w’imyaka  24 wa  Manchester United  arasabwa kwishyura amafaranga atari make . (Sky Sports) Manchester United  irifuza agera kuri  £40m muri  Jodon Sancho .(Mirror) Trent Alexander-Arnold  ngo yaba y’ishimiye kuzasinya amasezerano mashya mu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Dorko Nović Ntiyumva impamvu APR FC yava ku isoko kandi igifite ibihanga! Abanya-Argentine bongeye kuri koroza

Kumukino w’ikipe  y’igihugu  ya Argentine  na Morocco mu mikino ya Olempike ikomeje  kubera mu gihugu cy’Ubufaransa  wabayemo akavuyo aho abafana  binjiye mu kibuga, ibi byatumye ikipe y’igihugu ya Argentine itakaza umukino wayo wa mbere .(#Goal) Rayon Sports igaragaje ko y’iteguye urugamba rw’Ashampiyona inyagira Amagaju. wari umukino w’agicuti aho ikipe ya Rayon Sports yatsinze ikipe y’Amagaju…

Read More

Rayon Sports igaragaje ko y’iteguye urugamba rw’Ashampiyona inyagira Amagaju

Wari umukino w’agicuti aho ikipe ya Rayon Sports yatsinze ikipe y’Amagaju ibitego bitatu kuri kimwe(3-1) wabereye kuri sitade mpuzamahanga ya Huye. Uku n’iko umukino wa genze wose kuva kumunota wa mbere kugeza umukino wose ugannye kumusozo. Abakinnyi 11 babanjemo kuruhande rwa Rayon Sports 22.Ndikuriyo Patient 13.Omborenga Fitina 54. Gning Omar 5.Nshimiyimana Emmanuel 24.Bugingo Hakim 26.Kanamugire…

Read More

Amerika; Ukuriye ikipe irinda aba Perezida n’ababayebo Kimberly Cheatle Yeguye mu nshingano.

Kimberly Cheatle yatangaje ibaruwa ye y’ubwegure mu nshingano zo kuyobora aka gatsinda karinda abakuru b’iki gihugu cy’igihangage nyuma y’iminsi mike hageragejwe iyicwa rya Donald Trump ubwo yiyamamazaga muri Leta ya Pennsylvania. Iki gitutu yagitewe nk’abakuru ba guverinoma ndetse na banyamategeko bakomeje kwerekana uburangare bukomeye kukurinda Trump bibaza ukuntu umwicanyi yarinze kugera aho aregera amasasu menshi…

Read More

Paper Talk[Europe]:Manchester United yageze no kuri Xavi Simons, Pep Guardiola yatanze umucyo kubakinnyi bose bavugwaga gusohoka muri City

Manchester City yatangiye gutekereza gutwara umusore w’ikipe ya Crystal palace Eberechi Eze, w’imyaka 26 nyuma yo kwitwaraneza cyane mu ikipe y’Igihugu ya Bongereza mu gikombe cy’Uburayi nubwo batakegukanye, uyu mababa akaba ahagaze igiciro cya £60m utabariyemo ayinyongera(add-ons). (Mirror) Ikipe yomuri Saudi Arabia  ariyo  Al-Ittihad  irashaka gutwara Kevin de Bruyne, umusore w’umubiligi w’imyaka 33 , kuba Manchester city…

Read More