Dore impamvu Umufaransa Paul Pogba agiye kugaruka ibihano yahawe by’imyaka ine adakina bitarangiye

Umufaransa Paul Pogba wari wahawe ibihano by’imyaka ine atagaragara mu  bikorwa byo guconga ruhago kubera gukoresha ibitemewe  yagabanyirijwe ibihano bigera ku mezi 18. Uyu musore ukina hagati mu kibuga yari yarahagaritswe mu kwezi  kwa Nzeri 2023 ubwo byazaga kwemezwa ko yakoresheje imiti itemewe yifitemo  DHEA (Dehydroepiandrosterone) izwiho kongera imisemburo ya testosterone na estrogen ndetse no…

Read More

Niger : Radio ya BBC yahagaritswe amezi atatu itongera kumvikana

Leta ya gisirikare ya Niger yamaze guhagarika igitangazamakuru cya BBC mu gihe cy’amezi agera kuri atatu nyuma yo kugishinja gutangaza amakuru y’ibinyoma yashoboraga kuba yagira uruhare mu guhungabanya ituze muri rubanda no kugenza biguru ntege ibikorwa bigamije kurwanya inyeshyamba z’abajihadiste . Aya makuru yanahamijwe na Bwana Raliou Sidi Mohamed usanzwe ari Minisitiri w’itumanaho ubwo yari…

Read More

Dore icyatumye Perezida Gnassingbe uyobora Togo ashimira Perezida Kagame

Kuri uyu mbere tariki 20 Mutarama 2025 , Perezida Faure Essozimna Gnassingbe uyobora Togo wasoje uruzinduko rwe rwagombaga kumara iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda amaze gushimira Perezida Paul Kagame uburyo yamwakiriye neza haba we ndetse n’abari bahumerekeje . Perezida wa Togo yasoje uruzinduko rw’akazi yagiriraga mu Rwanda rw’iminsi ibiri ku munsi wejo ku cyumweru ndetse…

Read More

Pochetino, Sofiyan Amrabat, Ederson Morayes n\’umusimbura wa eric tenhag

  Saudi Pro-League Al lttihad ikina muri shampiyona ya  Saudi Arabia irifuza Ederson Morayes ;umunya -brazil ufatira ikipe ya manchester city kuri miliyoni 25 z\’ama euros mugihe amasezerano ye azarangira muri 2026, kamena.( #Dailymail). Manchester united iri mu biganiro n\’umutoza wa Brentford Thomas Frank ndetse n\’uwahoze atoza chelsea Maurcio Pochetino kugirango irebe ko yabasimbuza umutoza…

Read More

English premier league : Cole Palmer akomeje kwandika amateka ari nako chelsea ikomeza kwicuma ku urutonde

Cole Palmer yabaye umukinnyi wa mbere mu mateka ya Premier League utsinze ibitego bine mu gice cya mbere cy’umukino , ibi akaba yabikoze mu kanya ubwo Chelsea yatsindaga Brighton ibitego 4-2 kuri Stamford Bridge. Uyu ni umukino ikipe ya chelsea yatangiye itungurwa hakiri kare cyane kuko ku munota wa karindwi gusa wari uhagije kugirango  Rutter…

Read More

Paper Talk[Europe]: Umweyo uvuza ubuhuha muri Chelsea ugiye gutuma Ben Chilwell yerekeza muri Manchester United! Barcelona  igiye  gutwa Federico Chiesa    

West Ham United  irasha  gusinyisha Umunya-Spain  w’imyaka 27  Carlos Soler  wa  Paris St-Germain  gusa kubera igiciro cye  birasaba  ko  the hummers ibanza kugurisha bamwe mu bakinnyi bayo. (Guardian) Ikipe  ya  Brighton irashaka  gutiza myugariro  wa  yo  Valentin Barco, 20,   mu ikipe  ya  Sevilla  yo mu gihugu cya Esipanye, gusa  biteganyijwe ko  ntamahirwe yo kumutwara mu buryo  bw’aburundu…

Read More

Tunisia : Kais Saied yiteguye gutsinda amatora ya perezida wa Tuniziya

Perezida wa Tuniziya, Kais Saied ari mu nzira yo gutsinda amatora ya perezida n’amajwi 89.2 ku ijana, nk’uko byagaragajwe n’ubushakashatsi bwakozwe n’abakurikiranira hafi politiki muri iki gihugu bwerekanwe kuri televiziyo ya Leta, bushimangira ubutegetsi bwa Saied nyuma yo gufata ubutegetsi mu myaka itatu ishize. Ubuyobozi bukuru bwigenga bw’amatora ya Tuniziya (ISIE) buratangaza ibyavuye mu matora…

Read More

Amakipe abiri akomeye muri Tanzania ategerejwe i Kigali

Ikipe ya Rayon Sports na APR FC biteganyijwe ko zizakina n’amakipe ya Simba SC na Young Africans mbere y’uko umwaka w’imikino utaha 2025-2026 utangira. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa Young Africans Ally Kamwe yemeje ko bazakina na Rayon Sports tariki 15 z’u kwezi kwa munani 2025, bikazaba ari umunsi w’igikundiro nk’uko abafana ba Rayon Sports bawita(Rayon…

Read More

Intambara ya Ukraine n’uburusiya : Ukraine yamaze kwigarurira kilometero kare igihumbi z’ubutaka bw’Uburusiya

ubuyobozi bw’ ingabo za Ukraine bwatangaje ko abasirikare b’iki gihugu barimo kugenzura ubuso bwa kilometero kare 1,000 z’ubutaka bw’Uburusiya, mu gihe barimo gutsinsura mu gitero cya mbere kinini cyambukiranya umupaka bagabye kuva Uburusiya bwashoza intambara isesuye kuri Ukraine imaze imyaka ibiri n’igice. Komanda wo ku rwego rwo hejuru w’ingabo za Ukraine witwa Oleksandr Syrskyi yatangaje…

Read More

Abanyeshuri 40 barimo abari bagiye kujya ku isoko ry’umurimo basanzwe ari baringa

Abanyeshuri  bagera kuri 40, barimo abigaga  mu ishami ry’ubuvuzi, birukanwe muri kaminuza  ya Mbuji-Mayi muri DRC  bashinjwa gukoresha uburiganya na ruswa kugira ngo babone uburyo bwo kwimukira mu ishuri rikurikiyeho . Aba banyeshuri bivugwa ko ubuyobozi bw’iyi kaminuza bwahisemo kubasetuza nyuma y’ubugenzuzi bwimbitse  bwakozwe nibura guhera ku wa mbere, 23 Ukuboza  bugakorerwa mu nyandiko z’amanota…

Read More