U Rwanda n’igihugu cya Angola bikomeje kubaka ubucuti budacogora

Gen(Rtd) James Kabarebe umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubutwererane bw’akarere yifatanyije na ambasade ya Angola mu Rwanda mu kwizihiza imyaka 49 iki gihugu kibonye ubwigenge cyakuye kuri Portugal muwi 1975. Kuri uyu wa mbere wa tariki 11 Ugushyingo 2024, nibwo umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubutwererane bw’akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe yifatanyije na ambasade ya Angola mu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:taliki ya 23 ,Komite mpuzamahanga y’imikino Olempike yashinzwe i Sorbonne muri Paris naho Zinedine Zidane na Patrick Vieira babona izuba uyu munsi.

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo kuri iyi taliki: Uyu munsi ku cyumweru ,Tariki ya 23 Kanama 2024 ni umunsi wa 175 w’umwaka ubura iminsi 191 ngo urangire. 1894 Komite mpuzamahanga y’imikino Olempike yashinzwe i Sorbonne, Paris, ku bushake n’igitekerezo bya Baron Pierre de Coubertin. 1968 abarenga 74 barapfuye abandi 150 barakomerekera…

Read More

Urutonde rw’ibihugu bito kurusha ibindi ku isi

Ingano y’igihugu n’imwe mu ngingo nyinshi, zigena imibereho n’ubukungu bw’igihugu muri rusange, dushingiye ku bumenyi rusange rero n’iho duhera dutegura urutonde rw’ibihugu bito kurusha ibindi ku isi. Ibihugu byose bibumbiye mu migabane ishobora kuba ifite ibigera muri 324 ariko ibyemewe n’umuryango mpuzamahanga bikaba bigera kuri 197 nk’uko bigaragara ku migabane 5 ariyo: Afurika, Uburayi ,Aziya,…

Read More

Igihe kirageze ngo umugabane wa afurika ugire uruhare mu micungire y’umutekano w’isi : António Guterres

António Guterres ,Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye asanga Afrika ikwiye guhabwa intebe ihoraraho mu kanama gashinzwe umutekano kw’isi nk’imwe mu mpinduka zo gukosora akarengane kagiye kibasira uyu mugabane. Umuyobozi w’umuryango w’abibumbye yasabye akanama gashinzwe umutekano ku isi (UNSC) kuvugurura imiterere avuga ko yataye igihe no guha Afurika icyicaro gihoraho ku meza, ashimangira ko uyu mugabane udahagarariwe….

Read More

Kigali : Polisi y’u Rwanda iri kwigira hamwe ku mutekano n’imikorere ya kinyamwuga

Kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Ugushyingo 2024, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hateraniye Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ihuza abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda ku rwego rw’igihugu, abayobora amashami atandukanye n’amashuri ya Polisi y’u Rwanda n’abayobora Polisi ku rwego rw’Umujyi wa Kigali, intara n’uturere yafunguwe ku mugaragaro na Minisitiri w’Umutekano…

Read More

Full Report: Arsenal yabonye amanota atatu nyuma y’imikino ibiri itabona intsinzi muri Premier League

Ikipe ya Arsenal yasubiriye ikipe ya Crystal Palace F.C iyitsinda ibitego bitanu kuri kimwe (5-1) ku munsi wa 17 wa shampiyona y’igihugu y’Abongereza, ukaba umukino wabereye i Selhurst Park ku kibuga cya Crystal Palace F.C . Aya makipe nta minsi yari iciyemo bahuye ariko muri  Carabao Cup aho n’ubundi ikipe ya Arsenal yasezereye iya Crystal…

Read More

Abarimo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi bitabiriye umuganda rusange usoza ukwezi k’Ukwakira

kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 / Ukwakira ,Abaturage hirya no hino mu gihugu bitabiriye ibikorwa by’umuganda rusange usoza ukwezi k’Ukwakira ahanini wakozwe hasiburwa imirwanyasuri, hanaterwa ibiti bivangwa n’imyaka n’ibindi bigaburirwa amatungo. uyu ni umuganda kandi witabiriwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi n’abandi bayobozi batandukanye mu nzego za leta barimo Perezida w’Umutwe…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Ghana irategura gukoresha VAR,Amavubi akomeje umwiteguro wa Djibouti

Igihugu cya Ghana kiri gukora ibishoboka byose kugirango babone ubushobozi bwo gukoresha amashusho yifashijwa n’abasifuzi mu gufata  ibyemezo biboneye VAR (Video Assistant Referee ) ku bufatanye na FIFA.(MickyJr) Ishyirahamwe ry’aruhago  muri Malawi  ryamaze kwirukana  bwana  Patrick Mabedi wayitozaga nyuma y’umusaruro utari mwiza yagize ndetse no kunanirwa guha itike iyi kipe yo kwerekeza mu mikino y’anyuma…

Read More