daily

Hashyizweho umugaba mushya w’Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique 

i Mocimboa Dá Praia mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, habereye ihererekanyabubasha hagati ya Gen. Maj. Alex Kagame wari ukuriye ibikorwa by’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda muri Mozambique na Gen. Maj. Emmy Ruvusha,  uzayobora izi ngabo mu gihe cy’umwaka nk’Umuhuzabikorwa w’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda muri iki gihugu. Ubwo habaga uyu muhango wo guhererekanya ububasha hagati…

Read More

Nyuma yo kunyagira Bénin ; Nigeria yageze i Kigali

Ikipe y’igihugu ya Nigeria “Super Eagles” yamaze kugera mu Rwanda ije gukina n’Amavubi. Biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere saa 15h00, izitoreza muri stade Amahoro aho umukino uzabera. Amavubi nayo kuri iyo saha azaba ari kwitoreza ku kibuga cy’imyitozo cya Stade Amahoro. Ikipe y’Igihugu ya Nigeria iri kwitegura Amavubi, yatsinze iya Bénin ibitego 3-0 mu…

Read More

Rebecca Cheptegei uherutse gupfa yahawe icyubahiro mu mikino Paralympike ya Paris 2024

Ifoto ya Rebecca Cheptegei yagaragaye kuri ecran nini nyuma yimikino ya marato yaberaga mumikino yabamugaye yabereye i Paris mu rwego rwo guha icyubahiro umukinnyi wo muri Uganda wapfuye nyuma yo gushirwa muri peteroli agatwikwa numukunzi we muri Kenya. Ku cyumweru, abarebaga iyi mikino bakomeye amashyi ifoto ya Cheptegei, witabiriye isiganwa ry’imikino Olempike y’i Paris.Cheptegei yapfuye…

Read More

impamvu zirenze imwe zatumye Haruna Niyonzima atandukana na Murera imburagihe! [inkuru icukumbuye ]

impamvu zirenze imwe zatumye Haruna Niyonzima atandukana na Murera imburagihe! Haruna Niyonzima yemeje ko yamaze gutandukana na Rayon Sports, nyuma y’igihe gito yari ayimazemo. amakuru ahari avuga ko hashize iminsi Niyonzima Haruna ahagaritse akazi muri Rayon Sports haba ku gukina imikino yari iteganyijwe n’imyitozo yayo mu bihe bitandukanye biturutse ku kuba atarigeze ahabwa amafaranga yaseseranyijwe. Haruna…

Read More

Kenya: abanyeshuri nibura 17 bapfiriye mu nkongi y’umuriro yatatse ishuri ribanza

igipolisi cya Kenya cyiratangaza ko abanyeshuri nibura 17 bapfuye ku ishuri ribanza riri rwagati muri Kenya, mu nkongi y’umuriro yadutse ku wa kane nijoro. Hillside Endarasha Academy ni ishuri ribanza ritari irya leta, riri hafi y’umujyi wa Nyeri – mu ntera ya kilometero 150 mu majyaruguru y’umurwa mukuru Nairobi rikaba ryigisha abanyeshuri bafite hagati y’imyaka…

Read More

NYAGATARE: Yafatiwe mu cyuho agerageza guha abapolisi ruswa y’arenga ibihumbi 100Frw

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyagatare, yafashe umugore wageragezaga guha abapolisi ruswa y’ibihimbi 101Frw ngo akingirwe ikibaba nyuma yo gufatirwa mu bucuruzi bw’ibitemewe birimo amasashe n’ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Yafatanywe n’abasore babiri bamukoreraga bari binjije mu gihugu amasashe 160,000 nayo yafashwe na litiro 15 za Kanyanga zasanzwe iwe mu rugo aho atuye. Bafatiwe mu murenge…

Read More

Abagize urubyiruko rw’abakorerabushake bahuguwe ku ruhare rwabo mu mutekano wo mu muhanda

Abagize ihuriro ry’urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha (RYVCP) rwo mu Mujyi wa Kigali, bitabiriye amahugurwa agamije kubaha ubumenyi bwo kuzafasha abakoresha umuhanda kugira imyitwarire isigasira umutekano wawo mu gihe bawukoresha. Ni amahugurwa y’umunsi umwe, yabereye muri Kigali Conference and Exhibition Village mu Karere ka Nyarugenge, yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda, Ihuriro ry’imiryango nyarwanda…

Read More

Nta Messi cyangwa Ronaldo muri 30 bazavamo utwara ball d’or

Bwa mbere kuva mu 2003, yaba Cristiano Ronaldo cyangwa Lionel Messi batashyizwe ku rutonde rw’abahatanira igihembo cya Ballon d’or y’abagabo, Jude Bellingham wo mu Bwongereza ari mu bakinnyi 30 b’umupira w’amaguru bari guhatanira iki gihembo. Umukinnyi w’icyamamare wo muri Porutugali Ronaldo, wegukanye iki gihembo inshuro eshanu, yari yarananiwe kubona kandidatire umwaka ushize nabwo, mu gihe…

Read More

Ihuriro ry’ubufatanye n’Ubushinwa na Afurika: Félix Tshisekedi arashaka gushimangira ubufatanye bufatika

Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yitabiriye muhango wo gutangiza ku mugaragaro ihuriro rya 9 ry’ubufatanye bw’Ubushinwa na Afurika (FOCAC) rizaba kuva ku ya 4 kugeza kugeza ya 6 Nzeri 2024., ku wa gatatu nimugoroba, Yanitabiriye ibirori gakondo byo gutangiza Iri huriro byateguwe na Perezida Xi Jinping. ku wa gatatu, tariki ya 3 Nzeri i Beijing (mu Bushinwa)Abakuru…

Read More

Mozambique :Ingabo z’u Rwanda zamuritse  inkunga zageneye ishuri ribanza rya Nacololo

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa muri Mozambique, zikorera mu Karere ka Ancuabe mu Ntara Cabo Delgado, zatanze kumugaragaro ibyumba bitanu b’ishuri byavuguruwe, zinatanga ibikoresho by’ishuri ku banyeshuri barenga 500. ibikoresho byatanzwe harimo intebe zigera ku 100, ndetse n’ibindi bikoresho by’ishuri nk’amakayi, amakaramu, ingwa, byose bizafasha abanyeshuri barenga 500 ndetse izi ngabo zinashyikiriza ubuyobozi bw’iri…

Read More