Isaha idasanzwe Lionnel Messi aherutse kugura

Kizigenza Lionnel Messi aherutse kugaragara yambaye isaha nziza ifite agaciro k’ibihumbi £700,000 by’amapawundi y’Abongereza, nyuma y’izindi yari asanzwe atunze. Uyu musore usanzwe akinira ikipe ya Inter Miami muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu bakinnyi ba ruhago bafite agatubutse binatuma atunga imodoka, imyambaro ndetse n’ibindi birimo n’amasaha yambara bihenze. Dore urutonde rw’abakinnyi 10 b’umupira…

Read More

DRC : Ihohoterwa rikomeje gufata indi ntera ku banyamakuru bakorera mu burasirazuba bwa Kongo

Abanyamakuru bagera kuri 13 bamaze guhunga intambara mu bice byo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo, kubera kwibasirwa n’ibitero by’abagizi bwa nabi mu gihe cy’icyumweru kimwe gusa . Ni imibare yatanzwe n’ihuriro ry’Abanyamakuru bahunze intambara rizwi nka Synergie des Journalistes Déplacés. Abo banyamakuru kuri ubu bacumbikiwe mu mujyi wa Goma. Iri huriro ribivuze…

Read More

AS Kigali yaguze umwataka mushya  

Mu gihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda iteganyijwe gutangira ku wa 14 Nzeri 2025, AS Kigali ikomeje kwiyubaka, aho yamaze gusinyisha rutahizamu Jesus Ducapel Moloko kugira ngo azayifashe mu mwaka w’imikino wa 2025/26. Uyu mukinnyi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, afite imyaka 27, akina asatira anyuze ku mpande. Uyu yanyuze mu makipe akomeye…

Read More

Indirimbo nshya “Best Friend” ya Bwiza na The Ben ikomeje kubica bigacika!

Kuri uyu wa kabiri taliki 19 Ugushyingo 2024, Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda Mugisha Benjamin uzwi nka “The Ben”, afatanyije n’umuhanzikazi Bwiza Emerance uzwi nka “Bwiza” bashyize ahagaraga indirimbo “Best friend” aba bombi bahuriyemo. Iyi ndirimbo “Best friend” ugenekereje mu kinyarwanda isobanuye “incuti y’akadasohoka cyangwa se incuti magara” igiye ahagagara nyuma y’igihe…

Read More

Umutoza w’Ikipe y’Igihigu ya Ghana ntiyumva ukuntu Richmond Ramptey adakina muri APR FC

Umunyamakuru ukomeye akaba n’inzobere mu bijyanye n’Igura n’Igurisha ry’Abakinnyi ku mugabane wa Africa Micky Juniro, akaba akomoka mu gihugu cya Ghana yatangaje ko umutoza w’Ikipe y’Igihigu ya Ghana atumva impamvu Richmond Ramptey adakina muri APR FC. Kuri ubu ikipe y’igihugu ya Ghana izwi nk’inyenyeri z’umukara iri gutozwa n’umwene gihugu witwa Otto Addo w’imyaka 49, akaba yarakiniye…

Read More