Musenyeri Jean Bosco Ntagungira yahawe ubwepiskopi

Musenyeri Jean Bosco Ntagungira yahawe ubwepisikopi bumugira umwepiskopi wa Diyosezi Gatolika ya Butare akaba asimbuye Mgr Philippe Rukamba. Kuri uyu wa gatandatu ,Imbaga y’Abakirisitu Gatolika, baturutse hirya no hino muri Paruwasi 26 zigize Diyosezi ya Butare bitabiriye Misa yo gutanga Ubwepiskopi kuri Musenyeri Ntagungira Jean Bosco. Uyu muhango w’Itangwa ry’ubwepiskopi wabereye kuri Katederali ya Butare…

Read More

Paper Talk[Europe]:Liverpool ntishaka kurekura kwa Anthony Gordon, Barcelona ishobora guterwa gapapu n’irangara kuri  Nico Williams!

Umwongerza ukina hagti mu kibuga  Kalvin Phillips, 28, yabwiye ikipe akinira  Manchester City ko yifuza kuba yasoka muri iy’ikipe mu buryo bw’aburundu  dore ko andimakipe atandukanye mu gihugu cy’Ubwongereza akomeje kumwifuza  Everton ndetse na  Aston Villa. (Football Insider) Rutahizamu w’umunya-Nigeria Kelechi Iheanacho, 27, yegereje kwinjira mu ikipe ya  Sevilla nyuma y’uko amasezerano ye arangiye mu ikipe ya Leicester…

Read More

DRC: umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu urashinja abo uvuga ko ari Ingabo z’u Rwanda na M23 kwica abasivile

Raporo y’umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu [HRW] irashinja igisirikare cy’u Rwanda n’inyeshyamba za M23 kumisha ibisasu nta kurobanura mu nkambi z’impunzi n’ahandi hantu hatuwe cyane hafi y’umujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Kongo muri uyu mwaka wa 2024. Iyi raporo ivuga ko mu kwa mbere k’uyu mwaka ingabo z’u Rwanda – RDF n’umutwe wa…

Read More

Ntacyo u Rwanda rwakigira kuri DRC mu iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’ikiremwamuntu : Ambasaderi Ngango

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2024 ,Ngango James usanzwe ari Ambasaderi w’u Rwanda i Genève mu Busuwisi yatangarije abarimo Patrick Muyaya uvugira  Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko igihugu cye nta kintu na kimwe gifite cyakigirwaho n’u Rwanda mu bijyanye n’amahame y’uyubahirizwa ry’ikiremwamuntu . Inkomyi y’ibi yaturutse ubwo aba banyacyuhabiro…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Abafatanyabikorwa ba Rayon Sports bayisezeranyije ibintu bikomeye mu nama y’inteko rusange

Igihugu cya Libya cyari cyarazahajwe n’intambara gishobora kuza kuba igihugu cya mbere gifite amasitade menshi yemewe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa ‘CAF’ bitarenze umwaka wa 2026.[MICKYJR] Ikipe ya Stellenbosch FC ibarizwa muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Africa y’Epfo yamaze gusaba CAF ko imikino yayo ya CAF Confederations ya 1/4 yazayikinira Cape Town…

Read More

Gen. Mubarakh Muganga yatanze umusanzu we mu gikorwa cy’urukundo cyo gutanga amaraso

Ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda giherereye ku  Kimihurura mu Mujyi wa Kigali habereye igikorwa cy’urukundo cyo gutanga amaraso cyanitabiriwe n’ abarimo Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga. Iki ni gikorwa cyateguwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC cyikaba cyabereye ku Cyicaro Gikuru cyabwo ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali ndetse no mu matsinda ya gisirikare…

Read More

Johnny Weissmuller yashyizeho amateka ku isi,Novak Djokovic,cristiano Ronaldo .. uyu munsi mu mateka ya siporo taliki ya 5/Kamena

1927 – Johnny Weissmuller yaciye uduhigo tubiri tw\’isi mu mikino yo koga. Weissmuller yashyizeho amanota muri metero 100, na metero 200, amarushanwa yo koga yubusa. 1963 – NHL yakoze umushinga wambere wikinira. Hatoranijwe abakinnyi 21. Montreal yahisemo mbere ihitamo Garry Monahan. 1967 – Shampiyona yigihugu ya Hockey (NHL) yatanze francises esheshatu. Minnesota y\’Amajyaruguru ya Stars…

Read More

AMATORA 2024: Uko Umunsi wa 17 wo kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.{Inkuru Yose}

Kuri uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo kwiyamamaza ku mbuga nkoranyambaga ndetse n’itangazamakuru.Mpayimana yasezeranije abaturage ko…

Read More

KIREHE: Babiri bafashwe batwaye mu modoka magendu y’imyenda ya caguwa

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Kirehe, yafashe abagabo babiri bari batwaye mu modoka yo mu bwoko bwa Hiace, amabalo arindwi y’imyenda ya caguwa, bari binjije mu gihugu mu buryo bwa magendu. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, Superintendent of Police (SP) Hamdun Twizeyimana, yavuze ko gufatwa kw’ariya mabalo byaturutse ku makuru yatanzwe n’abaturage. Yagize…

Read More