Donald Trump agiye guhagarikira Afurika y’Epfo inkunga
Perezida Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika ubufasha bwose igihugu ayoboye cyageneraga Afurika y’Epfo ndetse ko yanatangije iperereza ku itegeko rishya ryazanwe muri iki gihugu ashinja gushyigikira ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu . Ku munsi wejo nibwo , Trump yatangaje ko ahagarikiye Afurika yepfo imfashanyo zose yahabwaga na Leta zunze ubumwe z’Amerika nyuma…