Minisitiri Dr Bizimana yagaragaje uruhare rwa perezida Habyarima mu itsembwa ry’abatutsi i Kibeho

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène yagaragaje ko mu 1992 Perezida Habyarimana yohereje muri Gikongoro na Komisiyo yo ku rwego rwa Perefegitura igizwe n’abantu 15 biganjemo ab’iwabo muri Gisenyi na Ruhengeri, bahabwa inshingano yo kuyobora ubukangurambaga bwa Jenoside, gutoza Interahamwe n’Impuzamugambi zatsembye Abatutsi mu 1994. Ibi Minisitiri, Dr Bizimana Jean Damascène, yabitangaje…

Read More

Tanzania : abaturage bo mu bwoko bwa Maasai bari mu myigaragambyo bamagana ihonyorwa ry’uburenganzira bwabo

Mu gihugu cya Tanzania , Abaturage bo mu bwoko bw’aba maasai bari mu bukangurambaga bwo gushaka abaterankunga mpuzamahanga kugirango babafashe gusaba guverinoma yabo no guhagarika ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu nyuma yo kwirukanwa ku gahato mu butaka bwabo . Abayobozi bavuga ko uku kwirukanwa kw’aba baturage ari mu buryo bwo kubungabunga inyamaswa zo mu gasozi, ariko…

Read More

Imikino olempike : Eric Manizabayo na Clementine Mukandanga nibo bari buserukire u Rwanda mu birori byo gutangiza iyi mikino ku mugaragaro ;Menya byinshi biri burange ibi birori [EXCLUSIVE ]

Clementine Mukandanga usiganwa marato (42km) na Eric Manizabayo usiganwa ku igare nibo baraza guserukira u Rwanda mu birori byakataraboneka byo gufungura ku mugaragaro imikino olempike ;dore ko ari bimwe mu birori bitegerejwe n’abatari bake menya byinshi kuri byo.  umuhanzi w’icyamamare Aya Nakamura, Umufaransa ukomoka muri Mali, ashobora kuba ari muri abo, uyu ubu niwe ucurangwa…

Read More

Muhanga : Umugabo w’imyaka 75 yiyemereye ko yasambanije umwuzukuru we w’imyaka 10

Kuri uyu wa kane tariki ya 20 Werurwe 2025 , Ubushinjacyaha bwatangaje ko bukurikiranye  umugabo w’imyaka 75 ukekwaho gusambanya umwuzuku we w’umukobwa w’imyaka 10 y’amavuko. Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bwemeza ko icyaha uyu mugabo akurikiranyweho yagikoze ku itariki ya 27 Gashyantare 2025 mu mudugudu wa Njamena, akagari ka Kibaga, mu murenge wa Rungendabari….

Read More

Paper Talk[Europe]: Julián Álvarez birangiye avuye muri Manchester City, Liverpool yageze kuri Federico Chiesa Juventus igambirira kurekura!

Newcastle United  yegereje kumvikana na  Crystal Palace  kubagurisha Marc Guehi, 24,  Umwongereza ukina nka myugriro, ikipe ya  Newcastle y’umutoza  Eddie Howe yiteguye kwishyura arenga  £60m  ubundi igatwara uyu musore  . (Telegraph – subscription required) Manchester United irasa nk’iri  kuva  gakegake muri gahunda yo gutwara Manuel Ugarte   wa  Paris St-Germain akaba umusore ukina hagati mu kibuga w’imyaka 23…

Read More

Baltasar uherutse kugaragara mu mashusho agera kuri 400 yiha akabyizi yakuwe mu nshingano ze !

Kuri uyu wa gatanu ,Umunya – Equatorial Guinea witwa Baltasar Ebang Engonga uherutse kugaragara mu mashusho amugaragaza akora imibonano mpuzabitsina n’abagore batandukanye(bashyika kuri 400) yakuwe  mu nshingano yari afite zo kuba Umuyobozi Mukuru w’ikigo gishinzwe Iperereza mu by’imari. Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa gatanu nibwo Perezida wa Equatorial Guinea Teodoro Obiang Nguem yashyize…

Read More

Rusizi : RRA yasabye abacuruzi batazi gukoresha EBM kwiyambaza bagenzi babo bakabahugura

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyasabye abacuruzi b’i Rusizi, batazi gukoresha ikoranabuhanga rya EBM kwiyambaza bagenzi babo bakabahugura ku mikoreshereze yaryo. Ni nyuma y’uko hari bamwe muri aba bacuruzi bafunze imiryango kubera gutinya gucibwa amande yo kudatanga EBM, aho bavugaga ko bamwe bahura n’ikibazo cy’ubumenyi buke mu mikoreshereze yayo bigatuma batayikoresha . N’ubwo aka karere…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :Saddam Hussein nyuma yo gutera amahane ngo afungurwe yimuriwe mu bundi buroko naho umwami w’abami Haile Selassie abona izuba

uyu munsi tariki 23 Nyakanga ni umunsi wa 205 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 161 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Ku cyumweru cya tariki 23 Nyakanga 2023, Muri Diyosezi ya Butare, Paruwasi ya Mugombwa habereye igikorwa cyo gusoza urugendo rw’Isanamitima icyiciro cya 2, rwakozwe n’abakrisitu 303. . Bimwe mu byaranze itariki…

Read More