Mbonye amahirwe yo gukina umukino wa nyuma nahitamo gukina na Uruguay : Asamoah Gyan

Uwahoze ari kapiteni w’inyenyeri zirabura za Ghana, Asamoah Gyan yongeye kwerura avuga ku bihe bikomeye yanyuzemo ubwo yahushaga penaliti maze ikipe y’igihugu cye igasezererwa na Uruguay ya Luis Suarez mu mikino ya 1/4 y’igikombe cy’isi muri 2010. Mu guhangana n’ingaruka z’ibibazo uyu mukino wateje kuri uyu mugabo, uyu yasobanuye ko kugeza nanubu inzozi mbi zo…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Fidel Castro yavuye ku ubutegetsi bwa Cuba naho Bob Welch abona izuba

uyu munsi tariki 31 Nyakanga ni umunsi wa 213 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 153 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byaranze iyi tariki mu mateka: 432: Hatowe Papa Sixte III, asimbura Papa Célestin I. 1358: Étienne Marcel yishwe n’abakomoka mu mujyi wa Paris nyuma y’uko yanze ko…

Read More

Rubavu : Abarasita basabye kwigaragambya nyuma y’amagambo ya Apôtre Gitwaza

Idini ry’abarasitafarian mu Rwanda ryo mu karere ka Rubavu ryandikiye ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu rubasaba uruhushya rwo gukora urugendo rugamije kwamagana amwe mu magambo aherutse kubavugwaho n’ Apotre Gitwaza usanzwe ari umuyobozi w’idini rya  Zion Temple hano mu Rwanda. Mu ibaruwa ifunguye ikinyamakuru Daily Box kinafitiye kopi ,ubuyobozi bw’aba rasitafari bwandikiye akarere ka Rubavu rubasaba…

Read More

Kigali  : Hatangajwe itegeko rishya risaba amatorero kugira Ubwishingizi n’abashinzwe Umutekano

Amatorero n’imiryango ishingiye ku myemerere ashaka gutegura ibikorwa rusange yasabwe ko agomba kuba afite ubwishingizi ndetse n’abashinzwe umutekano, hagamijwe kurinda ubuzima bw’abantu n’ibikoresho mu gihe cy’ibibazo bishobora kuvuka, nk’uko biteganywa n’itegeko rishya ryasohowe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiyoborere (RGB). Iri tegeko rigamije gushyiraho ibisabwa by’ingenzi kugira ngo ibikorwa by’imyemerere rusange bitegurwe mu buryo bwubahiriza amategeko, bigahesha…

Read More

Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasuye abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa

Umuyobozi w’Ishami rya Polisi mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro mu gihugu cya Centrafrique MINUSCA, Commissioner of Police (CP) Christophe Bizimungu, kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kanama, yasuye abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU1-10, rikorera i Bangui mu murwa mukuru w’icyo gihugu. Ni muri gahunda y’uruzinduko agirira mu mitwe itandukanye y’abapolisi bari…

Read More

Paper Talk[Europe]: Ben Chilwell ari gutakambira Chelsea na Enzo Maresca, Sergio Ramos agiye gusanga Lionel Messi muri America!

Liverpool  irifuza  gutwara umusore  w’Ikipe  ya   Bayern Munich  Jamal Musiala, 21,  akaba Umudage ukina hagati mu kibuga  yataka  gusa  nanone  ikipe  ya   Manchester City, Real Madrid  ndetse na  Paris St-Germain zose zirifuza gutwara  uyu musore  uri mu mperaze z’amasezerano . (Caughtoffside) Arsenal ndetse  na Newcastle United ziteguye  gutanga ubusabe  mu ikipe  ya  Bayern Munich bifuza  gutwara  mababa  wa  yo …

Read More

Paper Talk [ Europe ] : Arsenal na Tottenham kuri rutahizamu wa Fiorentina – Ibyasohotse mu binyamakuru

1 . Amakipe arimo Arsenal na Tottenham Hotspurs yose arifuza gusinyisha Rutahizamu w’imyaka 24 ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani witwa Moise Kean ukinira ikipe ya Fiorentina. [ONE FOOTBALL ] 2.Ikipe ya Barcelona yatangaje ko yaretse ibyo gusinyisha rutahizamu w’ikipe ya Chelsea witwa Joao Felix muri iri soko ry’igura n’igurisha ryo mu kwezi gushize mbere yuko uyu…

Read More

Nigeria : abanyeshuri 22 bahirimiwe n’ishuri bahita bapfa

Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko abana 22 bapfuye abandi barenga 130 barakomereka nyuma y’inyubako y’ishuri yasenyutse muri Nijeriya yo muri leta ya Plateau rwagati. ishuri rya Saint Academy riherereye mu murwa mukuru wa leta ya Jos ryahirimye mugihe abanyeshuri bari mwishuri mugitondo cyo kuwa gatanu. Abana benshi bahita bisanga munsi y’ibinonko by’iyi nyubako. Abakorerabushake bari…

Read More

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yavuze ko we natera u Rwanda azaca mu Kirundo

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko u Rwanda ni rutera u Burundi ruciye muri Congo, u Burundi buzahita butera u Rwanda buciye mu Kirundo.  Mukiganiro yagiranye na BBC, Perezida w u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko azi neza uburyo u Rwanda ruri gupanga gutera u Burundi, rwifashishije umutwe utavuga rumwe n’ubutegetsi wa  Red- Tabara, ukorera…

Read More