UYU MUNSI MU MATEKA : Igihugu cya Côte d’Ivoire cyabonye ubwigenge naho Muammar al-Gaddafi, wayoboye Libya abona izuba

uyu munsi ku wa gatatu , tariki 8 Kanama ni umunsi wa 220 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 146 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1782: George Washington yategetse ko hakorwa imidali y’icyubahiro igenewe abasirikare bakomerekeye ku rugamba, iyi midali yahawe inyito ya Badge of…

Read More

Kabgayi : Abaganga bakomeje kuba ab’ibura mu mpera z’icyumweru

Abashakira serivisi z’ubuzima ku bitaro bya Kabgayi biherereye mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo baratangaza ko muri ibi bitaro hari ikibazo cy’ubuke bw’abaganga byumwihariko mu minsi y’impera z’icyumweru . Bamwe mu barwayi barembeye mu bitaro bya Kabgayi bavuga ko mu minsi isoza icyumweru bahura n’imbogamizi y’abaganga badahagije ku buryo rimwe na rimwe hari igihe…

Read More

abafana n’ubu baracyakomeje kwibaza ugurira ikipe yabo! Rayon sports yaguze Haruna Niyonzima

Ikipe ya Rayon sports imaze gusinyisha Haruna Niyonzima wahoze ari kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yavuye muri Al Ta’awon SC, yemezwa nk’umukinnyi mushya wa Rayon Sports yahozemo mu myaka 17 ishize. Aya makuru yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2024 aho uyu Haruna Niyonzima aje muri Rayon Sports avuye mu ikipe…

Read More

Perezida Kagame yerekanye impamvu interahamwe zicyidegembya !

Perezida Kagame yavuze ko abishe abantu muri Jenoside yakorewe Abatutsi bari bafite ababashyigikiye, babateye inkunga muri uwo mugambi mubisha kandi n’ubu ariko bikimeze.  Perezida wa Repubulika yabitangaje kuri iki cyumweru  tariki ya 16 Werurwe 2025 ubwo yahuraga n’abaturage barenga 8000 Ni muri gahunda yiswe Kwegera Abaturage ibaye ku nshuro ya mbere kuva hatangizwa gahunda ya NST2. Aho…

Read More

Sobanukirwa ihuriro n’itandukaniro riri hagati ya England,Great Britain na UK ibigora benshi

Ni kenshi mu matwi yacu twumvamo ijambo England , Great Britain cyangwa se United Kingdom(UK) kandi rimwe na rimwe ukumva birakoreshwa mu kuvuga igihugu cy’Ubwongereza. Si byo gusa kuko rimwe na rimwe ujyakumva ngo Scotland , Wales, England cyangwa se Great Britain ngo byitabiriye amarushanwa runaka kandi ukumva ngo bibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza. Muri iyi…

Read More

Ingabo zihuriweho na FARDC-UPDF ziratangaza ko zasenye inkambi y’inyeshyamba za ADF

Ihuriro ry’ingabo za Kongo (FARDC) n’ingabo za Uganda (UPDF) riratangaza ko zasenye, ku ya 1 na 2 Nzeri, ikigo gikomeye cy’inyeshyamba za ADF giherereye mu burengerazuba bw’akarere ka Makumo na Biakato, mu karere ka Beni (Kivu y’Amajyaruguru). Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’urwego rukora ibikorwa bya Sokola 1 Grand Nord ya FARDC, Colonel Mak Hazukay, yavuze ko…

Read More

abakandida-Senateri batandukanye bakomereje ibikorwa byo kwiyamamaza mu Karere ka Musanze

kuri uyu wa gatatu , tariki ya 28/Kanama , mu Karere ka Musanze hiyamamarije abakandida batatu barimo Nyinawamwiza Laetitia, Dr Gatera Jean d’Amour na Amb Rugira Amandin  mu amatora y’abasenateri ateganijwe kuba ku itariki 16 na 17 Nzeri 2024. Ni mu gihe hirya no hino mu Gihugu hakomeje ibikorwa byo kwamamaza abakandida-Senateri, aho abiyamamaza bakomeje…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA :Saddam Hussein nyuma yo gutera amahane ngo afungurwe yimuriwe mu bundi buroko naho umwami w’abami Haile Selassie abona izuba

uyu munsi tariki 23 Nyakanga ni umunsi wa 205 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 161 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo Ku cyumweru cya tariki 23 Nyakanga 2023, Muri Diyosezi ya Butare, Paruwasi ya Mugombwa habereye igikorwa cyo gusoza urugendo rw’Isanamitima icyiciro cya 2, rwakozwe n’abakrisitu 303. . Bimwe mu byaranze itariki…

Read More

Ubushinwa bugiye kwakira imikino mpuzamahanga y’amarobo

UBushinwa bwatangije imikino mpuzamahanga ya mbere y’amarobo “World Humanoid Robot Games” izamara iminsi itatu, igamije kwerekana aho bugeze mu ikoranabuhanga rishingiye ku bwenge buhangano (Artificial Intelligence). Iri rushanwa rihuriyemo amakipe 280 aturutse mu bihugu 16. Amarobo azahatana muri irushanwa azaba ari mu bisata bitandukanye birimo imikino ngororamubiri , gusiganwa ku maguru, Tenis yo ku meza,…

Read More