U Rwanda n’igihugu cya Angola bikomeje kubaka ubucuti budacogora
Gen(Rtd) James Kabarebe umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubutwererane bw’akarere yifatanyije na ambasade ya Angola mu Rwanda mu kwizihiza imyaka 49 iki gihugu kibonye ubwigenge cyakuye kuri Portugal muwi 1975. Kuri uyu wa mbere wa tariki 11 Ugushyingo 2024, nibwo umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubutwererane bw’akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe yifatanyije na ambasade ya Angola mu…