DRC yashyizeho miliyoni 5 z’amadolari ku uzatanga amakuru yo guta muri yombi abarimo Cornielle Nangaa

Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko yashyizeho igihembo cya Miliyoni 5 z’amadolari ku muntu uwo ari wese uzajyira uruhare mu itabwa muri yombi rya bamwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa M23 bayobowe na Cornielle Nangaa Yobeleu . Mu itangazo rigenewe itangazamakuru ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’Ubutera ya DRC ku munsi wejo tariki…

Read More

Ikipe nziza y’umwaka muri Premier league 2024/2025 kugeza magingo aya

Nkuko mubizi turi mu mpera z’umwaka, shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Bwongereza cyo kimwe n’izindi nyinshi ku mugabane w’Uburayi zigeze mu gice cyiryoheye ijisho ry’umufana. Uyu munsi DailyBox yifashishije ikinyamakuru Skysports yaguteguriye inkuru ivuga ku ikipe nziza y’uyu mwaka w’imikino ugikomeza magingo aya. Mu ikipe nziza twabateguriye haribandamo abakinnyi bitwaye neza ahanini mu gice kibanza…

Read More

Paper Talk [Rwanda&Africa]: KNC yatangaje ko azatsinda APR FC ibitego 2-1,Morocco yahawe no kwakira AFCON y’abagore

Minisitiri wa siporo mu gihugu cya Senegal Khadi Diene Gaye  yatangaje ko iki gihugu  kititeguye kwakira igikomba cya Africa cya 2029, kubera ko ntabikorwa remezo ikigihugu gifite byabafasha kwakira iyi mikino.(MickyJr) Impuzamashyiramwe y’aruhago ku isi “FIFA” yatangaje igihe ntarengwa ku makipe azakina imikino y’anyuma y’igikombe cy’isi cy’amakipe kuba yamaze gutanga imyenda azambara , akaba ari…

Read More

Intambara ya Ukraine n’uburusiya : Zelensky bwa nyuma na nyuma yemeje ko ingabo za Ukraine ziri kurwanira mu Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yemeye ku nshuro ya mbere ko ingabo z’igihugu cye ziri kugaba igitero cyambukiranya imipaka mu karere ka Kursk gaherereye mu burengerazuba bw’Uburusiya. Ku wa gatandatu, mu ijambo rye ryaciye kuri videwo yatambukijwe ku gitangazamakuru cy’igihugu, Bwana Zelensky yavuze ko ingabo za Ukraine ziri kurwana intambara ku butaka bw’abagizi ba nabi…

Read More

Muhanga : Umugabo w’imyaka 75 yiyemereye ko yasambanije umwuzukuru we w’imyaka 10

Kuri uyu wa kane tariki ya 20 Werurwe 2025 , Ubushinjacyaha bwatangaje ko bukurikiranye  umugabo w’imyaka 75 ukekwaho gusambanya umwuzuku we w’umukobwa w’imyaka 10 y’amavuko. Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bwemeza ko icyaha uyu mugabo akurikiranyweho yagikoze ku itariki ya 27 Gashyantare 2025 mu mudugudu wa Njamena, akagari ka Kibaga, mu murenge wa Rungendabari….

Read More

RIB iragira inama abakoresha amakarita ya banki (visa cards) mu kwishyura

Nyuma yo kwakira ibirego byinshi by’abantu bakoresha amakarita ya banki akoreshwa mu kwishyura (visa cards) bagaragaza ko babona amafaranga ava kuri konti zabo nta ruhare babigizemo, Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rurakangurira abaturarwanda kwirinda ubujura bw’imibare igaragara kuri aya makarita kuko hari abayiba bakagura ibintu kuri murandasi ba nyir’amakarita batabizi. Iperereza ry’ibanze rigaragaza ko hari…

Read More

 U Rwanda na Kazakhstan basinyanye amasezerano y’ubufatanye atandukanye

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 28 Gicurasi, u Rwanda na Kazakhstan byasinyanye amasezerano menshi y’ubufatanye mu nzego zitandukanye arimo na ajyanye n’ibikoresho by’ingenzi bikenerwa mu nganda. Aya masezerano yasinyiwe mu ruzinduko Perezida Paul Kagame yagiriye muri Kazakhstan, aho yakiriwe na mugenzi we Kassym-Jomart Tokayev.  Nyuma yo kugirana ibiganiro byihariye, Perezida Kagame yagize  ati: “Ibihugu…

Read More

Lamine Yamal yakoze ibyaherukaga gukorwa na Messi mu myaka 9

Umunya-Esipanye Lamine Yamal yatanze umupira wavuyemo igitego mu ijoro rya keye bituma yuzuza uwa gatandatu mu mikino 10 byaherukaga gukorwa na Lionnel Messi muri 2014-2015. Hari mu mukino w’umunsi wa 10 w’ashampiyona y’umupira w’amaguru muri Esipanye aho ikipe y’umutoza Hansi Flick[Barcelona] yari yakiriye ikipe ya Sevilla kuri Estadio Olimpico Lluis Companys. Ni umukino warangiye Barcelona…

Read More