Tariki ya 7 / Ukwakira : Nigeria yashyizwe mu banyamuryango b’Umuryango w’Abibumbye

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1949: Hashinzwe Repubulika ya Demokarasi y’u Budage, iki gihugu ni cyo cyiswe u Budage bw’u Burasirazuba. 1958: Perezida Iskander Mirza wa Pakistan afashijwe n’umugaba w’ingabo w’iki gihugu Ayub Khan bakuyeho Itegeko Nshinga ryo mu 1956 bashyiraho ko igihugu kigendera ku mategeko ya gisirikare ndetse bakuraho na gahunda y’amatora. 1840: Willem II…

Read More

Perezida Kagame na Félix Tshisekedi bagiye guhurira imbere ya Donald Trump

Perezida Kagame na Félix Tshisekedi bagiye guhurira muri White House imbere ya Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump Mu biganiro biherutse guhuza u Rwanda na DR. Congo I Doha mu gihugu cya Quatar, abahagarariye ibihugu byombi bemeje ko umukono ku masezerano y’imibanire myiza y’ibihugu byombi, uzashyirirwaho muri White House imbere ya Donald Trump….

Read More

Bénin isabwa gutsinda Amavubi ikajya mu gikombe cya Africa yageze mu Rwanda mu kizere kinshi

Ikipe y’Igihugu ya Bénin yageze i Kigali saa mbiri n’iminota 25 ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru nyuma yo gukora urugendo rw’amasaha atanu n’iminota 15 mu ndege bakaba baje gukina umukino wo kwishyura uzabera kuri sitade Amahoro. Bénin yatsinze umukino ubanza ibitego bitatu ku busa  bw’Amavubi(3-0) umukino wabereye Felix Houphouet Boigny mu gihugu  cya Ivory…

Read More

Carlo Ancelotti yagize icyo avuga kubyo kwerekeza mu ikipe y’igihugu ya Brazil

Umutoza w’ikipe ya Real Madrid Carlo Ancelotti yanze ubusabe bwo kuganira n’ishyirahamwe rishinzwe umupira w’amaguru muri Brazil. Nyuma y’intsinzwi ikakaye y’ikipe y’igihugu ya Brazil, ubwo yandagazwaga n’ikipe y’igihugu ya Argentine ku bitego 4 kuri 1. Ibi byahise bitera icyikango mu bakurikiranira hafi iyi kipe, ndetse ibitangazamakuru byinshi byo mu gihugu cya Brazil, bikaba biri kuvuga…

Read More

abanyeshuri bagiye guhagararira u Rwanda mu mikino ihuza Ibigo by’Amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba berekeje muri Uganda

Itsinda ry’abantu 198 ririmo abanyeshuri 162 ni ryo rigiye guhagararira u Rwanda mu Mikino ihuza Ibigo by’Amashuri yo muri Afurika y’Iburasirazuba (FEASSSA) izabera i Bukedea muri Uganda tariki ya 16-27 Kanama 2024. U Rwanda rufite amakipe 14 mu mikino irimo Umupira w’Amaguru, Handball, Volleyball, Basketball (5X5), Basketball 3X3, Rugby, Netball n’ImikinoNgororamubiri. Abitabiriye iyi Mikino bafashe…

Read More

Intambara ya Ukraine n’Uburusiya : Ingabo z’Uburusiya zafashe umujyi wa Toretsk wo mu burasirazuba bwa Ukraine

Ingabo z’Uburusiya zageze mu nkengero z’umujyi wa Toretsk umaze igihe kinini uhanganiwe n’iki gihugu ukaba uherereye mu burasirazuba bwa Ukraine.Ni nyuma yuko Igisirikare cya Ukraine cyemeje bwa mbere ko imirwano iri kubera muri uyu mujyi ejo ku wa mbere. Torestsk ni ahantu h’ingenzi ku ngabo z’Uburusiya zigeze mu byumweru bishize mu gihe zikomeza gushyira mu…

Read More

Paper Talk[Europe]: Mason Greenwood agiye kwerekeza  mu ikipe  ya  Bayern Munich , Chelsea  irategura  kurekura Axel Disasi!

PSG  iratekereza  ku musore w’ikipe ya  Newcastle  United   akaba Umunya-Sweden  Alexander Isak , gusa  Magpies  iramubarira igiciro cya  100m euros (£83.8m)  kuri uyu musore  w’imyaka 24 baguze bavana  mu ikipe ya Real Sociedad  muri 2022 (Fichajes – in Spanish) Nottingham Forest  iracyatekereza gutwara  Abanya- Turkey babiri umwe  w’ikipe ya   Galatasaray akaba mababa  Baris Alper Yilmaz, 24, ndetse  na…

Read More