Donald Trump agiye guhagarikira Afurika y’Epfo inkunga

Perezida Donald Trump yatangaje ko agiye guhagarika ubufasha bwose igihugu ayoboye cyageneraga Afurika y’Epfo ndetse ko yanatangije iperereza ku itegeko rishya ryazanwe muri iki gihugu ashinja gushyigikira ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu muri iki gihugu . Ku munsi wejo nibwo , Trump yatangaje ko ahagarikiye Afurika yepfo imfashanyo zose yahabwaga na Leta zunze ubumwe z’Amerika nyuma…

Read More

USA : Urubuga rwa TikTok rwamaze guhagarikwa

Kuri iki cyumweru tariki ya 19 / Mutarama / 2025 , urubuga rwa Tik Tok ntago rurigukoreshwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mbere y’amasaha make ngo itegeko rihagarika burundu uru rubuga muri iki gihugu ritangire gushyirwa mu bikorwa . ubutumwa buri kuza muri telephone cyangwa mudasobwa y’ufunguye uru rubuga bugira buti ” itegeko rihagarika burundu…

Read More

USA : Imfungwa ya mbere yari ifungiwe muri gereza ya Guantanamo yasubijwe mu gihugu cyayo

Minisiteri y’ingabo y’Amerika yatangaje ko  umugabo witwa Ridah Bin Saleh al-Yazidi wari ufungiwe muri gereza ya Guantanamo  yasubijwe mu gihugu cye . Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yatangaje ko Bwana Yazidi yari umwe mu bari barafunzwe mbere muri Mutarama 2002. Nk’uko ikinyamakuru New York Times kibitangaza ngo  Yazidi ntabwo yigeze aregwa icyaha na kimwe ndetse…

Read More

Uburusiya bwagabye ibitero bikomeye bya Drone mu kirere cya Ukraine

Igihugu cy’uburusiya cyagabye igitero gikomeye cyo mu kirere ku gihugu cya Ukraine cyibasira umurwa mukuru, Kyiv, n’utundi turere ndetse cyinangiza bikomeye misile na drone bya Ukraine. Ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine zavuze ko zahanuye nibura misile esheshatu muri 21 zari zoherejwe n’Uburusiya mu ijoro rimwe.  Ku wa kabiri , Ubuyobozi bw’ingabo zirwanira mu kirere…

Read More