Perezida Kagame yashimiwe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu k’ubwo gutsinda amatora

Perezida Paul Kagame yahamagawe na Sheikh Mohamed bin Zayed Al Nahyan usanzwe ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu amushimira ku ntsinzi yo kongera kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere aherutse kubona. Perezida Kagame yashimiye Perezida w’Ibihugu Byunze Ubumwe by’Abarabu, Mohammed bin Zayed Al Nahyan, inshuti ye akaba n’umuvandimwe, wamuhamagaye amwifuriza ishya n’ihirwe…

Read More

Tariki ya 6 /nzeri mu mateka : Eswatini yabonye ubwigenge bwayo, nyuma yo kwigobotora ngoyi y’Abongereza

Uyu munsi Kiliziya Gatolika irihiza Mutagatifu Bertrand de Garrigues. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 2008: Perezida wa Türkiye Abdullah Gül yitabiriye umupira w’amaguru biturutse ku butumire bwa Perezida Serzh Sarkisyan w’igihugu cya Armenie; uru rwabaye uruzinduko rwa mbere umuyobozi wa Turkiya yitabiriye muri Armenia. 1952: Muri Canada hafunguwe televiziyo yitwa CBFT-TV ari yo ya mbere…

Read More

Virgil van Dijk yatangaje ku hazaza he muri Liverpool nyuma yuko amasezerano ye agenda agana ku musozo !

Kapiteni wa Liverpool, Virgin van Dijk, yemeje ko ari mu biganiro byo kongera amasezerano ye muri iyi ikipe ndetse, anashima ko Arne Slot yibanze cyane mu gushyira imbaraga mu gice cy’ubwugarizi bwe ndetse iyi afata ibi nk’impamvu yatumye batangira shampiyona neza. Van Dijk, uzasoza amasezerano ye mu mpeshyi itaha hamwe na Mo Salah na Trent…

Read More

Perezida Kagame yerekanye impamvu interahamwe zicyidegembya !

Perezida Kagame yavuze ko abishe abantu muri Jenoside yakorewe Abatutsi bari bafite ababashyigikiye, babateye inkunga muri uwo mugambi mubisha kandi n’ubu ariko bikimeze.  Perezida wa Repubulika yabitangaje kuri iki cyumweru  tariki ya 16 Werurwe 2025 ubwo yahuraga n’abaturage barenga 8000 Ni muri gahunda yiswe Kwegera Abaturage ibaye ku nshuro ya mbere kuva hatangizwa gahunda ya NST2. Aho…

Read More

Kigali : U Rwanda rwashyikirije Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, inyubako izakoreramo Icyicaro Gikuru cy’Ikigo Nyafurika Gishinzwe Imiti

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Leta y’u Rwanda yashyikirije Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, inyubako izakoreramo Icyicaro Gikuru cy’Ikigo Nyafurika Gishinzwe Imiti, African Medicines Agency (AMA). Ni inyubako y’amagorofa umunani iherereye mu Mujyi wa Kigali izajya ikoreramo Icyicaro Gikuru cy’Ikigo Nyafurika Gishinzwe Imiti, African Medicines Agency (AMA) yatashywe ku mugaragaro n’abarimo minisitiri w’ubuzima…

Read More

Nigeria : Uwari warakatiwe urwo gupfa kubera kwiba inkoko yababariwe

Morakinyo Sunday, umusore w’umunya-Nigeria wari warakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yo kwiba inkoko, agiye kubabarirwa nyuma y’imyaka 14 yari amaze afunze, nk’uko byemejwe na Guverineri w’Intara ya Osun mu majyepfo ya Nigeria.  Ubu buryo bwo kubabarira bwatangajwe nk’igikorwa cy’imishyikirano mu rwego rw’ubutabera muri icyo gihugu. Morakinyo Sunday yafashwe mu mwaka wa 2010 afite imyaka 17, ubwo…

Read More

Perezida wa FERWAFA yashyize umucyo kubyerekeye umutoza Torsten Spittler

Munyentwari Alphonse usanzwe ari Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA ] yaciye amarenga ko umutoza witwa Torsten Frank Spittler ashobora kongererwa amasezerano  yo gukomeza gutoza amavubi. Nubwo Uyu mutoza ukomoka mu gihugu cy’Ubudage naho atandukaniye na bagenzi be bagiye batoza iyi kipe kuva yakubuka mu gikombe cya Afurika muri 2004 mu bijyanye no kubona…

Read More

Rutsiro : Imirima y’abagize Koperative  ihinga icyayi ishobora gutezwa cyamunara

Mu Karere ka Rutsiro, abahinzi b’icyayi bibumbiye muri Koperative ‘RUTEGROC’ barasaba Leta kubafasha kwishyura umwenda urenga miliyari 2 Frw babereyemo Banki y’u Rwanda y’Iterambere (BRD).  Uyu mwenda waturutse ku nguzanyo yahawe abahinzi mu myaka ya 2010 na 2011, yagombaga kubafasha guhinga icyayi ku buso bwa hegitari zirenga 1,200 mu mirenge ya Rusebeya, Manihira na Murunda….

Read More